skol
Kigali

Search: Portugal (795)

Menya Imijyi ikurura abanyabirori kurusha iyindi ku isi [Urutonde]

Isi yuzuyemo imijyi ibamo ibirori bitandukanye, buri mujyi utunze umwihariko wawo ku bijyanye n’umuco, umuziki, n imyidagaduro yizihira abanyabirori batandukanye.
16 October 2023 1803 0

Igikombe cy’isi 2030 kizakirwa n’ibihugu 6 byo ku migabane itatu

Amakuru avugea kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira nuko Igikombe cy’Isi cya 2030 kizakirwa n’ibihugu 6 byo ku migabane itatu.
4 October 2023 894 0

Ibwa ikuze ku Isi yakorewe ibirori byagatangaza [Ifoto]

Imbwa ikomoka muri Portugal inafatwa nk’aho ariyo ikuze ku Isi yujuje imyaka 31, ikomeza guca aka gahigo yagezeho bwa mbere muri Gashyantare mu 2023. Bobi ni nyarubwana ubundi yabarirwaga...
15 May 2023 862 0

Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yavuze ku mwukamubi uri gahati w’umuhungu we n’umukazana

Nyina wa Cristiano Ronaldo, Dolores Aveiro yahakanye amakuru avuga y’uko ibintu bitameze neza hagati y’umuhungu we ndetse n’umukunzi we Georgina Rodriguez ko bashobora no gutandukana. Mu kwezi...
13 May 2023 1616 0

Biravugwa ko Cristiano Ronaldo n’umukunzi we batameranye neza

Cristiano Ronaldo na Georgina Rodriguez bongereye ibihuha bivuga ko umubano wabo umeze nabi nyuma yo kujya impaka zikomeye mu ruhame ubwo bari bagiye kwinjira mu ndege. Hashize iminsi bivugwa...
27 April 2023 1482 0

Ubudage ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu 15 bifite abakobwa babi ku Isi [URUTONDE]

Hifashihijwe amajwi y’abasoma ikinyamakuru The Insiders cyandikirwa mu Bwongereza, mu matora yakorewe kuri Internet, hagaragajwe urutonde rw’ibihugu bifite abakobwa bafite uburanga buke, aho...
30 March 2023 4029 0

Europa League: Arsenal yatengushye abafana bayo,Man United ikomeza byoroshye

Rutahizamu Marcus Rashford yongeye gutsinda igitego afasha Manchester United kwinjira muri kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino ya Europa League isezereye Real Betis mu gihe Arsenal yasezerewe...
17 March 2023 551 0

Bernardo Silva agiye gukora ubukwe n’umukobwa bakundanye muri Guma mu rugo [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Manchester City,Bernardo Silva yatangaje ko azakora ubukwe n’umunyamideli bakundana mu kwezi kwa Nyakanga,buzabera iwabo muri Portugal. Bernardo amaze imyaka isaga itatu akundana na...
10 February 2023 918 0

Umubyeyi wa Jose Mourinho yitabye Imana

Umuryango w’umutoza Jose Mourinho utoza Manchester United uri mu gahinda nyuma y’aho se umubyara Felix Mourinho yitabye Imana ku myaka 79 y’amavuko. Uyu musaza wakinnye umupira w’amaguru akina...
26 June 2017 847 0

Bamwe mu bakinnyi b’imena ba Chile bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki cyumweru

Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
18 June 2017 639 0

Cristiano Ronaldo arifuza kugurwa akayabo k’amayero ataragurwa n’umukinnyi numwe mu mateka ya Ruhago Ku ikipe...

.Ikipe yifuza Ronaldo igomba kumutangaho miliyoni 1000 z’amayero .Ronaldo arashinjwa kutishyura imisoro .Ronaldo yatangaje ko yifuza kuva mu ikipe ya Real Madrid .Paris saint-Germain na Manchester...
17 June 2017 1956 0

Cristiano Ronaldo ashobora kuva mu ikipe ya Real Madrid, impamvu ingana ururo, ese azerekeza he?

