skol
Kigali

Search: Mexico (244)

Umugabo ufite igitsina kinini ku isi yanze ko bakigabanya-AMAFOTO

Umugabo witwa Roberto Esquivel Cabrera ukomoka mu mugi wa Saltillo mu gihugu cya Mexico,yanze inkunga Leta y’iki gihugu yamuhaye kugira ngo bakigabanye. Uyu mugabo ufite igitsina kireshya na...
21 December 2017 9468 0

Abahanga bagaragaje uko ibihugu bizaba birutana mu bukungu muri 2050, Amerika izasubira inyuma gato, u Buhinde buze mu bya...

Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
17 April 2017 3366 0

Amerika: Urukiko Rurasuzuma Ikirego Gitambamira Trump Kwiyandikisha nk’umukandida Matora

Uyu munsi, Urukiko rw’Ikirenga rwa leta ya Colorado, mu burengerazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, ruratangira kuburanisha ubujurire mu rubanza rw’abaturage bashaka kubuza Donald Trump kwandikwa...
7 December 2023 446 0

Dani Alves yasabiwe gufungwa imyaka icyenda kubera ibyaha ashinjwa

Umunya Brazil, Dani Alves,wakoze amateka muri FC Barcelona, yasabiwe gufungwa imyaka icyenda kubera ibyaha ashinjwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye umugore mu Mujyi wa...
24 November 2023 535 0

Umutoza wa Zimbabwe yatangiye gukanga Amavubi mbere y’uko bakina

Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi...
2 November 2023 1353 0

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 20 Ukwakira 2023

Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
21 October 2023 3930 0

Menya Imijyi ikurura abanyabirori kurusha iyindi ku isi [Urutonde]

Isi yuzuyemo imijyi ibamo ibirori bitandukanye, buri mujyi utunze umwihariko wawo ku bijyanye n’umuco, umuziki, n imyidagaduro yizihira abanyabirori batandukanye.
16 October 2023 1803 0

Cristiano Ronaldo yanditse andi mateka akomeye mu ikipe ya Portugal

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo akomeje kuzamura imibare idasanzwe mu myaka ye ya nyuma nk’umukinnyi wa ruhago.
14 October 2023 1863 0

Narendra Modi yahaye ikaze AU mu muryango wa G20

Afurika yunze ubumwe (AU) yamaze kuba umunyamuryango uhoraho wa G20 nyuma y’ihuriro ry’ibihugu bigize uyu muryango yabereye new Delhi mu Buhinde.
9 September 2023 437 0

Umupilote yapfiriye mu birori byo kugaragaza igitsina cy’umwana utaravuka

Kuri iki cyumweru, umupilote yapfuye nyuma y’aho indege yari atwaye mu rwego rwo kuryoshya ibirori byo kwerekana igitsina cy’umwana we yakoraga impanuka...
4 September 2023 1818 0

Ibihugu 10 bisurwa na ba mukerarugendo benshi kurusha ibindi ku isi [URUTONDE]

Ku isi yose,ibihugu byinjiriza akayabo mu bukerarugendo ariko hari ibifite ibyiza nyaburanga bikurura benshi ku isi bigatuma bajya kubireba.
12 August 2023 1267 0

Imvura ivanze n’umuyaga irimo amahindu n’imirabyo ikomeye byibasiye agace

k’uburasirazuba bwa Leta zinze ubumwe z’Amerika ku mugoroba wo ku wa mbere. Byahitanye abantu babiri bituma ingo n’ibigo by’ubucuruzi birenga miliyoni imwe bibura umuriro...
8 August 2023 1499 0

Robert Oppenheimer umucuzi wa bombe atomique ufatwa nk’umurimbuzi w’isi

Mu gihe filimi yitwa Oppenheimer igiye gusohoka, Ben Platts-Mills aranyura mu nkuru nyakuri y’uyu muhanga muri siyanse wo muri Manhattan Project yakoze ‘bombe atomique’ yatumye uyu yitwa “umurimbuzi...
16 July 2023 967 0

Kenya yanditse amateka muri Kigali Peace Marathon mu bihugu 48 byitabiriye uyu munsi

Kuri iki Cyumweru habaye Isiganwa Mpuzamahanga rya Kigali ryitiriwe Amahoro 2023 George Onyancha aryegukana muri Marathon yuzuye y’ibirometero 42,195 KM, mu gihe Kennedy Kipyeko yegukanye umwanya...
11 June 2023 622 0

Impanga zavutse zifatanye zifite igitsina kimwe ariko umwe niwe ufite umukunzi [AMAFOTO]

Impanga zavutse zifatanye, Lupita na Carmen Andrade,b’imyaka 22 baherutse kuvuga ku kuntu bimera kuba baravutse bafatanye ndetse no kuba batumva kimwe ibyo gukundana ndetse n’ibindi. Izi mpanga...
28 April 2023 4370 0

Yasambanyije abagore 1000 abifashijwemo no kuba umukinnyi udakina

Umunya Brazil,Carlos Kaiser yamaze imyaka 13 yitwa ko ari umukinnyi wabigize umwuga nyamara nta mukino n’umwe yakinnye ndetse yemeje ko yasambanyije abagore 1000. Uyu mugabo wabaye umuyobozi...
25 April 2023 1759 0

Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu. Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
21 April 2023 1048 0

Ibiyobyabwenge by’agaciro ka miliyari $5 byafatiwe muri Amerika y’Epfo

Polisi yo muri Amerika y’Epfo yafashe cocaine (cocaïne) n’ibindi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyari 5 z’amadolari y’Amerika, mu gikorwa yakoze mu byumweru bitatu mu bihugu...
19 April 2023 440 0

Dani Alves ari kwiyicisha inzara muri gereza kubera umugore we wamwanze

Myugariro Dani Alves ngo ari kwiyicisha inzara kubera umugore we wasabye gatanya nyuma yo kuvumbura ko yamuciye inyuma mu kabyiniro ari nabyo byamuviriyemo gufungwa. Alves ufungiwe muri Espagne...
18 March 2023 2059 0

Umunyamideli yagabanyije amabere ye manini nyuma yo kuyongera rimwe rigaturika

Umunyamideli wari warabaswe no kongera amabere akaba manini bidasanzwe,yashyize hanze amafoto asigaranye amabere mato nyuma yo kwemera kuyagabanya kubera ko mu minsi ishize hari iryo yongereye...
16 March 2023 1327 0

Shakira yavuze amagambo yo kwibasira umukobwa Pique yamusimbuje

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yongeye gushotora uwahoze ari umugabo we, Gerard Pique,atuka umukunzi we w’imyaka 23 witwa Clara Chia Marti yamusimbuje. Shakira wakunzwe mu ndirimbo nyinshi...
1 March 2023 1132 0

Umugore wa Dani Alves aravugwaho gusaba gatanya kubera ibirego byo gufata ku ngufu ashinjwa

Umugore wa myugariro,Dani Alves yasabye gatanya nyuma yo kumva ko uyu mugabo we afunzwe ashinjwa gusambanyiriza umugore mu kabyiniro ko mu mujyi wa Barcelona. Madamu Joana Sanz w’imyaka...
1 February 2023 905 0

Igitego cyiza kurusha ibindi byose byatsinzwe mu gikombe cy’isi 2022 cyamenyekanye

FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu gikombe cy’isi aricyo cyahize ibindi byose mu bwiza muri iri rushanwa. Uyu musore w’imyaka 25...
23 December 2022 3356 0

Argentina irashaka gukorera Lionel Messi ikintu kitarakorerwa undi mukinnyi mu mateka

Banki nkuru ya Argentina ndetse n’inzego z’ubukungu z’iki gihugu zatangiye gutekereza uko zashyira isura ya Lionel Messi ku noti ya 1000 cy’amapeso akoreshwa muri iki gihugu. Uyu mukinnyi w’imyaka...
22 December 2022 2129 0

Australia yageze muri 1/16 cy’igikombe cy’isi bwa mbere mu myaka 16,Tunisia itungura Ubufaransa

Ikipe ya Australia yarenze amatsinda y’igikombe cy’isi ku nshuro ya mbere mu myaka 16 nyuma yo gutungura Denmark,ikayitsinda igitego 1-0 Abanya-Denmark, bari bakeneye intsinzi kugirango bagere...
30 November 2022 1284 0

Abakinnyi ba Saudi Arabia bemerewe imodoka za Rolls Royce kubera gutsinda Argentina

Umukuru w’igihugu cya Saudi Arabia,Igikomangoma Mohammed bin Salman Al Saud nyuma yo gutanga umunsi w’ikiruhuko, ubu agiye guha buri mukinnyi w’iki gihugu wagifashije gutsinda Argentina imodoka...
26 November 2022 1599 0

Herve Renard yahishuye ibanga ryatumye Saudi Arabia atoza itsinda Argentina

Ku wa gatatu, tariki ya 23 Ugushyingo, Herve Renard, yakoze ikintu kidasanzwe, ayobora Arabiya Sawudite, ikipe iri ku mwanya wa 51 ku isi itsinda Argentine ibitego 2-1 mu mukino wo mu itsinda C...
24 November 2022 1045 0

Umukinnyi wa Saudi Arabia yahishuye amagambo asesereza yabwiye Lionel Messi

Myugariro wa Saudi Arabia,Ali Al-Bulayhi yahishuye amagambo yabwiye Lionel Messi nyuma y’aho ikipe ye yari imaze gutsinda Argentina igitego cya kabiri mu gikombe cy’isi. Iyi kipe ya Saudi Arabia...
23 November 2022 2051 0

Ubufaransa bwatangiye neza urugamba rwo kwisubiza igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatangiye neza igikombe cy’isi cya ruhago kiri kubera muri Qatar itsinda ibitego 4-1 ikipe ya Australia. Ubufaransa bufite igikombe cy’isi giheruka bwakuye mu...
22 November 2022 1000 0

Saudi Arabia yatunguye benshi itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yari yaragurijwe na benshi ko iratsindwa ibitego byinshi itunguye isi yose n’abakunzi ba ruhago itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi....
22 November 2022 1186 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240