Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Mu ntangira z’umwaka wa 2022 , umuhanzi umuhanzi The Ben yakoreye igitaramo i Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yerekwa urukundo rudasanzwe n’abakunzi b’umuziki nyarwanda.
Iki gitaramo...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yashyize mu myanya abasirikare batandukanye bagizwe na ba Colonel batanu na ba Lieutenant Colonel...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Musanze ku wa 23 Ugushyingo yafatanye abagore batatu magendu n’inzoga zitemewe mu Rwanda.
Abafashwe ni Diane Uwineza, Solange Nyiramagaju na Chantal Nyiranzira....
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude yasabye abayituye kwirinda kwishora mu biyobyabwenge no gufatanya kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu , icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo...
Bamwe mu byamamare byo mu Rwanda bagiye basangiza abakunzi babo amwe mu mafoto yabo yo mu myaka icumi ishize mu cyiswe 10 years challenge gusa hari n’abashyize hanze amafoto yo mu bwana bwabo nka...
Madiba Safi Niyibikora, ishyiga ry’inyuma mu itsinda rya Urban Boys, yabeshyuje ibyavuzwe ko umuzungukazi yakundaga kuba ari kumwe nawe ariwe ntandaro yo gutandukana na Umutesi Parfine biteguraga...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Musanze na Gakenke ku itariki ya 14 Nyakanga yangije ibiyobyabwenge bitandukanye. Mu karere ka Musanze ibikorwa bya kubyangiza byabereye mu mirenge ya...
Amwe mu makosa yaranze PGGSS 8 turasangamo , kutubahiriza igihe , kwirengagiza amabwiriza , kujarajara kw’ abahanzi mu njyana.
Primus Guma Guma Super Star irushanwa riba buri mwaka aho rijyamo...
Kuwa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ubuyobozi bw’umurenge wa Bungwe n’abaturage b’uyu murenge, bangije ku buryo bwabugenewe ibiyobyabwenge...
Kuri uyu wa 29 Ukuboza, ku kimoteri cya Nduba Kiri mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo, hangirijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kari hejuru ya Miliyoni 16 n’ibihumbi 500 byose byavuye mu...
Kuwa 01 Ukwakira Safi Madiba yamanitse ukoboko imbere y’amategeko y’Igihugu ahamyaka ko azakomeza gukunda Niyonizera Judithe mu bibi no mu byiza ndetse ko azamukunda by’iteka ryose.’Ni indahiro...
Ku gicamunsi cyo ku itariki 21 Kanama uyu mwaka, mu karere ka Burera habereye igikorwa cyo kumena no kwangiza inzoga z’ubwoko butandukanye zifatwa nk’ibiyobyabwenge mu Rwanda, abakitabiriye...