Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Uyu munsi, Urukiko rw’Ikirenga rwa leta ya Colorado, mu burengerazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, ruratangira kuburanisha ubujurire mu rubanza rw’abaturage bashaka kubuza Donald Trump kwandikwa...
Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi...
Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Kuri iki cyumweru, umupilote yapfuye nyuma y’aho indege yari atwaye mu rwego rwo kuryoshya ibirori byo kwerekana igitsina cy’umwana we yakoraga impanuka...
k’uburasirazuba bwa Leta zinze ubumwe z’Amerika ku mugoroba wo ku wa mbere. Byahitanye abantu babiri bituma ingo n’ibigo by’ubucuruzi birenga miliyoni imwe bibura umuriro...
Impanga zavutse zifatanye, Lupita na Carmen Andrade,b’imyaka 22 baherutse kuvuga ku kuntu bimera kuba baravutse bafatanye ndetse no kuba batumva kimwe ibyo gukundana ndetse n’ibindi.
Izi mpanga...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Polisi yo muri Amerika y’Epfo yafashe cocaine (cocaïne) n’ibindi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyari 5 z’amadolari y’Amerika, mu gikorwa yakoze mu byumweru bitatu mu bihugu...
Myugariro Dani Alves ngo ari kwiyicisha inzara kubera umugore we wasabye gatanya nyuma yo kuvumbura ko yamuciye inyuma mu kabyiniro ari nabyo byamuviriyemo gufungwa.
Alves ufungiwe muri Espagne...
Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yongeye gushotora uwahoze ari umugabo we, Gerard Pique,atuka umukunzi we w’imyaka 23 witwa Clara Chia Marti yamusimbuje.
Shakira wakunzwe mu ndirimbo nyinshi...
Umugore wa myugariro,Dani Alves yasabye gatanya nyuma yo kumva ko uyu mugabo we afunzwe ashinjwa gusambanyiriza umugore mu kabyiniro ko mu mujyi wa Barcelona.
Madamu Joana Sanz w’imyaka...
FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu gikombe cy’isi aricyo cyahize ibindi byose mu bwiza muri iri rushanwa.
Uyu musore w’imyaka 25...
Banki nkuru ya Argentina ndetse n’inzego z’ubukungu z’iki gihugu zatangiye gutekereza uko zashyira isura ya Lionel Messi ku noti ya 1000 cy’amapeso akoreshwa muri iki gihugu.
Uyu mukinnyi w’imyaka...
Ikipe ya Australia yarenze amatsinda y’igikombe cy’isi ku nshuro ya mbere mu myaka 16 nyuma yo gutungura Denmark,ikayitsinda igitego 1-0
Abanya-Denmark, bari bakeneye intsinzi kugirango bagere...
Umukuru w’igihugu cya Saudi Arabia,Igikomangoma Mohammed bin Salman Al Saud nyuma yo gutanga umunsi w’ikiruhuko, ubu agiye guha buri mukinnyi w’iki gihugu wagifashije gutsinda Argentina imodoka...
Ku wa gatatu, tariki ya 23 Ugushyingo, Herve Renard, yakoze ikintu kidasanzwe, ayobora Arabiya Sawudite, ikipe iri ku mwanya wa 51 ku isi itsinda Argentine ibitego 2-1 mu mukino wo mu itsinda C...
Myugariro wa Saudi Arabia,Ali Al-Bulayhi yahishuye amagambo yabwiye Lionel Messi nyuma y’aho ikipe ye yari imaze gutsinda Argentina igitego cya kabiri mu gikombe cy’isi.
Iyi kipe ya Saudi Arabia...
Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yari yaragurijwe na benshi ko iratsindwa ibitego byinshi itunguye isi yose n’abakunzi ba ruhago itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi....