Ikipe ya Rayon Sports yaraye isezerewe mu mikino ya CAF Champions League y’uyu mwaka gusa igira amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CAF Confederations Cup irimo andi makipe y’ibigugu arimo ayo mu...
Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb uhagaze neza cyane muri iyi minsi, afashije Rayon Sports gutsinda Aspor ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro,byiyongereye kuri 5-0 ku busa...
Umutoza mukuru wa Rayon Sports utarahabwa amasezerano Ivan Jacky Minnaert yagaragaye mu myitozo yo mu gitondo ari kumwe n’umutoza w’umubiligi Kenny Basteleus watozaga Heroes FC yo mu kiciro cya...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 18 Mata 2018 nibwo benshi bategereje kureba niba ikipe ya Rayon Sports ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere mu Rwanda ibashije kwinjira mu matsinda y’imikino nyafurika...
Umukinnyi Irambona Eric ukina yugarira mu ikipe ya Rayon Sports ntiyajyanye na bagenzi be muri Mozambike kubera gukekwaho guhabwa ruswa n’ikipe ya Costa do Sol...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu nibwo ikipe ya Rayon Sports iherutse gukora amateka yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup yageze I Kigali ivuye gusezerera Costa do Sol yo muri...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bugiye guha abakinnyi agahimbazamusyi kisumbuyeho kubera uko bitwaye mu mukino wa Costa do Sol bakandika amateka yo kuba ikipe ya mbere yerekeje mu...
At 41, the youngest head of government in Africa, he has logged a lot of frequent flyer miles already, visiting countries in the neighbourhood, and at home he’s been all over on a charm offensive....
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira...
Mu gihe hari abavuga ko gukora uburaya ari ingeso, abandi bakabukora bashimangira ko babutewe n’ubukene, ubupfubyi n’ibindi, ibihugu bimwe na bimwe birabuhanira.
Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere muri Kaminuza yigisaha iby’ubuhinzi n’amashyamba bagaburiwe amazirantoki ndetse babategeka no kunyara bakanywa ku ngufu mu muhango wo...
Marlise Sacur wo muri Mozambike niwe wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Miss University Africa ahigitse abakobwa barimo umunyarwandakazi Umunyana Shanita.
Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu...
Umunyarwanda witwa Jackson Musoni ari mu bantu baguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines, yahitanye abagera kuri 157 kuri iki cyumweru taliki ya 10 Werurwe...