Ababyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara baryamishwa bacurikiranye ari babiri ku gitanda kimwe n’impinja zabo ebyiri.
Ibitaro bya Kabutare nibyo...
Richard Sezibera yatsinze amatora gushimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu witabye Imana tariki 03 Ukwakira 2016 nyuma igihe kigera ku mwaka yari amaze atorewe kwinjira muri Nteko Ishingamateko,...
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Mata 2024, Nibwo mu bwiherero bw’ivuriro riherereye mu Mudugugu wa Giporoso ll Akagari ka Kabeza, mu Murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro, hasanzwe...
Umuraperi Manzi Patrick wamamaye nka Generous 44 mu ndirimbo zirimo nka Ntabirenze, Sober n’izindi, amaze igihe kigera ku mwaka ari kugororerwa i Wawa.
Mu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u...
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo yitabye Imana azize uburwayi, aguye mu bitaro mu Bubiligi aho yari arwariye.
Amakuru y’urupfu rwa Gatsinzi yamenyekanye ku mugoroba wo...
Mupende Ramadhan wamamaye mu myidagaduro y’u Rwanda nka Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2023,nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku bana batatu bavukana, bishwe n‘impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yabereye ku Muhima ku Cyumweru,...
Kuri uyu wa gatatu, 26 Ukwakira,nibwo abana 3 bavukana baguye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu 6 ku Kinamba bazashyingurwa mu irimbi rya Rusororo, mu karere ka Gasabo.
Aba bavandimwe bari...
Hapfuye abantu batandatu, abandi bane barakomereka mu mpanuka yabereye mu muhanda uva Yamaha werekeza ku Kinamba mu Karere ka Nyarugenge kuri iki Cyumweru, tariki 23 Ukwakira.
Umuvugizi...
Nerf sciatique ni wo mutsi munini ndetse muremure ugararaga ku mubiri w’umuntu ,ukaba umanutse ku gice cy’inyuma cya buri kuguru uturutse ku gice cyo hasi mu mugongo ukamanuka ku itako ukagera hasi...