Nizzo wo muri Urban Boy yavuze ko yifuza umukobwa bakundana nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we Umulisa Yvette.
Hashize iminsi Nizzo yaragiye muri Dubai mu kiruhuko aho yagaragaye ari kumwe n’...
Itsinda rya Urban Boys rimaze kuba ubukome muri muzika bamaze kunona umushinga w’indirimbo bafatanyije na Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda nyuma y’imiyaka igera kuri itanu adakandira mu gihugu.
Aba...
Umuhanzi Humble Jizzo wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys yamaze amakenga abafana be bibazaga ko we n’umuryango we bimukiye muri America nyuma yo kwerekezayo ku wa 24 Nyakanga...
Knowless Butera avuga ko atigeze agira inama Safi bakundanyeho mbere y’uko ava muri Urban Boys kuko ari umuntu mukuru kandi uzi neza ko icyemezo yafashe nta nkurikizi yacyo.
Ibi yabigarutseho mu...
Umwe mu bagore bagiye bavugwaho byinshi hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Sacha wigeze no kuririmba nyuma akaza kubireka ndetse akaba yaramenyekanyeho kuba yarigeze no kuba umukunzi w’umuhanzi nawe...
Muhanzi Ama G Black yahakanye yivuye inyuma amasezerano ya miliyari y’amanyarwanda Bruce Melodie yasinyiye muri sosiyete yitwa Food Bundle igurisha ibiribwa ,avuga ko ari ikinyoma kigamije...
Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boyz nka Humble Jizzo, yatangajeko atabyiyumvisha niba koko Safi yatandukanye n’umugore we bari bamaze imyaka itatu basezeranye kubana...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Ukuboza 2018 ubwo Isi yose yizihiza umunsi wa Noheli, nibwo mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cyiswe ‘Celebrities Christmas Party’ cyahurije hamwe...