Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu gihugu cy’Ubwongereza Kitoko Bibarwa Patrick yatangaje ko yababajwe cyane n’itandukana ry’itsinda rya Urban boys gusa anavuga ko afite ikibazo cy’amashusho y’indirimbo...
Abategura ibi bihembo bya East Africa Fashion, bavuga ko mu gutoranya ababihataniramo bagendeye ku bikorwa buri umwe yakoze ndetse ko babonye mu Rwanda hari umubare munini w’abazamuye urwego rwabo...
Abanyamakuru bamaze kubaka amazina akomeye hano mu Rwanda barimo Cleophas Barore na Uwera Jean Maurice bari n’umuvandimwe wa Cleophas Titian Mbangukira
bari mu banyeshuri bahawe impamyabumyenyi...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
Safi wibereye mu kwezi kwa buki n’umufasha we Judith akomeje gusangiza abakunzi be amafoto atandukanye agaragaza uburyo amerewe aho ari kuruhukira, Kuri ubu ifoto yashyize hanze yavugishije abantu...
Tariki ya 28 Ugushyingo nibwo Umunyamakuru Tracy Agasaro wa RBA yasabwe aranakobwa n’umukunzi we Rene Patrick, usanzwe ari umuhanzi ukunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, cyane cyane mu...
Nshimiyimana Muhamed uzwi ku izina rya Nizzo Kabos uririmba mu itsinda rya Urban Boyz mu minsi yashize byavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we Umulisa Yvette gusa yirinda kugira byinshi...
Niyibikora Safi wo mu itsinda rya Urban Boys yongeye kugaragaza ko Nizzo Nshimiyimana Muhammed atakiri mu bandimwe be, yagaragaje amazina y’abo yita inshuti magara anashyira hanze ifoto bahuriyeho...
Umuririmbyi Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo itsinda rya Urban Boyz n’umukunzi we Amy Blauman, bahagurutse mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017 bajya muri...
Umunyamakuru Kwizigira Jean Claude ukora ibiganiro byibanda cyane ku makuru y’imikino kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda yakoye anasaba umukunzi we bamaze imyaka 15 bakundana mu muhango waranzwe...
Ku mugoroba w’ejo hashize ni bwo ku mbuga nkorangambaga hakwirakwiye ubutumwa bubika umunyamakuru Gerard Mbabazi umunyamakuru wa Magic FM, bwavugaga ko yagonzwe n’ikamyo agahita...
Umunyamakuru, Gatera Edmond wamenyekanye cyane mu byegeranyo by’imikino mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko na Mukarugamba...