Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni, ari ku mwanya wa gatanu mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bakurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Twitter, inyuma ya Nyakubahwa Paul Kagame w’u...
Icyihebe kitaramenyekana cyamishe amasasu mu bantu bari bagiye gushyingura umuraperi Nipsey Hussle, kuri uyu wa Kane,abantu batatu barakomereka umwe ahasiga...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, w’imyaka 43, niwe wamaze gutangazwa ko yatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel gitangwa na komite yo muri Norvege itanga ibi...
Umugabo wahawe izina ry’intwari iruta izindi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Robert James O’Neill nyuma wo kwivugana umuterabwoba Bin Laden yavuze ku itsinda ryishe Abū Bakr...
Umuvugizi mu biro bishinzwe kuvugira Leta Zunze Ubumwe za Amerika Nancy Pelosi akaba ari we mugore wa mbere wicaye kuri uyu mwanya, muri iki cyumweru niho ageza k’umuyobozi mukuru wa Sena Mitch...
Ibinyamakuru byose byo mu Bwongereza biri kugaruka cyane ku gikomangoma Harry cyemeye kuva I Bwami kigakurikira umugore wacyo Meghan mu gihugu cya Canada aho ngo bagiye gushing TV ndetse na...
Perezida Donald Trump udahwema kwibasira itangazamakuru yatangiye kugaba ibitero kuri Radio Ijwi rya Amerika (VOA), arishinja guha ijambo cyane abanzi b’igihugu ndetse ntiyatinya no kuvuga ko ibyo...
Philonise Floyd, umuvandimwe wa George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi i Mineapolis muri Amerika amunigishije amavi, yatangaje ko yavuganye na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe...
Undi wahoze ari umusirikare mukuru mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaganye igikangisho cya Perezida Donald Trump cyo gukoresha ingabo mu gusoza imyigaragambyo yatewe n’urupfu...
Umuhanzi Kanye West yatangaje ko agiye guhangana na Dolnald Trump mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu Ugushyingo 2020 muri Leta Zunze Ubumwe za...
Abaherwe batunze za miliyari z’amadolari nka Elon Musk, Jeff Bezos na Bill Gates ni bamwe mu bakomeye benshi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baraye bibasiwe n’abiba amabanga kuri mudasobwa...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashyigikiye abayoboke be ku ruhare bivugwa ko bagize mu bushyamirane bwaguyemo abantu bwabereye mu mihanda mu minsi...
Kuri uyu wa 9 Nzeri 2020, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo mu...
Mu kiganiro aherutse kugirana na BBC, Tibor Nagy, umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika yagize ati: “Igihe kirekire cyane abashoramari bakomanze ku...
Mu gihe Donald Trump akomeje kuvuga ibirego bidafite ishingiro by’uburiganya nyuma y’amatora, Joe Biden wamusimbuye we ari mu kazi ubwo yatangizaga itsinda rishya rya COVID-19 rizafasha mu rugamba...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ku nshuro ya mbere kuri iki Cyumweru asa n’uwemeye ko umudemokrate Joe Biden “yatsinze” amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu byumweru 2 bishize...