Meghan markle wahoze ari umukinnyi wa filimi ariko akaba agiye gukora ubukwe n’igikomangoman cyo mu Bwongereza Harry,yashinjwe na musaza we bavukana ku mubyeyi umwe ko yakize akibagirwa umuryango...
Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
Abatuye akagari ka Giseri, ko mu murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, ku itariki 2 Kanama uyu mwaka babonye imifuka itandatu y’urumogi ihishe mu ishyamba riri muri aka gace hafi y’umuhanda...
Umugabo wo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma wari ukurikiranyweho kwica murumuna we wo kwa Se wabo akamuca umutwe bapfuye igiceri cya 100Frw, akisobanura avuga ko asanzwe afite uburwayi bwo...
Hagenimana Potient Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Cyerwa, mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma arakekwaho gutorokana amafaranga yatanzwe n’abaturage y’ubwisungane mu kwivuza angana...
Igikomangoma cy’ubwami bw’Ubwongereza, Charles Philip uzasimbura umwamikazi Elisabeth II mu bwami bw’Ubwongereza n’umugore we Camilla,baraye basuye mu gihugu cya Wales.Aba bagendeyerimwe na Emir wa...
Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we w’umuhungu rizaba...
Igikomangoma Harry avuga ko yasize umuryango w’i Bwami mu Bwongereza akajya gutura muri California kuko yari afite ubwoba ko ‘amateka mabi yazisubiramo’.
Umugabo w’imyaka 42 wari utuye mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma, yasanzwe mu mugozi iwe mu nzu yiyahuye, bigakekwa ko yabitewe n’uko umugore we aherutse kwahukana akagaruka atwite inda...
Mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Rukira, umugabo w’imyaka 49 yasanzwe mu rutoki yiyahuje umuti ukoreshwa mu kwica uburondwe, abaturanyi be bavuga ko ashobora kuba yabitewe n’uburyo umugore we...
Umusore wakoraga akazo k’ubutekenisiye mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Kibungo arashinjwa gutera icyuma umukobwa bari inshuti amuziza ko yanze ko batera...
Ku wa 24 Kanama 2020, muri Teritwari ya Buta mu Ntara ya Bas Uele muri RDC, Abakongomani ntibasobanukiwe ubwo icyuma kidasanzwe cyamanukaga kikagwa mu ishyamba ryaho, abenshi muri bo batangira...
Imfungwa enye zari ziri kwitabwaho mu kigo ASPEK kiri kuvurirwamo abarwayi ba COVID-19 cyo mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma, zaraye zitorotse ibitaro gusa Polisi ikomeje...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yabwiye igikomangoma cyo mu Bwongereza Harry n’umufasha we Meghan Markle ko bagomba kwikora ku mufuka, kugira ngo Leta zunze ubumwe za...
Abakongomani bibumbiye mu ihuriro rya APARECO [Ihuriro ry’abaharanira impinduka muri Congo- Alliance des Patriotes pour la Refondation du Congo] baraye bigaragamvirije imbere ya Ambasade y’u...
Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Ngoma ku bufatanye n’abayobozi b’inzego z’ibanze yatangaje ko yafashe uwitwa Ndaruhutse Theophile ari guha abana batatu inzoga batagejeje ku myaka y’ubukure ku...
Ikipe ya Rayon Sports yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Ngoma mu muganda usoza ukwezi kwa Nzeri aho abakinnyi batandukanye n’umutoza Martinez bose bagaragaye bishimiye iki...
Umuryango w’igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bashyingiranywe kuwa 19 Gicurasi 2018 mu bukwe bw’igitangaza bwaciye ku mateleviziyo menshi,wibarutse umwana w’umuhungu mu gitondo cyo kuri...
Ikipe ya Rayon Sports yasubije ku kazi uwari umutoza wayo w’abanyezamu Nkunzingoma Ramadhan weguye mu minsi ishize kubera kumara amezi menshi adahembwa.
Mbere y’uko Meghan Markle akundana n’igikomangoma Harry,yakundanye n’umugabo witwa Simon Rex wigeze kuba umukinnyi wa filimi z’urukozasoni ndetse abihererwa igihembo ndetse kuri ubu akaba ari...