Pierre Buyoya wahoze ari Perezida w’u Burundi, kuri ubu akaba yari intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe (AU) muri Mali na Sahel, yatangaje impamvu aherutse gufata icyemezo cyo kwegura ku murimo yari...
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia...
Ikipe y’u Rwanda "Amavubi" yatsinzwe umukino wa mbere wo mu itsinda F mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino y’igikombe cy’isi 2021 na Mali igitego...
Abatuye umurenge wa Nkombo ugizwe n’ ikirwa kinini kiri mu mazi y’ ikiyaga cya Kivu bavuga ko hari igihe umubyeyi ava muri uyu murenge akabyarira ku nkombe z’ ikiyaga cya Kivu habuze...
Abasirikare 12 bo mu gihugu cya Uganda baherutse kwicwa n’umutwe wa Al Shabab, imirambo yabo yagejejwe mu gihugu kuri uyu wa Gatatu ku isaha ya samunani n’iminota mirongo ine.
Aba basirikare uko...
Hamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza...
Umunyarwenya ufite isura itanagaje isetsa benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga ukomoka mu gihugu cya Mali Grand M , ifotoye na Shaddyboo yatangaje benshi bavuga ko batari baziko abaho. Menya...
Gahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere...
Sir Mo Farah yahishuye ko yajyanwe mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari umwana, ahatirwa gukora nk’umuja wo mu rugo.
Iki cyamamare mu gusiganwa ku maguru mu mikino ya Olympic...
Umuvugizi w’ingabo za Uganda UPDF, Brigadier General Felix Kulaigye, yatangaje ko abasirikare bane ba Uganda barokotse igitero cy’abarwanyi ba Al Shabab bishe bagenzi babo bari mu butumwa...
Ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia yandikiye FERWAFA iyisaba Kwakirira APR Fc i Kigali mu mukino w’ijonjora ryibanze ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions...
Umusore w’imyaka 20 ukomoka muri Bangladeshi yakoze amahano mu ndege ya Malindo Air yavaga Kuala Lumpur yerekeza i Dhaka, ubwo yakuragamo imyenda yari yambaye abitewe na kureba filimi y’urukozasoni...
Umuhanzi waririmbaga mu njyana ya Rap witwa Carl Dobson w’imyaka 33 uheruka gukatirwa igifungo cya burundu kubera kwica umuntu,yafashwe ari gusambanya umukozi wo muri gereza ubwo yari mu mirimo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda ushinzwe igenamibambi n’ ubutegetsi nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Imirwano y’imbunda ziremereye yumvikanye mu masaha yo ku wa gatandatu mu ntara ya Lower Shabelle mu majyepfo ya Somalia nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byaho.
Kuva uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama yatangira imirimo ye mu mwaka wa 2009, umuryango wa Obama wagaragaye mu ruhame, ukurikiranwa cyane. Nk’uko Barack na...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagarutse ku bihe bya ‘Guma mu rugo’ yanyuzemo n’umuryango we, ariko by’umwihariko umusore Rory Farquharson ukundana n’umukobwa we...
Ikipe ya Maroc yari mu itsinda rimwe n’u Rwanda ikananirwa kurutsinda,yageze ku mukino wa nyuma yandagarije Cameroon imbere y’abakunzi bayo aho yabatsinze ibitego 4-0 mu gihe Mali nayo yageze ku...
Umunyamideli w’Umwongerezakazi Naomi Campbell yerekanye inzu y’igitangaza afite mu gace ka Malindi mu Majyepfo ya Kenya ku nkengero z’Inyanja y’u Buhinde avuga ko isobanuye urukundo rwe kuri...
Muri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gicurasi, 2021 yavuze ko...
Nyuma y’Igihe gityo Jennifer Lopezi asubiranye n’umukunzi we wa cyera Ben Affleck, bashimangiye ko bari mu munyenga w’urukundo ubwo basomaniraga mu ruhame mu birori bari bitabiriye byo kwizihiza...