Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yatunguye umukunzi we...
A report launched yesterday by the Government of Rwanda and the World Bank Group has laid out a path that Rwanda needs to follow in order to realise its Vision 2050 development...
Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru tariki 4 Werurwe 2020 nibwo Shyaka Olivier uzwi nka Producer HolyBeat ukora mu nzu itunganya umuziki ya The Mane yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha...
Kuri uyu wa Gatanu, mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Coronavirus mu bipimo 760 byafashwe, mu gihe abandi batanu bari bayirwaye bakize. Umubare rusange w’abanduye mu gihugu ni 143 barimo...
Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy...
Umujyi wa Kigali urimo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubakira abatuye mu bice byegereye ruhurura ya Mpazi by’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Rwezamenyo.
Umunyamakuru Habarugira Patrick wakundwaga na benshi kuri RBA kubera ubuhanga yari afite mu biganiro by’imikino,yamaze gusezera muri iki kigo aho agiye kwerekeza mu gihugu cya Canada kongera...
Ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamakuru ndetse n’abavuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga ni bamwe mu batunguranye mu mikino idasanzwe ariko igamije...
Mu kanwa kacu huzuyemo bagiteri ibihumbi n’ibihumbi. Usanga ku menyo, ku ishinya ku rurimi n’ahandi hanyuranye mu kanwa. Izo bagiteri zifite akamaro nyamara hari igihe ziba mbi zikaba ari zo zigira...
Mu gihe hashize igihe gito Ministeri y’uburezi itangaje ko hagiyeho ikiguzi kingana ku mashuri ya leta, kuri ubu haravugwa imibare y’abanyeshuri bava mu mashuri yigenga bakajya mu mashuri ya Leta...
Aha abo bana batanze ikirego bari barimo kuganira n’ itangazamakuru
Urukiko rwo mu gihugu cy’ u Buholande rwategetse ko hakorwa isuzuma ku byuma byakoreshwaga n’ umuganga uherutse kwitaba Imana....
Madiba wahawe amazina ya Niyibikora Safi ubwo yavukaga, avuga ko mu buzima bwe nta muntu ajya yizera ngo umubyeyi we niwe nkoramutima ikomeye kuri we kuburyo nibyo amubwiye byose ashyiraho...
Umuririmbyi Rihana wavukiye i sait Michel muri Barbados, yahawe ishimwe ry’umwaka wa 2016 na Kaminuza ya Harvard yo muri leta zunze ubumwe za Amerika nk’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu...
Nshimiyimana Muhamed wamamaye muri muzika nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys; usanzwe ukundana byeruye na Umulisa Yvette kuri St Valentin yamubwiye ibanga riruta irindi mu rukundo, aho...
The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...
Manzi James uzwi ku izina rya Humble Jizzo umwe mu basore babarizwa mu itsinda rya Urban Boys riherutse kwegukana PGGSS6, aravuga ko ’gukoresha neza igihe’ ari isomo rikomeye yigishijwe n’umukunzi...