1. Develop legal and regulatory instruments of the institution • Drafting the legal texts regarding the institution and deliver legal opinions argued on the texts of laws, instructions,...
• Conduct desk review studies and assessments on various topics related to One Health; • Perform epidemiological analysis, risk assessment and forecast of health threats requiring One Health...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwahagaritse Umutoza Adil Erradi kuri uyu wa Gatanu mu gihe kitazwi ariko biravugwa ko ari ukwezi kose.
Uyu mutoza biravugwa ko azira amagambo aheruka gutangaza ku...
Umutoza Mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc Adil Mohammed Erradi, yatangaje ko agiye kurega umunyamakuru wa Radio Rwanda, Kwizigira Jean Claude, watangaje ko nta byangombwa byemewe by’ubutoza...
Rutahizamu wa Liverpool yanyomoje Pep Guardiola uherutse gutangaza ko gutwara igikombe cya Premier League biruta gutwara Champions League aho we yavuze ko Champions League ariryo rushanwa...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria wavuzweho gushaka abagore benshi yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Gashyantare 2017 aguye iwe mu rugo.
Mohammed Abubakar Masaba, yari umwe...
Indi nyandiko yo hagati muri Gashyantare mu mabanga ya Pentagon yashyizwe ku karubanda isobanura ikiganiro cyeruye hagati ya Guterres n’Umunyanijeriyakazi umwungirije, Amina Mohammed, wumvikana...
Iran yasezeranyije ko izahorera iyicwa rya Mohsen Fakhrizadeh, wari umwe mu bahanga bayo bakomeye mu bumenyi bwa nikleyeri, wiciwe hafi y’umurwa mukuru Tehran ku wa...
Ikipe ya APR FC y’ubukombe mu Rwanda yamaze gusinyisha umutoza w’Umunya Maroc witwa Adil Mohammed Erradi amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa yemera kuzajya imuhemba akayabo ka miliyoni...
Ni kenshi abantu bahunga ubutaka bari batuyeho bitewe n’ubuzima babayemo mu rwego rwo kurokora ubwo barimo, ubu ,Igikomangoma (princesse) Haya Bint al-Hussein, umugore wa Cheikh Mohammed Al...
Umuyobozi wa Dubai, Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum,yatangaje ko umugore we Princess Haya Al Hussein w’imyaka 45 yamwibye akayabo ka miliyoni 31 z’amapawundi yarangiza agahungira mu...
Imwe mu nkuru zirimo kuvugwa cyane mu binyamakuru ni inkuru y’ umuherwe ukiri muto muri Afurika Mohammed Dewji washimutiwe muri hoteli yo muri Tanzania.
Kuri uyu wa Kane nibwo haratangira imikino y’Igikombe cy’isi 2018,aho ikipe y’Uburusiya yakiriye iki gikombe irahura na Saudi Arabia ku kibuga cya Luzhniki giherereye mu mujyi wa...
Perezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.
Amakuru yatangajwe ku rukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, avuga ko...
Kuri uyu wa mbere Umwami Mohamed wa VI wa Maroc na Perezida Paul Kagame baganiriye ku mavugururwa y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe (A ) uyoborwa muri uyu mwaka na Perezida...