Umuraperi w’umunyamerika J. Cole wari uri gukinira ikipe ya Patriots yo mu Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League ntabwo azakina imikino ya 1/4 kuko yahisemo kuva mu Rwanda ku mpamvu ze...
Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL y’uyu mwaka,Patriots BC yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 83-60,biyifasha kwinjira neza muri iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe y’ibigugu...
Ikipe ya Patriots BBC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 13 izifashisha mu mikino ya BAL barimo umuraperi w’Umunyamerika, J. Cole wubatse izina rikomeye.
Perezida Paul Kagame yabwiye abaturage ba Mozambike ko ubu u Rwanda na Mozambique byarushijeho gukorana, mu rwego rwo gushakira igihugu umutekano,ubwo yabasuraga mu isoko ku munsi w’ejo kuwa 28...
Polisi muri Tanzania yemeje ko abantu bitwaje intwaro barenga 300 baturutse muri Mozambique, bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Ukuboza 2019,Nyakubahwa perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kumurika ikirango cy’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball ya...
Umutoza mukuru wa Amavubi, Carlos Alos Ferrer,yashimangiye ko umukino wo kuri uyu wa gatatu na Benin kuri Stade ya Kigali Pelé bagomba kuwutsinda’ byanze bikunze kugira ngo bongere amahirwe yo...
Imikino yo mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroon mu mwaka wa 2021 yatangiye aho amakipe amwe yabashije kubona amanita ya mbere mu gihe Amavubi kimwe n’abandi...
Inkuru y’itabwa muri yombi rya Kayishema Fulgence wafatwaga nka nimero ya mbere mu bashakishwa ku bw’uruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ni imwe mu ziri kuvugwa cyane ku Isi. Gusa...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...
Maj Gen Eugene Nkubito yasimbuye Maj Gen Innocent Kabandana nk’Umuhuzabikorwa w’inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi n’abaturage b’iki gihugu muri rusange, ku ntambwe bateye yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima...
Umukinnyi wo hagati,Manishimwe Djabel yavunikiye mu mukino w’umunsi wa 08 wa shampiyona ikipe ye ya APR FC yanganyijemo na Kiyovu Sports 0-0, kuri stade ya Kigali I...