skol
Kigali

Search: Remera (906)

CAF CL: APR FC iracakirana na Zanaco FC, 11 ba APR FC babanzamo

Ku isaha ya saa 15:30’ hano i Kigali mu Rwanda ndetse na Lusaka muri Zambia, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Gashyantare 2017, nibwo ikipe ya APR FC iri bube imanuka mu kibuga ikina na Zanaco...
11 February 2017 1124 0

15 Bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2017 berekeje mu mwiherero-AMAFOTO

Nyuma y’Icyumweru kimwe abakobwa 15 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2017 bari iwabo mu miryango, kuri ubu tariki ya 12 Gashyantare 2017 berekeje mu mwiherero i Nyamata mu Karere ka Bugesera aho...
12 February 2017 3274 0

Ntibakozwa ibyo kuva ku biro by’ Akarere ka Musanze batishyuwe amafaranga yabo

Abaturage bari hagati ya 200 na 215 kuva mu museso wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017, bakoraniye ku kicaro cy’Akarere ka Musanze aho bari gutakambira ubuyobozi ngo bubafashe...
13 February 2017 2170 0

Saint Valentin : Inkomoko y’uwo munsi n’uko wizihizwa

Amateka ya Saint Valentin ahuzwa n’umupadiri wasezeranyaga abasore n’inkumi rwihishwa kuko bitari byemewe, ndetse nyuma byamenyekana akaza kwicwa(Guhorwa Imana). Uwo munsi ufatwa nk’uwabakundana,...
14 February 2017 4069 0

Urujijo ku rupfu rw’ umuvandimwe wa Perezida wa Koreya ya Ruguru

Mu gihe amakuru avuga ko umuvandimwe wa Perezida wa Koreya Ruguru yiciwe muri Malaysia, Koreya ya Ruguru yirinze kugira icyo itangaza kuri uru rupfu, Koreya y’ Epfo ivuga ko uwishwe ari...
15 February 2017 2175 0

Abagore 35 bigishwa kudoda bigizwemo uruhare na Miss Sharifa basoje amashuli-AMAFOTO

Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, abagore 35 bigishwa kudoda bigizwemo uruhare na Miss umuhoza Sharifa wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda 2016 basoje amasomo. Iki...
16 February 2017 1874 0

“Uwo ariwe wese uzagira amanota amwemerera kwiga iwacu azaze yige” Hamidi Ansari

Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
21 February 2017 1694 0

Uwera Dalila wabaye Miss Rwanda mu 1994 ntiyumva neza impamvu adahabwa agaciro

Uwera Dalila tariki 17 Ukuboza 1993 yatorewe kuba Miss Rwanda 1994 mu muhango wabereye kuri Hotel chez Lando i Remera, Uyu mubyeyi yibaza impamvu nawe atajya ahabwa umwanya muri aya marushanwa...
26 February 2017 12958 0

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
28 February 2017 1900 0

Abasifuzi bazasifura umukino wa Rayon Sports na Onze Createurs bagiye ahagaragara

Abasifuzi batatu bakomoka mu igihugu cya Cape Verde nibo bazayobora umukino ubanza wa 1/16 uzahuza Onze Createurs yo muri Mali na Rayon Sports yo mu Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF...
1 March 2017 1108 0

Uwera, Miss Rwanda 1994 yatandukanye n’umugabo we nyuma y’imyaka 3 bakoze ubukwe

Uwera Dalila watowe tariki 17 Ukuboza 1993 kuba Miss Rwanda 1994, yamaze gutandukana byeruye n’umugabo we bari bamaranye imyaka 3 mu munyenga w’urukundo. Gutora Nyampinga mu Rwanda byatangiye mu...
1 March 2017 3468 0

FERWAFA ihaye umugisha Antoine Hey nk’umutoza w’Amavubi

FERWAFA yemeje Umudage Antoine Hey nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’.Ahigitse umu Portugal n’umu Suwisi. Ni nyuma y’inkuru yasohotse mu kinyamakuru ’La Jeune...
2 March 2017 1338 0

18 umutoza Masudi Djuma ahagurukana gukina na Onze Créateurs bamenyekanye

Mu urukerera rwo kuri uyu wa gatatu saa 1:45’ za mu gitondo nibwo biteganyijwe ko ikipe ya Rayon Sports ihaguruka mu Rwanda yerekeza muri Mali gukina na Onze Créateurs mu mikino nyafurika ya CAF...
7 March 2017 1979 0