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego...
17 June 2017 1791 0

Byinshi ukwiye kumenya ku gikombe cya FIFA Confederations Cup gitangira kuri uyu wa Gatandatu

Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
16 June 2017 1443 0

Manchester united yasinyishije umukinnyi wa mbere

Ikipe ya Manchester united yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze gusinyisha myugariro w’umunya Sweden w’imyaka 22 Victor Lindelof imukuye mu ikipe ya Benfica Lisbon yo muri Portugal. Uyu musore...
11 June 2017 1786 0

Manchester City imaze gusinyisha umunyezamu w’ Umunyabrazil imaze iminsi yifuza

Nyuma y’igihe bivugwa mu bitangazamukuru byinshi byo ku isi ko ikipe ya Manchester City yifuza umunyezamu w’umunya Brazil w’imyaka 23 Ederson Moraes wakiniraga Benfica Lisbon yo muri Portugal...
8 June 2017 773 0

Cristiano Ronaldo niwe mukinnyi winjije menshi muri 2017

Inkuru dukesha urubuga rwa Forbes magazine rwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasohotse kuri uyu wa gatatu iratangaza ko umunya Portugal w’Imyaka 32 ukina umupira w’amaguru mu ikipe ya Real...
7 June 2017 1091 0

Amafoto 15 agaragaza Cristiano Ronaldo yishimanye n’umuhungu we Cristiano Jr.

Criatiano Ronaldo ni izina rimaze imyaka rizunguza isi bitewe na ruhago uyu munya Portugal akina, uburyo yirukankana umupira ku ikirenge n’uburyo atsindamo ibitego mu uburyo budasanzwe, akaba...
12 March 2017 5573 0

FIFA Ranking: U Rwanda ruzamutse imyanya 7 ku isi ruza mu ibihugu 20 muri Afurika

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘AMAVUBI’ yazamutseho imyanya irindwi ku urutonde ngaruka kwezi rwa FIFA iva ku umwanya w’I 100 iza kuwa 93. Urutonde rumaze gushyirwa ahagaragara...
9 March 2017 1372 0

FERWAFA ihaye umugisha Antoine Hey nk’umutoza w’Amavubi

FERWAFA yemeje Umudage Antoine Hey nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’.Ahigitse umu Portugal n’umu Suwisi. Ni nyuma y’inkuru yasohotse mu kinyamakuru ’La Jeune...
2 March 2017 1338 0

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
28 February 2017 1900 0

Igisobanuro cy’ izina ’CRISTIANO’

Izina "Cristiano", ni izina riri kuvugwa cyane muri ruhago y’isi muri iyi minsi, ni iry’umunya Portugal ukinira Real Madrid, Cristiano Ronaldo wabiciye bigacika. Gusa siwe wenyine uryitwa ku...
2 January 2017 1623 0

Urutonde rw’abakinnyi 5 banyamwigendaho mu kibuga kurusha abandi

Ruhago ni ugufatanya ugakinana na bagenzi bawe, kuko nibwo mugira icyo mugeraho, gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye bavugwaho kuba ba nyamwigendaho kurusha abandi. Mu kibuga ntibapfa kurekura...
1 January 2017 3924 0

Ibintu 7 by’ingenzi byaranze ubuzima bwa Cristiano Ronaldo ukwiye kumenya

Cristiano Ronaldo, ni izina rizwi cyane muri ruhago. Iyo urivuze abenshi bareka imirimo yabo bakumva icyo uvuga kuri uwo munyabigwi w’umunya Portugal ukinira Real Madrid yo muri Espagne....
28 December 2016 4339 0

U Rwanda rwazamutse imyanya itandatu ku rwego rw’isi

Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
24 November 2016 712 0

Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara

Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka. 1295:...
5 July 2017 555 0

Ibyaranze tariki ya 12 Nyakanga mu mateka harimo n’igitero kimwe mu bikomeye mu byabayeho mu mateka...

. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
11 July 2017 1258 0

Reba amakipe y’ibihangange ashobora Kubura itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi

Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
9 October 2017 713 0

Cristiano Ronaldo yatorewe kuba umukinnyi mwiza ku isi ku nshuro ya gatanu

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...
23 October 2017 869 0

Bidasubirwaho Cristiano Ronaldo yegukanye Ballon d’Or ku nshuro ya Gatanu(amafoto)

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane. Uyu munya...
7 December 2017 746 0

Areruya yegukanye La Tropicale Amissa Bongo 2018 ibendera ry’u Rwanda rizamurwa muri Gabon

Areruya Joseph atumye ibendera ry’u Rwanda rizamuka nyuma yo kwitwara neza mu gace ka nyuma ka La Tropicale Amissa Bongo kegukanwe n’umutaliyani witwa Luca Pacioni ukinira Willier Sellelta. Nubwo...
21 January 2018 1918 0
0 | ... | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | ... | 780