skol
Kigali

Search: RBA (1421)

Safi utaratumiye Mukuru we yavuze kuri Nizzo wigiriye mu kabari ubwo yarushingaga

Nyuma y’uko Safi Madiba arushinganye na Niyonizera Judithe havuzwe byinshi kimwe mu byavuzwe hibajijwe impamvu atatumiye Nizzo Nshimiyimana Muhammad mu bukwe bwe bwabaye tariki ya 01 Ukwakira...
14 October 2017 8115 0

Umunyamakuru Eugene Anangwe yambitse impeta umukunzi we imbere ya camera z’ Abanyamakuru

Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yatunguye umukunzi we...
8 November 2017 3856 0

Nyuma yo kwiyomora kuri bagenzi be batangiranye,ubu Safi Madiba yinjiriye abahanzi bo muri Wasafi...

Niyibikora Safi wihaye akazina ka Safi Madiba, uyu mugabo wasezeye mu itsinda rya Urban Boyz, agatangira gukora ibihangano kugiti cye, kuri ubu yatangiye kugaragaza umuhate n’ubushake bwo kuzamura...
11 November 2017 1772 0

Bimwe mu byamamare nyarwanda byasabiye igihano umusore wari warabiyogoje konte za instagram

Bimwe mu byamamare byibwe konte zabyo ku mbuga nkoranyambaga byatangaje ko uriya musore wabayogoje adakwiriye gufungwa ahubwo akwiye kujyanwa mu ishuri agakarishya ubumenyi kuko hari ikintu...
7 August 2018 1950 0

Dore abanyamakurukazi 4 bakomeje kwigarurira imitima y’ Abanyarwanda kubera amajwi yabo [AMAFOTO]

Mu Rwanda hari abanyamakurukazi benshi cyane gusa hari abakurura abumva ibitangazamakuru cyane kubera amajwi yabo meza cyane. Hano twabakusanyirije urutonde rw’abanyamakurukazi 4 bakurura abantu...
17 September 2018 8405 0

Govt lays out mechanism to achieve Vision 2050

A report launched yesterday by the Government of Rwanda and the World Bank Group has laid out a path that Rwanda needs to follow in order to realise its Vision 2050 development...
11 November 2018 2715 0

Ntagahora gahanze,Platini avuga ku isenyuka ry’itsinda rya Dream Boys

Abakurikiranira umuziki hafi basanga itsinda rya Dream Boyz riri gusenyuka bucece nyuma y’uko buri umwe mu barigize atangiye kujya agaragara mu ndirimbo zitandukanye batagaragaramo...
25 January 2020 3895 0

Producer Holy Beat wakoreraga BadRama arafunze

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru tariki 4 Werurwe 2020 nibwo Shyaka Olivier uzwi nka Producer HolyBeat ukora mu nzu itunganya umuziki ya The Mane yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha...
9 March 2020 1147 0

Apotre Mukabadege Liliane yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda

Umushumba w’itorero Umusozi w’ibyiringiro Apôtre Mukabadege Liliane yatawe muri yombi na polisi y’igihugu azira kubeshya ko agiye kuri radiyo kandi agiye ku...
6 April 2020 3466 0

Mu Rwanda habonetse abantu 5 bashya banduye COVID-19 n’abandi batanu bayikize

Kuri uyu wa Gatanu, mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Coronavirus mu bipimo 760 byafashwe, mu gihe abandi batanu bari bayirwaye bakize. Umubare rusange w’abanduye mu gihugu ni 143 barimo...
17 April 2020 1512 0

RURA yahaye abamotari amabwiriza mashya bagomba gukurikiza mu kurwanya Coronavirus inagira inama ikomeye...

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwahaye amabwiriza mashya abatwara abagenzi kuri moto [Abamotari] mbere y’uko basubukura akazi kabo kuwa 01 Kamena 2020, gusa rushishikariza abagenzi...
28 May 2020 1854 0

Amerika yongereye ingabo muri Syria nyuma yo gukozanyaho n’Uburusiya

Amerika yongereye abasirikare isanzwe ifite muri Syria nyuma yuko gukozanyaho kwa hato na hato n’abasirikare b’Uburusiya kongereye ubushyamirane muri icyo...
19 September 2020 2857 0

Agahinda k’abanyamakuru bajyanye n’Amavubi muri Cameroun bakananizwa bikomeye

Birashoboka ko waryohewe n’amakuru y’Amavubi yakugeragaho avuye muri Cameroun, ariko burya ngo ibyaberaga mu Burengerazuba bwa Afurika byari bitandukanye. Abanyamakuru baherekeje Ikipe y’Igihugu...
3 February 2021 11575 0

Indirimbo The Ben yakoranye na Rema iri guhatanira ibihembo bikomeye muri Uganda

Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy...
16 April 2021 780 0

Umujyi wa Kigali wamaze kuzuza inzu ya mbere yimuriwemo abaturiye Ruhurura ya Mpazi

Umujyi wa Kigali urimo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubakira abatuye mu bice byegereye ruhurura ya Mpazi by’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Rwezamenyo.
7 June 2021 4252 0

