Kapiteni wa Kameruni, Vincent Aboubakar, avuga ko atakanzwe n’imikinire ya Mohammed Salah wo mu Misiri barahangana kuri uyu mugoroba muri 1/2 cy’igikombe cya Afurika.
Uyu rutahizamu wa Kameruni,...
Umukobwa w’imfura wa Bill Gates na Melinda Gates Jennifer yashakanye n’umukunzi we w’igihe kirekire Nayel Nassar, umucuruzi, nka we,barangije muri kaminuza ya Stanford - mu 2017. Jennifer yatangaje...
Imyaka 10 irashize Col Muammar Gaddafi yishwe n’abamurwanya bigaragambije mu 2011. Iyi tariki yishweho ntabwo uri ku kirangaminsi cya Libya nk’udasanzwe, ariko ni umunsi ushobora kutazibagirana mu...
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball mu gikombe cya Africa ku wa mbere izakina n’iya Guinée kugira ngo zishakemo ikomeza muri kimwe cya kane cy’irangiza.
Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa gatandatu ikipe...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangiye imikino ya Afrobasket 2021 iri kubera muri Kigali Arena mu Rwanda,aho mu mukino wa mbere u Rwanda rwatsinze RDC amanota 82 kuri...
Umutoza mushya w’ikipe yigihugu ya Volley ball,Umunya Brasil Paulo De Tarso Milagres, yahamagaye abakinnyi 36 bazitabira umwiherero wo kwitegura Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali hagati ya...
Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko ashyigikiye ko habaho gutanga agahenge nyuma y’iminsi umunani y’urugomo hagati ya Israel n’intagondwa z’Abanye-Palestina zo muri...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nyakanga 2020, habonetse abarwayi bashya 21 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3, 737 byafashwe mu masaha 24 ashize,...
Umutoza Pep Guardiola avuga ko abakinnyi b’ikipe ye ya Manchester City bazaha icyubahiro Liverpool iherutse kwegukana igikombe cya Premier League cy’uyu mwaka, ubwo bazaba bayakiriye mu mukino...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Ikipe ya Basketball ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda , yiyongereye ku makipe 11 yamaze kubona itike yo kuzakina imikino yanyuma ya Basketball African League ’BAL’ iteganijwe kuzatangira muri...
Ikipe ya Yanga Africans yamaze gutangaza ko itazitabira imikino ya CECAFA Kagame Cup iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki ya 7 kugeza ku ya 21 Nyakanga 2019 kubera impamvu zitandukanye yavuze...
Rayon Sports yaraye yakiriye rutahizamu Frederick Boateng wakinaga mu ikipe ya Asante Kotoko S.C yo muri Ghana uje kuyifasha kwiyubaka mu bwugarizi cyane ko bivugwa ko igiye gutakaza kabuhariwe...
Amakipe y’u Rwanda mu bahungu n’abakobwa yari yitabiriye imikino nyafurika muri Volleyball ikinirwa ku mucanga bamaze kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera mu Budage muri uyu...
Nsengiyumva Vincent de Paul ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi ariko igihembo yahawe nk’uhagarariye u Rwanda cyagenewe gahunda yagize ubwo yayoboraga...
Iki gitekerezo natekereje kucyandika nyuma yo gusobanukirwa byinshi kuri gahunda ya made in Rwanda no kubona byinshi mu bikorwa n’abahanzi nyarwanda , Mbona bisa n’ibisubiza inyuma gahunda ya made...
Dogiteri Denis Mukwege wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa Gatanu yatsindiye igihembo cy’ Amahoro cyitiriwe Nobel cya 2018 abaye Umunyafurika wa 11 utsindiye iki...
Ku nshuro ya 21 hagiye kuba igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kigiye kubera mu Burusiya aho amakipe 32 yamaze gutangaza abakinnyi 23 azakoresha ndetse na nimero...