Umukinnyi Nemanja Matic w’imyaka 28 amaze kwerekeza mu ikipe ya Manchester United kuri uyu wa Mbere taliki ya 31 Nyakanga, avuye muri Chelsea kuri miliyoni 40 z’amapawundi aho uyu musore yasinye...
Umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yakoze ku mitima ya benshi kubera igikorwa cyiza yakoze ubwo yahaga akayabo k’ibihumbi 63 by’Amapawundi umwana muto w’imyaka 4...
Nemanja Matic wahoze akinira ikipe ya Manchester United yatangaje ko Jadon Sancho na Paul Pogba bakundaga kurakaza bagenzi babo kuko bahoraga bakererwa mu...
Umukinnyi wa Manchester United,Nemanja Matic yatumye benshi mu bakunzi b’iyi kipe bacika ururondogoro ubwo yatangazaga ko nta gikombe cya Premier League batwara kubera ko nta bakinnyi benshi...
Umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yatunguye umwana we ku isabukuru ye y’amavuko ubwo yamuzaniraga umugati ukoze mu ishusho ya stade y’ikipe ye Old...
Ikipe ya Real madrid ikomeje umuvuduko wo kwegukana ibikombe nyuma y’aho yaraye itwaye igikombe cya Super Cup itsinze Manchester United 2-11 umukino wabereye ku kibuga Filip II Arena mu mugi wa...
Umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yatangaje ko iyo ikipe yatsinzwe, abakinnyi bose bihisha umutoza Jose Mourinho mu myitozo ntawe uba wifuza kumureba mu...
Myugariro Nemanja Vidic wabaye kapiteni wa Manchester United ubwo yatozwaga na Sir Alex Ferguson yavuze ko rutahizamu wa Chelsea Didier Drogba ari we wamugoye kurusha abandi gusa yemeza ko Luis...
Bamwe mu bakinnyi ba Manchester United batangaje ko batiyumvisha impamvu ituma umutoza Jose Mourinho akinisha umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu kibuga kandi ari kubatsindisha ku buryo...
Ku cyumweru nyuma ya saa sita, Cristiano Ronaldo yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga kwitozanya n’umuhungu we yifuza ko azamusimbura mu mupira w’amaguru.
Ronaldo yasangije abamukurikira ku...
Mu myaka yashize,ikipe ya Arsenal yafataga kurangiza muri bane ba mbere muri Premier League nk’igikombe cyayo, ariko abakinnyi bamwe bakunze guhura na Arsene Wenger igihe yagurishaga abakinnyi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 15 Nyakanga nibwo ibitangazamakuru by’I burayi byatangaje ko ikipe ya Chelsea yamaze gusinyisha umusore bari bamaze iminsi bashaka Tiemoue Bakayoko wafashije ikipe ya AS...
Umukinnyi Tiemoue Bakayoko ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea ku munsi w’ejo taliki ya 21 Nzeri 2017 yakoze impanuka y’imodoka ye ya Mercedes SUV ubwo yari avuye mu myitozo yo kwitegura...
Umutoza Antonio Conte ari mu mazi abira nyuma yo gutsindwa ibitego 3-0 na AS Roma mu mikino ya UEFA Champions League,aho yavuze ko abakinnyi batagaragaje inyota muri uyu...
Umukinnyi Tiemoue Bakayoko ukina hagati mu ikipe ya Chelsea FC,ntamerewe neza n’abafana nyuma yo guhabwa ikarita itukura yatumye iyi kipe inyagirwa ibitego 4-1 na Wtford ku wa mbere w’iki cyumweru....
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yashimagije umukinnyi we Paul Pogba witwaye neza mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa akayifasha kwegukana igikombe cy’isi ndetse amusaba ko uko yitwaye muri...
Ikipe ya Manchester United iri kuvugwamo amakuru mabi gusa,yongeye kugaruka mu bitangazamakuru kubera umubare munini w’abakinnyi bayo bagize imvune ndetse n’abatazatangirana nayo muri Premier...
Ushinzwe gushakira Paul Pogba amakipe Mino Raiola yatangaje ko yifuza ko uyu mukinnyi we ashaka kumukura mu ikipe ya Manchester United kubera umubano we n’umutoza Jose...
Kizigenza Cristiano Ronaldo yahaye ubutumwa bukomeye abamunenga ko ashaje aho nyuma yo gutsinda igitego muri 3-0 batsinze Brentford kuri uyu wa Mbere yagiye imbere ya Camera aravuga ati "Ntabwo...
Umutoza Jose Mourinho wamaze kwemera gutoza ikipe ya AS Roma mu myaka 3 iri imbere yatangiye kurambagiza abakinnyi 6 bo kumufasha kuzahesha iyi kipe ibikombe barimo abari mu makipe akomeye I...
Ku cyumweru nyuma ya saa sita, Georgina Rodriguez yishimiye Cristiano Ronaldo Jr uri kugerageza gukurikiza inzira ya se ukina muri Manchester United nkuru.
Uyu mwana w’imyaka 11 yavuye mu ishuri...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yatangaje ko nubwo kongera kugira Manchester United ikipe ikomeye bizatinda ariko yiteguye kwirukana abakinnyi bose badatanga umusaruro mu mpera...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane yandikiye Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United ko nadakora ibishoboka byose ngo asabe ko iyi kipe ye imurekura,nta yandi mahirwe azongera...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ko kuba umukinnyi umaze gukina imikino myinshi (178) muri UEFA Champions League ndetse anatabara Manchester United yari yahagamwe...
Jose Mourinho nyuma yo gusinya amasezerano y’ubutoza mu ikipe ya Tottenham yahise ahishura bamwe mubo ahanze amaso kuba bazaza bakamufasha gukura iyi kipe mu bihe bibi irimo no gukomeza kubaka...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo arashaka kumanikira inkweto muri Manchester United yasinyiye amasezerano y’imyaka 2 ishobora kongerwaho uwa 3 hanyuma akerekeza mu bindi bikorwa.
Uyu mukinnyi...
Umutoza wa Manchester United,Ole Gunnar Solskjaer,yasabye kizigenza we Paul Pogba kuba umuyobozi mu kibuga muri iyi kipe nkuko abikora mu ikipe y’igihugu...
Ikipe ya Manchester United biravugwa ko ishaka gutanga umukinnyi wayo Paul Pogba muri Juventus kugira ngo ibone rutahizamu wayo Paul Dybala uherutse gutorwa nk’umukinnyi w’umwaka muri Serie...