Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha...
Yevgeniy Prigozhin ukuriye abacanshuro ba Wagner yanze ubusabe bw’uko abarwanyi be binjira mu gisirikare cy’Uburusiya, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Hakunze gukorwa intonde z’ibintu bitandukanye hagamijwe kureba uko bihagaze mu gihe runaka n’abantu badasigaye mu kugaragaza uko bahagaze mu bintu runaka. Abahanzi/abakinnyi binjiza agatubutse...
Leta ya Amerika yashyizeho ibihano bitandukanye ku Burusiya kubera icyo Perezida Joe Biden yise "intangiriro yo gutera Ukraine".
Biden yagize ati: "Twavanye leta y’Uburusiya mu bikorwa byose...
Kuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine hongeye kuraswa ibisasu bya misile by’ingabo z’Uburusiya.
Amakuru...
Abavandimwe bafite umuhigo w’igihe kinini ari bo bafite ikamba rya mbere ku isi mu iteramakofe mu baremereye, ubu bari ku rugamba rw’amasasu barwana ku mujyi wabo wa Kyiv muri Ukraine.
Abo ni...
Perezida Joe Biden wa Amerika abona ko ibyago biri kwiyongera ko Perezida Putin ashobora gukoresha intwaro z’ubumara budasanzwe (biological weapons) kuko asa n’aho nta mahitamo asigaranye....
Dmitry Medvedev wahoze ari perezida w’Uburusiya ubu wungirije umukuru w’inama ishinzwe umutekano w’igihugu, yavuze ko byaba ari "ubusazi" kwibaza ko ibihano by’iburengerazuba kuri business...
Igihugu cya Ukraine cyemeje ko abarwanyi b’Abarusiya ba sosiyete ya Wagner Group bamaze kugera mu gihugu cya Belarus bavuye mu Burusiya. Urwego rushinzwe kugenzura imbibe muri Ukraine rwitwa DPSU...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahamagariye mu buryo butaziguye abaturage ba Amerika gukomeza gufasha ibihugu bya Ukraine na Isiraheli mu ntambara...
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
Perezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira...
Mu minsi ishize twababwiraga ko Miss Uwase Vanessa yashimiye umukunzi we kubw’impano y’ikanzu igura miliyoni 2 yamuhaye. Si iyo mpano gusa kuko umukunzi wa Miss Uwase Vanessa yamamukoreshereje...
Mu minsi ishize hanuganugagwa amakuru ko Miss Uwase Vanessa yaba yaratandukanye n’umukunzi we. Iyi ni inkuru yacicikanye hirya no hino abantu bibaza icyo baba barapfuye dore ko byavugagwa ko...
Miss Uwase Vanessa yatangaje ko ku myaka 16 y’amavuko aribwo yasomanye n’umuhungu bwa mbere. Ibi Miss Uwase Vanessa yabitangaje nyuma yo kubazwa igihe yasomanye bwa mbere mu kiswe 100 questions aho...
Umusore umaze iminsi yerekana ko ari mu rukundo na Miss Uwase Vanessa yongeye kumubwira amagambo meza y’urukundo. Ibi uyu musore yabimubwiye abinyujije kuri story ya instagram...