Nyina wa Cristiano Ronaldo, Dolores Aveiro yahakanye amakuru avuga y’uko ibintu bitameze neza hagati y’umuhungu we ndetse n’umukunzi we Georgina Rodriguez ko bashobora no gutandukana.
Mu kwezi...
Cristiano Ronaldo na Georgina Rodriguez bongereye ibihuha bivuga ko umubano wabo umeze nabi nyuma yo kujya impaka zikomeye mu ruhame ubwo bari bagiye kwinjira mu ndege.
Hashize iminsi bivugwa...
Rutahizamu Marcus Rashford yongeye gutsinda igitego afasha Manchester United kwinjira muri kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino ya Europa League isezereye Real Betis mu gihe Arsenal yasezerewe...
Umukinnyi wa Manchester City,Bernardo Silva yatangaje ko azakora ubukwe n’umunyamideli bakundana mu kwezi kwa Nyakanga,buzabera iwabo muri Portugal.
Bernardo amaze imyaka isaga itatu akundana na...
Umuryango w’umutoza Jose Mourinho utoza Manchester United uri mu gahinda nyuma y’aho se umubyara Felix Mourinho yitabye Imana ku myaka 79 y’amavuko.
Uyu musaza wakinnye umupira w’amaguru akina...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
.Ikipe yifuza Ronaldo igomba kumutangaho miliyoni 1000 z’amayero .Ronaldo arashinjwa kutishyura imisoro .Ronaldo yatangaje ko yifuza kuva mu ikipe ya Real Madrid .Paris saint-Germain na Manchester...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Ikipe ya Manchester united yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze gusinyisha myugariro w’umunya Sweden w’imyaka 22 Victor Lindelof imukuye mu ikipe ya Benfica Lisbon yo muri Portugal.
Uyu musore...
Nyuma y’igihe bivugwa mu bitangazamukuru byinshi byo ku isi ko ikipe ya Manchester City yifuza umunyezamu w’umunya Brazil w’imyaka 23 Ederson Moraes wakiniraga Benfica Lisbon yo muri Portugal...
Inkuru dukesha urubuga rwa Forbes magazine rwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasohotse kuri uyu wa gatatu iratangaza ko umunya Portugal w’Imyaka 32 ukina umupira w’amaguru mu ikipe ya Real...
Criatiano Ronaldo ni izina rimaze imyaka rizunguza isi bitewe na ruhago uyu munya Portugal akina, uburyo yirukankana umupira ku ikirenge n’uburyo atsindamo ibitego mu uburyo budasanzwe, akaba...
Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
Izina "Cristiano", ni izina riri kuvugwa cyane muri ruhago y’isi muri iyi minsi, ni iry’umunya Portugal ukinira Real Madrid, Cristiano Ronaldo wabiciye bigacika.
Gusa siwe wenyine uryitwa ku...
Ruhago ni ugufatanya ugakinana na bagenzi bawe, kuko nibwo mugira icyo mugeraho, gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye bavugwaho kuba ba nyamwigendaho kurusha abandi. Mu kibuga ntibapfa kurekura...
Cristiano Ronaldo, ni izina rizwi cyane muri ruhago. Iyo urivuze abenshi bareka imirimo yabo bakumva icyo uvuga kuri uwo munyabigwi w’umunya Portugal ukinira Real Madrid yo muri Espagne....
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Areruya Joseph atumye ibendera ry’u Rwanda rizamuka nyuma yo kwitwara neza mu gace ka nyuma ka La Tropicale Amissa Bongo kegukanwe n’umutaliyani witwa Luca Pacioni ukinira Willier Sellelta. Nubwo...