Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Mata 2022, nibwo umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back up itegura irushanwa rya Miss Rwanda, Ishimwe Dieudone wamenyekanye cyane ku izina rya Prince Kid yatawe...
Ku wa Mbere, taliki ya 9 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda (RNP) yashyikirije amafaranga y’u Rwanda, ibihumbi mirongo ine (40,000 Frw) nyirayo nyuma yo gutoragurwa n’umupolisi ukorera mu Kigo cya Polisi...
Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu bikorwa bitandukanye byabaye ku wa kabiri tariki ya 06 Nzeri mu turere twa Musanze na Gakenke yagaruje amafaranga y’u Rwanda miliyoni 1 n’ibihumbi...
Umuturage w’imyaka 41 wo mu Mudugudu wa Kangondo mu Murenge wa Remera witwa Shikama Jean de Dieu, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha byo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi no gukurura...
Uko iminsi igenda ishira ibyamamare mu Rwanda ntibisiba gukora ubukwe bitandukanye no mu myaka yashize kuko wasangaga abakora ubukwe ari bake.Umuryango wongeye kubegeranyiriza amafoto atandukanye...
Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023,amashuri yo mu Rwanda yatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cya leta cyo gutangira amasomo saa mbili n’igice z’igitondo aho kuba saa moya nk’uko...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu banashyira indabo ku kimenyetso cy’ubutwari kiri ku gicumbi cy’Intwari i Remera mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali....
Mu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu.
Icyakora mu myaka...
To sustain and enhance targeted gross revenue in respective Zone by effective implementation of planned strategies that aim at improving distribution...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro cy’ingendo...
Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho yamaze gutandukana na Rayon Sports ndetse agiye kwisubirira iwabo muri Brazil nyuma yo kwimwa amasezerano kandi...
Ambasade ya Amerika mu Rwanda yabajije abakinnyi cyangwa abahanzi bo muri Amerika bifuza ko bazaza gutaramira cyangwa gukinira mu nyubako ya Kigali Arena iherutse gutahwa ku mugaragaro na...
Umunya Cameroon witwa Che Suh Bonaventure w’imyaka 18 wigaga muri Kaminuza yigisha iby’Imiyoborere (ALU), yapfiriye muri piscine ya Hotel Mostar ubwo yarimo koga kuri iki...
Rev Past Dr Antoine Rutayisire yatangaje ko bwa mbere acyumva izina Shaddy Boo, yabanje kugira ngo ni Filime kimwe na Papa Sava yabaye kimomo mubakunzi ba Sinema...
Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko hari abarundi babili bahungiye mu Rwanda nyuma y’imvururu zabanjirije n’izakurikiye amatora ya Perezida wa Repubulika mu Burundi barimo gushakishwa n’inzego...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari kumwe na Masai Ujiri (umuyobozi wa Toronto Raptors(yo muri Amerika ikina muri NBA) basuye inzu y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena yuzuye mu...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije n’umuryango wa Senateri Bishagara Kagoyire Thérèse,washyinguwe kuri uyu wa Gatanu nyuma yo y’igihe gito apfiriye muri USA azize...
Umunyamakuru ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio 10, Hagenimana Benjamin, uzwi ku izina rya Gicumbi,yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Ingabire Delphine...
Ikipe ya Rayon Sports imaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11 iza kwifashisha ku gicamunsi cy’iki cyumweru, mu mukino w’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup uyihuza na Tout Puissant Mazembe...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho...