Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021 nibwo abarimo imfungwa n’abagororwa batandukanye bahawe urukingo rwa Covid-19 ndetse aba barimo na Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda akurikiranweho...
Urubanza rwa Idamange Yvonne rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’urukiko rwakoreye mu karere ka Nyanza mu majyepfo mu gihe we yari i Kigali muri gereza afungiyemo. Yavuze ko atiteguye kuburana....
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwavuze ko ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher nta shingiro bufite, rutegeka ko icyemezo cy’urw’Ibanze rwa Kicukiro mu rubanza rwaciwe muri Nyakanga 2020...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Nyakanga ryafashe itsinda ry’abantu Batanu bacyekwaho kuba bibaga za Moto mu Mujyi wa Kigali....
Umuhanzi Tuyishime Joshua wakunzwe na benshi ku izina rya "Jay Polly" yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali.
Umuraperi Jay...
Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yatabarutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane azize uburwayi mu bitaro bya Muhima aho amakuru avuga ko yahitanwe n’ibiyobyabwenge...
Jay Polly yari umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, ari nabyo byatumye inkuru y’urupfu rwe ishavuza benshi kuva ku bavandimwe be, inshuti, abakunzi b’ibihangano bye ndetse...
Umuvandimwe wa Jay Polly,Uwera Jean Maurice uzwi nka "UncleMorris"yatangaje ko uyu muraperi babanje kutumvikana ubwo yari atangiye umuziki bitewe n’imyandikire ye.
Uyu mugabo usanzwe akora kuri...
Umuhanzi Nemeye Platini P uzwi ku izina rya Platini P , yaciye bugufi asaba imbabazi, nyuma yo gushinjwa gushinyagurira nyakwigendera Jay Polly agasohora indirimbo yo kwamamaza inzoga...
Urubanza mu mizi rwe rwari gutangira none kuwa kane rwasubitswe kuko “abacamanza bari mu mahugurwa”, nk’uko umwanditsi w’urukiko rwisumbuye rwa Huye yabibwiye abanyamakuru.
Inteko y’abacamanza...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’abagororwa mu Rwanda RCS, rwatangaje ko kugeza ubu muri gereza zo mu Rwanda ibikorwa byo gukingira bigeze ku gipimo gishimishije gusa 58 muri bo banze gufata...
Kuri uyu wa Kane Taliki 17, Werurwe, 2022 mu Rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ruri hafi ya Stade ya Kigali i Nyamirambo hatangiye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore ukurikiranyweho uruhare mu...
Tuyishime Jean avuga ko yashaririwe n’ubuzima nyuma yo kubaho ntakerekezo afite kubera amateka ya Jenocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994, avuga ko Se umubyara yishwe n’interahamwe muri Jenocide...