Umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho, ashobora gufatirwa ibihano na FA kubera ko yagaragaye ari gutuka abanyamakuru nyuma y’umukino Manchester United yatsinzemo ku kaburembe Newcastle United...
Irushanwa rya UEFA Champions League izagaruka muri Kanama ikinwa nk’igikombe cy’isi aho izakinwa mu minsi 12 gusa ndetse izakinirwa mu mujyi umwe gusa wa Lisbon kugeza ku mukino wa nyuma...
Uyu munsi habaye tombola ya 1/4 cya UEFA Champions League yarangiye amakipe y’ibigugu ashobora guhura aho izarokoka hagati ya Juventus/Lyon izahura n’izarokoka hagati ya Real Madrid/Manchester...
Kizigenza Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani amaze iminsi isaga 12 ari mu kato nyuma yo gupimwa agasangwa yaranduye icyorezo cya...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yamaze gukira Covid-19 nyuma y’iminsi 17 yari amaze ari mu kato kanatumye adakina umukino iyi kipe ye iheruka gutsindwamo na FC Barcelona ibitego...
UEFA Euro 2020 started on 11 June and it has already delivered great action. The best thing is that it will get better and better until 11 July.
This weekend will be packed with exciting...
Umutoza wa Hongria witwa Marco Rossi yatumye benshi bacika ururondogoro kubera amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo waherukaga kumuha isomo rya ruhago ubwo yafashaga Portugal kumunyagira...
Nyuma yo kuva muri Euro 2020 atarenze umutaru we na bagenzi be bo muri Portugal,Cristiano Ronaldo yanze guheranwa n’agahinda asohokana n’umukunzi we ndetse n’abana be bose ku mazi ahitwa Majorca...
Bitunguranye,rutahizamu Harry Kane wari waramaze kwemeza ko azava muri Tottenham,yisubiyeho bituma ikipe ya Manchester City yamwifuzaga yerekeza amaso yayo ku munyabigwi mu mupira w’amaguru...
Mu kibuga Cristiano Ronaldo na Messi bakunze guteranya abantu kubera ukuntu bitwara mu gutsinda ibitego no guhesha intsinzi mu makipe yabo gusa hanze y’ikibuga mu bucuruzi,Umunya Portugal...
Myugariro wa Manchester City, Ruben Dias,yatandukanye n’umukunzi we bari bamaze imyaka 3 bakundana kubera ko ubuzima basigaye babamo butandukanye.
Uyu myugariro yakundanaga n’umuhanzikazi, April...
Kuri uyu wa Gatanu,umukobwa Cristiano Ronaldo yabyaranye na Georgina Rodriguez witwa Alana Martina yagize isabukuru y’imyaka 4 ariyo mpamvu uyu mukinnyi w’icyamamare yayimwifurije ashyira hanze...
Umukobwa ukiri muto byavugwaga ko yaciwe amande kubera kwinjira mu kibuga kugira ngo asabe umupira wo kwambara Cristiano Ronaldo mu mukino Portugal yanganyije na Repubulika ya Irlande 0-0,yavuze...
Hashize amasaha make Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, ageze mu Rwanda aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruri busige anagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Perezida Umaro Sissoco...
Ikipe ya PSG yatangaje ko yasinyishije Vítor Machado Ferreira "Vitinha" wakiniraga FC Porto, wanayihesheje ibikombe 2 bya shampiyona ya Portugal biheruka.
Uyu musore w’imyaka 22 niwe wa mbere...
Nyuma y’igihe kinini yiruka ku makipe akomeye azakina UEFA Champions League ngo amusinyishe,BiRAvugwa ko Cristiano ronaldo yemeje Diego Simeone kumuzana muri Atletico Madrid.
Uyu mukinnyi...
Ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo agomba guhura n’umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag kugira ngo baganire ku hazaza he muri iyi kipe.
Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal, ufite imyaka 37,...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujy wa New York ahitwa Times Square mu mujyi wa New York .
Ronaldo ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga kurusha abandi...
Rutahizamu Bruno Fernandes yishimiye guha Cristiano Ronaldo igitego cye mumukino Portugal yatsinzemo Uruguay ikabona umwanya muri 1/16.
Ronaldo yishimye cyane nk’uwatsinze iki gitego ariko...
Umunya Portugal,Daniel Faria yemereye Radio B&B FM UMWEZI ko yamaze kwishyurwa umwenda wose Rayon Sports yari imubereyemo.
Ibi bije nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yari yangiwe...
Cristiano Ronaldo yavuze ko ari umugabo mwiza ubwo yabazwaga ku byerekeye gusohoka kwe muri Manchester United.
Uyu munya Portugal w’icyamamare yasohotse muri Man United nyuma y’ikiganiro...
Umuryango w’umutoza Jose Mourinho utoza Manchester United uri mu gahinda nyuma y’aho se umubyara Felix Mourinho yitabye Imana ku myaka 79 y’amavuko.
Uyu musaza wakinnye umupira w’amaguru akina...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
.Ikipe yifuza Ronaldo igomba kumutangaho miliyoni 1000 z’amayero .Ronaldo arashinjwa kutishyura imisoro .Ronaldo yatangaje ko yifuza kuva mu ikipe ya Real Madrid .Paris saint-Germain na Manchester...