Stephen Paddock warashe akica abantu 59 mu gitero cyabereye I Las Vegas yari afite gahunda yo kugaba ikindi gitero Lollapalooza ahari umukobwa wa Obama Malia Obama.
Iki gitero cyabaye tariki 1...
Igitero cyo mu kirere cyo gufasha ingabo za leta muri Somalia cyishe abarwanyi ba al-Shabab bagera kuri 30,nkuko bivugwa n’igisirikare cya Amerika.
Icyo gikorwa cyabereye hafi y’Umujyi wa Galcad,...
Perezida Museveni wa Uganda yatangaje ko abasirikare b’igihugu cye bagera kuri 54 ari bo baguye mu gitero abarwanyi ba Kiyisilam bo mu mutwe wa al Shabaab bagabye mu cyumweru gishize ku ngabo za...
Mu buryo butunguranye cyane,APR FC yari yitezwe ko iranyagira Gaadiidka FC yo muri Somalia ibitego byinshi,yananiwe no kuyitsinda bike banganya igitego...
Kuri uyu wa Mbere ushize kuri televiziyo, abategetsi bavuze ko Ingabo za Mali zishe Abu Huzeifa, Umuyobozi w’ishami rya Leta ya Kisilamu muri Afurika y’Iburengerazuba, mu gikorwa kinini cyabereye...
Umukinnyi Rafael York uvuka kuri nyina w’umunyarwandakazi na se ukomoka muri Angola,ukinira ikipe ya Eskilstuna mu cyiciro cya kabiri muri Sweden,ntabwo azakina umukino w’amajonjora yo gushaka...
Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Nyakanga 2021, ubwo Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Assimi Goïta,yari mu musigiti munini w’i Bamako mu murwa mukuru w’icyo gihugu,umugizi wa nabi yashatse kumutera icyuma...
Abategetsi bo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO/ECOWAS) bahagaritse Mali mu bihugu binyamuryango nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru gishize ryakozwe...
Igisirikare muri Mali cyongeye guhirika ubutegetsi aho bivugwa ko abasirikare bakomeye bafunze uwari Perezida w’inzibacyuho Bah Ndaw na Minisitiri w’intebe n’uwingabo kuri uyu wa mbere mu rwego rwo...
Umugore wo muri Mali w’imyaka 25, yaraye abyaye abana icyenda, kimwe mu bintu by’imbonekarimwe mu buzima bw’abantu.
Halima Cissé w’imyaka 25 yabyaye ejo ku wa kabiri abakobwa batanu n’abahungu bane...
Muri Niger, abasirikari 16 b’ingabo z’igihugu biciwe mu gico hafi y’umupaka wa Mali.Mu itangazo yashyize ahagaragara, guverinoma ya Niger ivuga ko abateze iki gico bari ku mapikipiki arenga ijana....
Se w’umukobwa w’imyaka 12 wo muri Somalia yavuze ko umuryango we ari wo wihitiyemo abo kwica abagabo babiri bahamwe n’icyaha cyo kumusambanya barangiza bakamwica.
FOTO@INTERNET
Ubushakashatsi bwakozwe mu bihugu bitandukanye ku Iis no muri Afurika muri rusange ku mibereho y’abagore mu bihugu bitandukanye, bugaragaza ko igihugu cya Somalia ari cyo gihugu...
Umuhanzi Salif Keita umuvandimwe wa President wa Mali Ibrahim Boubacar Keïta yamusabye kubwiza ukuri President w’Ubufaransa Emmanuel Macron ku bibazo biri hagati y’ibihugu byombi cyangwa ahitemo...
Intagondwa zo mu mutwe wa Al Shabaab ziciye abasirikare batandatu bo mu ngabo z’uburundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia [ AMISOM] mu gace ka Bal’ad kari ku birometero 30 uvuye mu...
Umwana w’imfura w’uwahoze ari perezida wa USA,Barrack Obama,yafotowe amafoto menshi yambaye utwenda tw’imbere ubwo yari yasohokeye ku mucanga wa Miami kuwa...