Abantu 72 bamaze kugwa mu midugararo yatewe n’ifungwa rya Jacob Zuma

Umubare w’abamaze gupfa muri Afurika y’epfo wazamutse ugera ku bantu 72, mu gihe urugomo rwibasiye ibice bimwe by’igihugu nyuma y’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida Jacob...
14 July 2021 501 0

Habarugira Patrick yasezeye kuri Radio Rwanda yari amazeho imyaka isaga 10

Umunyamakuru Habarugira Patrick wakundwaga na benshi kuri RBA kubera ubuhanga yari afite mu biganiro by’imikino,yamaze gusezera muri iki kigo aho agiye kwerekeza mu gihugu cya Canada kongera...
6 August 2021 3628 0

Rutura, Yago, Lucky na Antoinette Batunguranye mu mikino idasanzwe- AMAFOTO

Ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamakuru ndetse n’abavuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga ni bamwe mu batunguranye mu mikino idasanzwe ariko igamije...
13 November 2021 2160 0

DORE UMUTI UJE GUKEMURA INDWARA Z’AMENYO NDETSE N’UBURWAYI BWO MU KANWA “LONGRICH WHITE TEA MULTI-EFFECT...

Mu kanwa kacu huzuyemo bagiteri ibihumbi n’ibihumbi. Usanga ku menyo, ku ishinya ku rurimi n’ahandi hanyuranye mu kanwa. Izo bagiteri zifite akamaro nyamara hari igihe ziba mbi zikaba ari zo zigira...
13 June 2022 6500 0

Perezida Kagame Yageze Muri Angola kuganira na Tshisekedi

Perezida Kagame Yageze Muri Angola nyuma ya mugenziwe Tshisekedi, Mu Nama Iri Bumuhuze Na João Lourenço.
6 July 2022 1203 0

Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza yatangaje ko yeguye n’ubwo azategereza umusimbura

Boris Johnson wari umaze igihe gito abaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatangaje yeguye kuri uyu wa 7 Nyakanga 2022.
7 July 2022 1279 0

Amashuri yigenga arataka igihombo kubera umwanzuro Leta iheruka gufata

Mu gihe hashize igihe gito Ministeri y’uburezi itangaje ko hagiyeho ikiguzi kingana ku mashuri ya leta, kuri ubu haravugwa imibare y’abanyeshuri bava mu mashuri yigenga bakajya mu mashuri ya Leta...
5 October 2022 2818 0

Umukinnyi uzwi mu Bwongereza yashyize hanze akayabo ashaka guhemba uzamwororera ingona

Uwahoze ari umukinyi wa Rangers na Liverpool, Ryan Kent, ari gushakisha umuntu wamufasha korora ingona ye [crocodile] akajya amuhemba akayabo.
31 August 2023 819 0

Umuganga arashinjwa kuba yarakoreshaga intanga ze mu gufasha abifuza urubyaro

Aha abo bana batanze ikirego bari barimo kuganira n’ itangazamakuru Urukiko rwo mu gihugu cy’ u Buholande rwategetse ko hakorwa isuzuma ku byuma byakoreshwaga n’ umuganga uherutse kwitaba Imana....
4 June 2017 2431 0

Inkuru iteye agahinda y’umubyeyi wafashe impamyabumenyi y’umwana we umaze iminsi itatu apfuye(AMAFOTO)

Nyuma yo kwiga amashuri yisumbuye, akaza no kubona amanota meza amuhesha kwiga kaminuza, yaje kwitaba Imana mu buryo butunguranye atewe icyuma. ibi bikaba byabaye habura igihe gito ngo ahabwe...
31 May 2017 11599 0

Safi Madiba ngo nta muntu yizera, no ku mukunzi we n’uko

Madiba wahawe amazina ya Niyibikora Safi ubwo yavukaga, avuga ko mu buzima bwe nta muntu ajya yizera ngo umubyeyi we niwe nkoramutima ikomeye kuri we kuburyo nibyo amubwiye byose ashyiraho...
13 March 2017 3195 0

Kaminuza ya Harvard yahaye igihembo Rihanna kubera gushyigikira ikiremwamuntu

Umuririmbyi Rihana wavukiye i sait Michel muri Barbados, yahawe ishimwe ry’umwaka wa 2016 na Kaminuza ya Harvard yo muri leta zunze ubumwe za Amerika nk’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu...
24 February 2017 1458 0

St Valentin isize Nizzo ahishuriye umukunzi we ibanga atigeze amubwira-AMAFOTO

Nshimiyimana Muhamed wamamaye muri muzika nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys; usanzwe ukundana byeruye na Umulisa Yvette kuri St Valentin yamubwiye ibanga riruta irindi mu rukundo, aho...
15 February 2017 6989 0

The Ben yemeye ikosa ryo gutoroka igihugu, anavuga birambuye ku buzima bwe muri Amerika

The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...
25 December 2016 2524 0

Isomo Humble yigishijwe n’umukunzi we ryatumye yandika igitabo

Manzi James uzwi ku izina rya Humble Jizzo umwe mu basore babarizwa mu itsinda rya Urban Boys riherutse kwegukana PGGSS6, aravuga ko ’gukoresha neza igihe’ ari isomo rikomeye yigishijwe n’umukunzi...
12 December 2016 1056 0
0 | ... | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | ... | 1410