Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Mozambique, Filipe Nyusi n’abaturage b’iki gihugu muri rusange, ku ntambwe bateye yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima...
Ikipe ya FC Barcelona yakomwe mu nkokora n’abakinnyi bayo babiri banze kugabanya umushahara kugira ngo ibone amahirwe yo kongera gusinyisha Lionel Messi.
Iki gihangange cya LaLiga cyizeye...
Perezida wa FC Barcelona,Joan Laporta,yavuze ko umuryango uhora ufunguye kuri Lionel Messi ngo abe yagaruka mu rugo ndetse yemeje ko agiye kurwana intambara akamugarura.
Ibi bije nyuma y’aho...
Abakora ingendo mu ntara y’Amajyepfo baravuga ko Kompanyi zitwara abagenzi zitabagarurira ibiceri bisigara iyo bishyuye amafaranga ari ku itike basabwa.
Aba babwiye Radio Flash FM dukesha iyi...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yatangiye gutakaza icyizere yari ifitiye umutoza Christophe Galtier aho bivugwa ko yaba yifuza kugarura Thomas Tuchel baheruka gutandukana mu myaka mike ishize.
Iyi...
Abaturage babiri bo mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, batawe muri yombi nyuma yo gusanga bataburuye inyama z’inka iheruka kwipfusha abashinzwe ubworozi bakavuga ko inyama zayo zidakwiriye...
Abantu babiri bo mu muryango umwe bishwe n’urusamagwe bivugwa ko ari rumwe mu gihugu cy’Ubuhinde
Uru rusamagwe bivugwa ko rwatorotse pariki rwabagamo ruraza rukora aya mahano mu gace kamwe muri...
Nyuma y’amasaha macye The Trainer atangaje ko ari we se w’umwana Keza atwite, Keza yaburiye abantu kwirinda kwizera ibyo uyu musore avuga mu itangazamakuru.
Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Major General Jeff Nyagah uyoboye itsinda ry’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba [EACRF] ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwo kugarura amahoro....
Ikipe ya Rayon Sports ifite amahirwe 90% yo kugarura umunya Marroc Youssef Rharb uri mu beza yari itunze mu mwaka w’imikino ushize mbere y’uko asubira iwabo.
Amakuru aravuga ko nta gihindutse,uyu...
Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku birego byatanzwe ku matora ya perezida yo mu kwezi gushize.
Kuwa gatanu, abacamanza barindwi b’uru rukiko bagiye kwiherera...
Brig Gen General Jeff Unyaga wahawe kuyobora Ingabo za Kenya zizitabira ubutumwa bwa EAC mu kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasuye intara ya Ituri aho bivugwa ko...
Reaction Unit SA (RUSA) yavuze ko ku wa kane w’iki cyumweru, umusore w’imyaka 21 yishwe nyuma y’uko bivugwa ko yanze gutirura imyenda yatijwe mu ntara ya KwaZulu Natal muri Afurika y’Epfo.
Nk’uko...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, bambitswe imidari yo kubashimira ubwitange, umwete...
Mu Rukerera rwo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere abayisilamu bo hirya no hino mu Rwanda batunguwe no gusanga kuri imwe mu misigiti hariho abapolisi babuza abasanzwe batora adhana...
Umugabo wo muri Nijeriya wari ufite ikibazo gikomeye cy’inguzanyo ya banki yari yarafashe mu myaka itatu ishize kugira ngo yite ku muryango we, yicaye hasi mu cyumba cye ararira bikomeye ndetse...
Hakozwe urutonde rw’abakinnyi 10 bakurura abagore muri Premier League gusa biganjemo abadafite amazina akomeye cyane ko na kizigenza Cristiano Ronaldo atigeze agaragaramo
Ubu bushakashatsi...
Nyuma y’igihe abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi bategereje imvura yagira icyo imarira imyaka bari barateye ndetse n’urutoki bavuga ko rwari ruyinyotewe, abo mu midugudu ya...
Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA]rwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama 2020, nta moto itwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali yemerewe gukora idafite...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 10/8/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza cyamunara imitungo itimukanwa ya Zairwa Theodomir iherereye mu...