Inkuru dukesha urubuga rwa Forbes magazine rwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasohotse kuri uyu wa gatatu iratangaza ko umunya Portugal w’Imyaka 32 ukina umupira w’amaguru mu ikipe ya Real...
Myugariro wa Rayon Sports Rwatubyaye Abdul agiye kubagwa imvune amaranye iminsi yanatumye atigaragaza nk’uko byari byitezwe muri Rayon Sports.
Iyi mvune uyu musore yayigize ubwo Rayon Sports...
Ese waba ukoresha telefoni? Uyikoresha ku ruhe rugero? Uramenye utazashiduka wisanga mu bibazo by’imbaturamugabo, nyuma yo kutamenya byinshi ku ngaruka mbi zishobora kukubaho nyuma yo kwibera...
Mu gihe habura amasaha macye ngo irushanwa rya PGGSS ku nshuro ya karindwi rigere ku musozo, Knowless yagaragaje ko Dream Boys ifite amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa.
Guma Guma ihuza...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
Uyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo igihugu cyanyuzemo aribyo yavanyemo imbaraga zo kuyobora igihugu, inshingano yatangiye nyuma yo kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu mu 1994....
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...