Abana b’iki kigero ubundi bakubagana mu bindi ariko uyu mwana w’imyaka itanu witwa Adrian we ntasanzwe kuko yafashe imodoka y’ababyeyi be ’ayikubita ikiboko’ ahagarikwa na polisi ari ku muhanda mugari...
Imyaka igiye kuba 2 Miss Shanitah Umunyana atarahabwa imodoka ye yatsindiye nk’igihembo nyamukuru mu irushanwa rya Miss East Africa 2021.
Iyi ntsinzi ya Miss Shanitah yari ishema kuri buri...
Depite wo mu nteko ishingamategeko y’Amerika yambuwe imodoka ye n’ibyo yari afite afatiweho imbunda mu bujura bwo kwiba imodoka bwabaye ku manywa y’ihangu mu mujyi wa Philadelphia muri leta ya...
Myugariro w’ikipe ya Manchester City,Benjamin Mendy,ari kurwana n’igihe kugira ngo imodoka ye ihenze cyane ya Lamborghini Aventador SVJ idatezwa cyamunara nyuma yo gufatwa na Polisi y’Ubwongereza...
Umukinnyi ukiri muto Joe Willock ukina hagati mu ikipe ya Arsenal yakoze impanuka y’imodoka mu cyumweru gishize ubwo yari agiye mu myitozo y’ikipe ariko kubw’amahirwe ntacyo yabaye kuko iyi modoka...
Bimwe mu bitangazamakuru byo mu rwanda byanditse ko amafaranga Mwiseneza yahawe n’Umunyamideli Mimi Mirage yo Kugura imodoka nk’impano yari yamuhaye atigeze amenya irengero ryayo cyane ko musaza we...
Polisi y’u Rwanda yakuye ho urujijo ku umumasayi byavuzwe ko yafashe azunguza yamushyira mu modoka ikanga kwaka.Mu minsi micye ishize mu mujyi wa Kigali humvikanye amakuru avuga ko Polisi yafashe...
Ku nshuro ya mbere abahanga mu gukora imodoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika bakoze imodoka igiye kuzajya ihinduka indege ikaguruka mu gihe nyirayo abishatse,izashyirwa ku isoko umwaka...
Umuhanzi Niyibikora Safi uzwi nka Madiba yemeje ko yaguze imodoka ya Miliyoni 20 Rwf Jupe Toyota Land Cruiser ahakana ibyavuzwe y’uko yayiguze mu mafaranga yahawe n’umufasha we Niyonizera Judithe....
Polisi mu karere ka Gasabo ifungiye kuri Sitasiyo ya Remera abagabo batatu bakekwaho ubufatanyacyaha mu gukora no kugurisha ibyemezo by’ibyiganano by’isuzuma ry’ubuziranenge bw’imodoka
Abafungiwe...
Inzuki ibihumbi zibasiye imodoka Nissan yari iparitse mu mujyi wa Hull, aho zaje zigaca ingando mu modoka ya Shirley Taylor ye yari iri imbere y’umuryango w’inzu ye ku cyumweru mu gace k’ahitwa...