Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo mu Kagari ka Ruhango, Umurenge wa Rongi, Akarere ka Muhanga akurikiranyweho gusambanya ku gahato umukobwa bakundanaga, yarangiza...
Abantu bataramenyekana baraye bagiye mu nsina z’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barazitema mu Mudugudu wa Gifumba, Akagari ka Gifumba mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka...
Umukino wari guhuza ikipe ya AS Muhanga na INTERFORCE muri 1/2 cy’irangiza cy’imikino yo mu cyiciro cya kabiri wasubitswe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri,kugira ngo habanze hasuzumwe ubujurire...
Mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Rongi, Akagari ka Gasagara mu Mudugudu wa Murehe haravugwa inkuru y’umugore w’imyaka 50 witabye Imana bikekwa ko yaba yazize inkoni yakubiswe n’umugabo we amuziza...
Mu murenge wa Nyamabuye wo mu karere ka Muhanga,Umugabo winjizaga imodoka mu gipangu yagonze igikuta kigwira umugore we arapfa ubwo yamuyoboraga amwereka aho ayinyuza.
Uwapfuye ni Ishimwe...
Umugabo witwa Masabo Kayisinga wo mu Murenge wa Mushishiro muri Muhanga, yaguye mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, mu nzu y’uwari uherutse kumucumbikira, bigakekwa ko yari arwaye avuye kwa...
Abakecuru babiri bo mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga batawe muri yombi nyuma yo kwemerera ubuyobozi ko ari abarozi ,berekana uburozi bakoreshaga nyuma banarondora amazina y’abo...
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo watawe muri yombi na RIB imukurikiranyeho gusambanya umwana w’imyaka itatu(3) y’amavuko.
Umugabo wagwiriwe n’ikirombe ku wa Mbere,tariki 08 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Mututu, Akagari ka Rusovu Umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga,yabonetse hashize iminsi ibiri...
Umugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, nyuma yo gushaka gutema umupolisi.
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamabuye mu Karere ka Muhanga hafungiwe abakozi batatu b’ urwego rushinzwe umutekano ku Karere DASSO, bakurikiranyweho kwiba mudasobwa z’ akazi zibwe mu ku karere ka...
Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame asoje ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017 yagiriraga muri Ngororero na Muhanga.
Paul Kagame yashimye bikomeye...
Mu bikorwa Polisi y’u Rwanda yakoze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka byo kurwanya ibikorwa byo kwangiza ibidukikije yafashe abantu barindwi bacyekwaho gukora ibi byaha.
Abagabo batandatu, ari bo:...
Hasigayiki Janvier w’imyaka 23, Tuyisenge Fulgence w’imyaka 18 na Nyandwi Jean Paul w’imyaka 24 bari mu maboko ya Polisi mu karere ka Muhanga, ho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye...
Umukino wagombaga guhuza Etincelles na AS Muhanga kuri Stade Umuganda wasubitswe nyuma y’aho akarere ka Rubavu kangiye amakipe yombi kwinjira kubera ingamba zagafatiwe za Guma mu karere.
Uyu...
Kuri uyu wa Mbere nibwo hasojwe shampiyona ku makipe 8 yarwaniraga kutamanuka mu cyiciro cya kabiri aho ikipe ya Sunrise FC yatsinzwe na Gorilla FC bituma imanuka mu cyiciro cya kabiri.
Mbere...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga, ukurikiranyweho gukuramo inda agata uruhinja mu musarani, yisobanura avuga ko yagiye mu musarani...
Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Gasore Albert wamenyekanye nka Mc Hero yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Tuyisingize Ruth bamaze imyaka isaga 20 bakundana.
Kuri iki cy’umweru taliki ya...
Inzego zishinzwe Umutekano mu karere ka Muhanga, zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo yari yibye Umuturage mu rukerera rwo kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ibi byabereye...
Inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Mata 2023, mu masaha ya kare mu gitondo, zarashe umusore witwa Dusabe Albert wemeye ko yishe, Muhirwe Karoro Charles wari Umwalimu wa Kaminuza...
Nyampinga w’ u Rwanda wa 2017 Elsa IRADUKUNDA kuri uyu wa 3 Gicurasi 2017 yasuye urwibutso rwa Kabgayi ruherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’ amajyepfo, akora isuku kuri urwo rwibutso ndetse...
CIP André Hakizimana, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo
Mu kagari ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange ho mu karere ka Muhanga hatoraguwe umurambo w’ umugabo uri mu kigero cy’ imyaka 30....