Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Kenya Charles Kanyi Njagua uzwi cyane ku izina rya Jaguar yagonze abantu babiri bahasiga ubuzima ubwo yaratwaye imodoka ye kuri uyu wa gatatu taliki ya 22 Werurwe...
Umunyarwenya Chriss Rock bwa mbere yateye urwenya ku rushyi yakubiswe na Will Smith ubwo uyu munyarwenya yaravuze ku musatsi w’umugore wa Will Smith ndetse n’impamvu atigeze amwishyura nawe ngo...
Harry n’umufasha we Meghan bafite inyubako igezweho iherereye I Kensington Palace barimo kubamo mu gihe banitegura kuza mu kwezi kwa buki mu bihugu By’Africa, aho binavugwa ko bashobora kuzasura...
Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa...
Igikomangoma Harry wo mu bwami bw’u Bwongereza, muri filime mbarankuru ya Netflix izatangira gusohoka kuri uyuwa 8 Ukuboza 2022 yavuze bimwe mu bihe bibi byamubayeho n’umugore we Meghan Markle...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Umurundikazi Asma Jesca wavugwaga kuba mu rukundo na Katauti Ndikumana witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2017, yanditse ubutumwa bwihanganisha umuryango wa...
Sex and the City actress Cynthia Nixon announced on Monday she will run for governor of New York, challenging incumbent Andrew Cuomo for the Democratic...
Umuhanzikazi w’umunyamerika Stefani Joanne Angelina Germanotta wamamaye nka Lady Gaga yikomye Ibitangazamakuru byavuze ko ari mu rukundo n’umukinnyi wa filimi Bradley Cooper kandi...
Barack Obama wabaye Perezida wa 44 wa Leta zunze ubumwe z’Amerika agiye gukoresha isabukuru y’imyaka 60 izabera mu nzu ye y’akataraboneka ifite agaciro ka miliyoni 12 z’amapawundi.
Iyi nyubako...
Umufasha wa Barack Obama wabaye perezida wa 44 wa USA witwa Michelle yavuze ko mu myaka 27 amaze abana n’iki cyamamare muri Politike yize ko ariwe ugomba kwita ku byishimo bye kurusha uko yaharira...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Mutarama 2021, Amanda Gorman yaraye yanditse amateka ubwo yavugaga umuvugo mu muhango wo kurahiza Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe...
Umwaka urihiritse atuvuyemo, ku wa 15 Ugushyingo 2017 abakunda umupira w’amaguru
by’umwihariko abafana ba Rayon Sports, ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange babyukiye ku nkuru y’incamugongo...