Perezida Joe Biden yavuze ko Perezida Vladimir Putin "ni we wenyine" wateje intambara kuri Ukraine yongeraho ko "kandi azabyishyura igiciro gikomeye mu gihe kirekire".
Ijambo rye muri iki...
Umukobwa witwa Anna Khramtsova uri mu barinzi bakuru ba Perezida Vladmir Putin niwe watowe nk’umukobwa mwiza kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko ibyo gusubira mu muryango w’ibihugu bikize ku Isi, G7 atabikozwa kuko n’ubusanzwe ibyo bihugu bititaga ku nyungu z’igihugu...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko zimwe mu ntwaro Ukraine yahawe mu rugamba ihanganyemo n’u Burusiya, byarangiye ziri mu maboko y’Umutwe wa Hamas, kubera ruswa irangwa muri iki...
Umutegetsi wo muri Amerika yabwiye igitangazamakuru CBS, gikorana na BBC muri Amerika, ko umutegetsi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un ateganya gukorera uruzinduko mu Burusiya muri uku kwezi guhura...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari...
Perezida Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru yamenyesheje mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya ko amushyigikiye mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine, amuremamo icyizere cy’uko uko byagenda...
Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Kremlin, byemeje ko iki gihugu cyahanuye drones ebyiri zoherejwe na Ukraine ku rugo rwa Perezida Vladimir Putin, bikekwa ko icyo gitero cyari kigambiriye...
Boris Johnson wahoze ari minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yavuze ko Perezida w’Uburusiya Putin yamubwiye ko yamuhindura umuyonga byoroshye akoresheje Misile imwe ubwo barimo kuganira.
Boris...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yavuze ko ibihano ibihugu byo mu burengerazuba byafatiye Uburusiya nyuma y’igitero cyabwo kuri Ukraine ari "ubusazi kandi ntibyatekerejweho".
Avugira mu...
Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, akanagirana inama y’akazi akanasangira ifunguro ryo ku manywa na Minisitiri...
Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yaburiye Abarusiya avuga ko niba bashaka ko mu gihe kiri imbere batazabaho mu muhezo, bakwiriye kwikiza Putin hakiri...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashinje Amerika kugerageza gushora igihugu cye mu ntambara muri Ukraine.
Mu magambo ya mbere akomeye avuze mu byumweru byinshi byari bishize, yavuze ko...
Bivugwa ko ’umukobwa w’ibanga’ wa Perezida Vladimir Putin witwa Luiza Krivonogikh yaburiwe irengero nyuma yo gutangaza inkuru ivuga ku nzu ya miliyoni 3.1 z’amapawundi [penthouse Monegasque] ya...
Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nyuma ya operasiyo yakorwaga n’inzego z’iperereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Canada yagaragaje ko Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin ari inyuma y’ubujura...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 13 Kamena yakiriwe mu biro bya Perezida w’ Uburusiya ’Klemlin’ na Perezida Vladmir Putin w’Uburusiya mbere y’uko yitabira umuhango wo gutangiza imikino...
Perezida w’ Uburusiya Vladmir Putin nyuma yo gutangaza ko isasaha ku isaha intambara ya 3 y’ Isi ishobora gutangira, yakomoje no ku bintu bibiri bishobora gutera Uburusiya kubikura intwaro z’...
Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya Vladimir Putin w’Uburusiya kuba atarirukanue abadiplomate b’Amerika nyuma y’ibihano Obama yafatiye...