Mpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba...
Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
Muri gahunda ya Polisi y’u Rwanda yo kuvugurura inyubako ikoreramo, kuri uyu wa kane tariki ya 24 Kanama 2017, yatashye ku mugaragaro inyubako nshya y’icyicaro cya Polisi y’u Rwanda ikorera mu...
Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru hakiyongeraho ko ari n’ umushyushya rugamba wabigize umwuga (Mc Tino) Benshi Baziho no gusetsa cyane, mu ijro ryo kuri uyu wa gatanu taliki 1 Nzeri 2017,yakoze...
Mu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari...
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo imikino yo ku munsi wa 2 w’igikombe cy’agaciro Development Fund aho ikipe ya Police FC imaze gutsindwa n’ikipe ya APR FC ibitego mu mukino watangiye ku I saa cyenda...
Kuri iki cyumweru tariki ya 17 nzeri 2017 nibwo Mutuyimana Evariste yaherekejwe mu cyubahiro nyuma y’uko yitabye Imana azize urupfu rutunguranye mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 12/09/2017....
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless yahakanye ko yanze gukorana indirimbo na Sheebah Karungi ahubwo ko bishoboka ko we atigeze abimenyeshwa bisa naho Sheebah afite undi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Nyuma yo kwemeranya kubana akaramata,Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we barabarizwa i Dar es salaam mu gihugu cya Tanzaniya mu kwezi kwa Buki.
Bivugwa ko aba bombi...
Ku mugoroba wo kuwa mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 nibwo uyu muryango mushya mu bitabo by’abemera Imana, Niyibikora Safi na Niyonizera Judithe bahagurutse ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya...
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Kuri uyu wa 17 Ukwakira 2017 i Remera mu Karere ka Gasabo Akagari ka Nyabisindu Umudugudu w’Amarembo II , mu rugo rwa Alfred Karegeya hakuwe umurambo w’umugore wishwe bakamuhamba muri urwo rugo...