Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku kaburembe nubwo zibashije kugera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cy’igikombe...
Tunisia inaniwe gukura igisuzuguriro amakipe y’Abarabu yari ahagarariye umugabane w’Afurika kuko isezerewe mu gikombe cy’isi itsinzwe n’Ububiligi ibitego 5-2 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda...
Kapiteni wa Espagne Sergio Ramos yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago kubera amagambo yatangaje kuri Cristiano Ronaldo bakinana muri Real Madrid,baracakirana uyu munsi mu gikombe cy’isi aho...
Mu mukino wafunguye imikino y’igikombe cy’isi kiri kuba ku nshuro ya 21,Uburusiya bwacyakiriye bunyagiye Saudi Arabia mu mukino ufungura ibitego 5-0 kuri stade Luzhniki yo mu mujyi wa...
Amakuru ari gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye byo ku mugabane w’I Burayi ni uko kizigenza Zinedine Zidane wasezeye ku butoza bwa Real Madrid agiye gutoza ikipe y’igihugu ya Qatar agahembwa...
Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
Kabuhariwe Mohamed Salah yatangarije abanyamakuru ko Jose Mourinho wamugurishije ubwo yari muri Chelsea yamubwiye ko yishimiye umusaruro ari guha Liverpool muri...
Umukinnyi Mohamed Salah yatangaje ko yagarutse mu Bwongereza kugira ngo yereke ubuyobozi bwa Chelsea ko bwibeshye kumurekura mu buryo budakwiriye ndetse ko hari ibyo yari...
Umukinnyi Mohamed Salah arashinjwa gukubita urushyi mu maso myugariro Bruno Martins Indi bishobora kumuviramo ibihano byo guhagarikwa imikino 3 ya shampiyona isigaye,ntabashe guca agahigo ko kuba...
Ikipe ya Rayon Sports yaraye isezerewe mu mikino ya CAF Champions League y’uyu mwaka gusa igira amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CAF Confederations Cup irimo andi makipe y’ibigugu arimo ayo mu...
Umwe mu bakandida bemerewe kuyobora FERWAFA Brig. Gen Jean Damascene Sekamana w’imyaka 60 y’amavuko afite byinshi ahuriyeho na Nzamwita Vincent Degaulle byatumye bamwe mu bakunzi ba ruhago...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko kwitwara neza mu rugo aribyo bizatuma abasha gusezerera ikipe ya Lydia Ludic yo mu Burundi akerekeza mu cyiciro gikurikiraho....
Mu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro...
Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro.
Iri tora ryabereye...
• Amavubi yisanze mu itsinda ry’urupfu mu mikino ya CHAN
• Amavubi ari mu itsinda rimwe na Nigeria,Guinea Equatorial na Libya
• Amavubi azakina umukino wa mbere taliki ya 15 Mutarama...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuherwe wo mu gihugu cya Nigeria Tony Elumelu nibo bazayobora inama izahuriramo ba rwiyemezamirimo bakiri bato bakomeye muri Afurika.
Iyo nama izabera mu...
Nubwo Ethiopia yari yasabye CAF kwimura umukino bari bafitanye n’u Rwanda kuri iki cyumweru,perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ethiopia yamaze kugarura abakinnyi bari bahamagawe mu...
Ntibikiri ibihuha ikipe y’igihugu Amavubi izacakirana na Ethiopia mu mikino 2 ya kamarampaka mu gushaka itike ya CHAN 2018 aho umukino ubanza uzabera muri Ethiopia tariki ya 05/11/2017, uwo...