Abakinnyi b’Amavubi batozwa na Frank Trosten bakoze imyitozo ya nyuma muri Madagascar bitegura umukino urabahuza na Botswana kuri uyu wa gatanu mu mvura...
Ikinyamakuru cyo muri Madagascar cyitwa La Gazette de la grande iIe kigiye kujyanwa mu nkiko n’Umunya Politike Moise Katumbi kubera ko cyatangaje ko uyu muherwe yahaye ruswa umunyezamu wa Zimbabwe...
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yavuze ko yishimiye ubuyobozi bwa Perezida Kagame kubera ukuntu bwagerageje kunga Abanyarwanda bari baracitsemo...
Ikipe ya Patriots BC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya Basketball African League [BAL]yatsinze bigoranye GNBC yo muri Madagascar amanota 78 kuri 72 mu mukino wayigoye...
Ikipe y’igihugu y’u Burundi, Intamba mu rugamba, yasezerewe mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu ikomeje kubera mu Misiri, nyuma yo gusoza imikino yose yo mu tsinda B nta n’umwe...
Perezida wa Tanzania John Magufuli yakuye icyizere ku bikoresho byifashishwa mu gupima Coronavirus, avuga ko ibyo byerekana atari ukuri nyuma y’uko ngo hafashwe ibipimo ku ihene n’ipapayi...
Abakozi bo ku kibuga cy’indege cya Maurice batoye uruhinja rukivuka rwasizwe aho bata umwanda mu bwiherero bwo mu ndege.
Umugore w’imyaka 20 uturuka muri Madagascar, ukekwa kuba ariwe wwabyaye...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 mu mukino wa Handball yaraye yerekeje I Dakar muri Senegal mu mikino nyafurika y’abatarengeje imyaka 20 izwi nka ‘EHF Challenge Trophy’.
Iyi kipe yari imaze...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hateganyijwe Tombola y’uko amakipe azhura mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matisnda ya CAF Confederations Cup aho ikipe ya Rayon Sports yashyizwe mu gakangara ka C...
Ikinyamakuru gikomeye ku isi mu gukora intonde z’ibyamamare bikize ndetse n’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga,Forbes,cyashyize u Rwanda mu bihugu 10 bituje ba mukerarugendo bakwiye gutembereramo mu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Ukuboza 2019,Nyakubahwa perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kumurika ikirango cy’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball ya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 07 Gicurasi 2020,mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus bashya 3. Abamaze kwandura iyi virusi mu Rwanda babaye 271. Ku rundi ruhande...
Ikipe ya Patriots BBC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 13 izifashisha mu mikino ya BAL barimo umuraperi w’Umunyamerika, J. Cole wubatse izina rikomeye.
Uyu munsi, Perezida Kagame yakiriye J. Cole, ukinira Ikipe ya ‘Patriots Basketball Club’ mu marushanwa ya ‘Basketball Africa League’ abereye mu Rwanda ku nshuro yayo ya...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...