Hari igishyika cyinshi mu cyaro cya Kogelo mu burengerazuba bwa Kenya aho umuhungu wabo w’ikirangirire, Barack Obama wahoze ari Perezida w’Amerika, yongeye kubasura nyuma y’imyaka...
Malia Obama umukobwa mukuru wa Ballack Obama wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,yafotowe ari kunywa itabi ndetse ari gusomana n’umusore bakundana witwa Rory Farquharson ukomoka mu...
Umuryango wa Barack Obama na Michelle Obama waguze inzu shya mu kirwa giherereye muri Leta ya Massachusetts ikaba ari inzu neza iherereye ahantu ushobora kureba neza mu nyanja aho yatwaye akayabo...
Michelle Obama umufasha wa President wa 44 wa Leta zunze Ubumwe za Amerika uyu munsi yasobuye impamvu ibikorwa byo kweguza umugabo uyoboye iki gihugu byaba ari ukwibeshya ubwo yari agiye mu...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yongeye kunenga Donald Trump wamusimbuye ku kuntu ubutegetsi bwe buri kwitwara ku cyorezo cya...
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama, yasangije abakunzi be urutonde rw’indirimbo yakunze cyane kuva akiri perezida kugeza uyu munsi, zirimo iza Eminem, Bruce...
Umuryango wa Barack Obama wahoze ari Perezida w’Amerika wahaye icyubahiro "inshuti magara yacu", nyuma yuko imbwa bari boroye yitwa Bo ipfuye ku wa gatandatu.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushimangira ko uwo yasimbuye Barack Obama amwanga cyane nubwo yabanje kujya abimuhisha amubwira utugambo twiza.
Mu kiganiro na Televiziyo CBS...
Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza no kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda, yatangaje ko atifuza kubaho cyangwa se kwemeza Brack Obama wayoboye Amerika,...
Stephen Paddock warashe akica abantu 59 mu gitero cyabereye I Las Vegas yari afite gahunda yo kugaba ikindi gitero Lollapalooza ahari umukobwa wa Obama Malia Obama.
Iki gitero cyabaye tariki 1...
Iyaba abagore bayoboraga buri gihugu cyo ku isi haba impinduka nziza mu nguni z’ubuzima bwose no mu musaruro, byavuzwe na Barack Obama wahoze ari perezida wa...
Umufasha w’uwahoze ari perezida wa USA,Barack Obama witwa Michelle Obama yashyize hanze urutonde rwa zimwe mu ndirimbo zimufasha gukora siporo mu mwaka wa 2020 mu rwego rwo gushishikariza abandi...
Uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama bari mubiruko mugace kitwa Borgo Finocchieto mu Butaliyani aho bagiye kuryoherezayo ubuzima,...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabwe kugaragaza ibimenyetso ku byo ashinja uwo yasimbuye Barack Obama byo kumwumviriza kuri telefone.
Umusenateri ukomoka mu ishyaka...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Michelle Obama ari kumwe n’umukobwa we basohokeye ku mucanga wo mu mujyi wa Miami bambaye umwambaro wa ‘bikini’.
Michelle n’imfura ye...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kuri uwo mwanya kubera "ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida...
Barack Obama wahoze ayobora leta zunze ubumwe za Amerika, yasobanuye ko kuba ikipe y’igihugu ya Argentine yarananiwe gutwara igikombe cy’isi kandi ifite Messi ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi...
Nyuma yaho President wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump atangarije abanyamerika urupfu rw’umuyobozi wa ISIS yabujije abantu gukomeza gushimagiza Obama ku rupfu rwa Osama Bin...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza na Manchester United Marcus Rashford yagiranye ikiganiro n’uwahoze ari Perezida w’Amerika Barack Obama kijyanye n’uburyo urubyiruko rushobora gukora impinduka...
Uwahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Barack Obama ku munsi w’ejo Taliki 19 Ugushyingo uyu mwaka yagaragaye ahetse agafuka mu mugonga agana ku bitaro by’abana byitwa Children’s National...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanenze bikomeye uwamusimbuye Donald Trump kubera uko ari kwitwara mu guhangana n’icyorezo cya...
Ishuri ryitwa Roeper School ryafunzwe nyuma y’uko amakuru amenyekanye ko ryateguye ikizamini ku banyeshuri kigereranya uwahoze ari Perezida wa Amerika Barack Obama...