Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Myinshi mu mijyi yo ku isi ikunze kwibasirwa n’abagizi ba nabi kubera ubwinshi bw’abantu baba bayituyemo ndetse n’ibikorwa biyikorerwamo byatumye abashakashatsi bakora urutonde rw’imijyi iberamo...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Umukinnyi Toni Kroos w’Ubudage agaruriye Ubudage icyizere cyo gukomeza mu mikino ya 1/16 cy’irangiza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda igitego ku munota wa nyuma mu mukino batsinze Sweden ibitego...
Ubudage bwatwaye igikombe cy’isi giheruka, bunaniwe kurenga amatsinda y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera mu Burusiya nyuma yo gutsindwa na Koreya y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wa 3 wo mu...
Perezida wa USA Donald Trump yatangaje ko agiye kubaka urukuta rurerure mu butayu bwa Sahara kugira ngo abimukira baturuka muri Afurika berekeze I Burayi bahagarika ingendo...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Mubyara wa Lionel Messi yavuze ko Diego Maradona ko ari igicucu kubera amagambo aherutse gutangaza ko uyu rutahizamu wa FC Barcelona adakwiriye kuba kapiteni wa Argentina kubera ko yabaswe na...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yakuyeho itegeko ribuza Amerika gufasha imiryango mpuzamahanga ifasha ikora cyangwa itanga inama ku gukuramo...
Umusifuzi witwa Oscar Macias Romo yibasiwe cyane n’abakinnyi b’ikipe ya Cruz Azul ubwo yahagararaga nabi mu rubuga rw’amahina bakamushota umupira waganaga mu izamu akawukoraho ukajya...
Kabuhariwe mu gukora uduhigo mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo, arashaka gukora amateka yo kuba umukinnyi wa mbere ukoze amateka yo gukina igikombe cy’isi inshuro 6 cyane ko ngo ashaka kuzakina...
Umuririmbyikazi yarashwe n’umugabo we ugeze mu za bukuru nyuma yo kugerageza kumuta bari bamaze igihe babana.
Abapolisi bavuga ko Yrma Lydya w’imyaka 21 yarashwe n’umugabo we Jesus Hernandez...