Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2022, bambitswe imidari yo kubashimira ubwitange, umwete...
Reaction Unit SA (RUSA) yavuze ko ku wa kane w’iki cyumweru, umusore w’imyaka 21 yishwe nyuma y’uko bivugwa ko yanze gutirura imyenda yatijwe mu ntara ya KwaZulu Natal muri Afurika y’Epfo.
Nk’uko...
Brig Gen General Jeff Unyaga wahawe kuyobora Ingabo za Kenya zizitabira ubutumwa bwa EAC mu kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasuye intara ya Ituri aho bivugwa ko...
Abadepite bo muri Uganda bigishijwe uko bagomba kuzitwara mu nama ya Commonwealth Parliamentary Conference(CPC) izabera muri iki gihugu mu minsi iri imbere.
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 27/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Muhakwa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Muhakwa...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Umwarimukazi witwa Helen Evans w’imyaka 48, wigisha mu mashuli abanza yo mu gihugu cya Wales yahagaritswe ku kazi imyaka 2 nyuma yo kuregwa na mugenzi we ko yamukuruye ubugabo ubwo bari mu birori...
Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri...
Umwarimu w’icyongereza ukomoka mu Burusiya witwa Zalina Gedugova yasabiwe na benshi kwirukanwa ku kazi ke, nyuma yo gukangurira abanyeshuli beb’abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure kwambara...
Dr Haron Mwangi umushakashatsi wahoze ari umuyobozi mukuru w’ inama nkuru y’ itangazamakuru muri Kenya yavuze ko impamvu muri Afurika abenshi mu bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika...
Mu gihe abakirisitu bitegura kwizihiza Pasika, itsinda ry’abubatsi ryasoje ibikorwa byo kuvugurura ahafatwa nk’ahari imva Yezu Kristu yashyinguwemo akazuka mu mujyi wa Yeruzalemu.
Hari hashize...
Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize mu Mujyi wa Kayunga umumotari witwa Steven Sseruwo w’imyaka 45 yakubiswe bikomeye kugera ubwo akurwamo amaso.
Uyu mugabo utuye mu gace ka Mbulawati mu Karere ka...
Prof Karuranga Egide yagizwe umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo, UNIK asimbuye kuri uyu mwanya Prof.Silas Lwakabamba weguye ku wa 22 Nzeri 2017 ku mpamvu avuga ko hari ibyo atumvikanyeho...
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye irateganya gutangira imirimo yayo kuri uyu wa kabiri i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika ikaba izaganira ku ngingo zitandukanye cyane cyane harimo...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro byimbitse n’uwahoze ari kapiteni wayo Ndayisenga Fuadi aho biteguye kumugarura akabafasha mu mwaka w’imikino utaha cyane ko ari mu Rwanda ndetse yamaze kugera...
Ku wa kane taliki ya 17 kanama nibwo habaye inama yahuje Gacinya Dennis n’ abafana ba Rayon Sports bahagarariye amatsinda y’abafana bayo baganira byinshi ku byerekeye iyi kipe harimo ibijyanye...
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta rukundo yigeze agirana n’umuhanzi Mico The Best nk’uko byakunze kuvugwa, ngo ni umupangu bakoze kugira...
Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre aratangaza ko yiteguye kugarurira iyi kipe mu ruhando rw’amakipe ahatanira ibikombe mu Rwanda.
Kiyovu Sports n’imwe mu makipe amaze igihe muri...