Abahanzi bo hambere n’ abubu bagiye guhurira mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi w’ ururimi gakondo

Mu rwego rwo kwihiza umunsi w’ ururimi gakondo hateguwe igitaramo kirahuriramo abahanzi bo mu Rwanda barimo abo hambere n’ abahanzi bubu. Ubusanzwe ku Isi hose umunsi wahariwe kwita ku rurimi...
24 March 2017 749 0

Perezida Kagame na madamu, na Moussa Faki mu bitabiriye urugendo n’ ijoro byo Kwibuka 23

Perezida Kagame na Madamu bari kumwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, bifatanyije n’Abanyarwanda barenga ibihumbi 30 biganjemo urubyiruko rwitabiriye...
8 April 2017 1538 0

Umusirikare wahoze mu ngabo zatsinzwe yavuze uko yahungishirije i Burundi Abatutsi barenga 18

Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
8 April 2017 3681 0

Kwibuka 23: Amatariki akomeye y’itegurwa n’igeragezwa rya Jenoside 1991-1994 igice cya nyuma

Mu 1994 ......, Ibi bikorwa by’urugomo no gutegura Jenoside byamaganywe icyo gihe n’Imiryango nyarwanda y’uburenganzira bwa muntu irimo PRO-FEMMES Twese Hamwe, CLADHO na CCOAIB. Raporo ya Sena...
9 April 2017 828 0

U Rwanda rwasabye Afurika kujya ikoresha inyito nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damaècene yasabye ibihugu bya Afurika kujya bikoresha inyito nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi...
12 April 2017 929 0

Ruhango: Batanu bakurikiranyweho gucukura butike bakiba ibicuruzwa birimo umunyu n’ ifu y’ ubunyobwa

Mu murenge wa Kinazi w’ Akarere ka Ruhango amabandi yahengereye abantu basinziriye acukura butike ya Eduard Mutarambirwa, uzwi ku izina rya Musirikare, yiba ibikoresho birimo amakaziya, umunyu,...
14 April 2017 1159 0

Reba ibintu 5 by’ingenzi mu buzima kurenza amafaranga

Ubundi usanga ibiroto bya buri umwe hano ku isi ari ukugira amafaranga menshi bityo mu buryo bwo kugirango agire amafaranga menshi usanga akoresha imbaraga zose maze ngo nawe aze mu...
18 April 2017 5070 0

“Biragayitse kubona muri Jenoside umuganga yarafatanyije n’ abandi mu kwica” Dr Gashumba

Minisiteri y’ ubuzima ifatanyije n’ ikigo cy’ igihugu cyita ku buzima RBC bifatanyije n’ imiryango y’ abafite ababo bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi bari abakozi b’ urwego rw’ ubuzima, hagawa...
21 April 2017 1391 0

Mu masaha make Habyalimana arashwe abarinzi be bishe abihayimana 15

Iyi mva niyo ibitse imibiri y’ abo bihayimana Abarindaga Uwari Perezida w’ u Rwanda Juvenal Habyalimana mu rukerera rwa Jenoside yakorewe abatutsi bishe abihayimana 15. Mu gitondo cyo ku wa 7...
22 April 2017 5642 0

Impunzi z’ Abarundi zikekwaho ibyaha bitandukanye zaburanishijwe

Mu Nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe intara y’ Iburasirazuba haburanishijwe impunzi zirindwi z’ Abarundi zikurikiranyweho ibyaha birimo gucuruza ibiyobyabwenge n’ ibindi. Abarundi...
27 April 2017 960 0

Umusaza yatsindiye amamiliyoni y’ amadorali kubera kumvira umugore we

Rimwe na rimwe abagabo benshi ntibajya bumvira abagore babo,bumva ko abagore nta kuri bagira ndetse abagabo bumva ko aribo bahora mu nzira nziza,ariko iyi nkuru yaba bakabwe igiye kukwereka ko...
7 May 2017 3369 0

Aya niyo magambo 6 y’Urukundo yagufasha kuguma urushikamyemo

Nkuko tudahwema kubibwira abantu ko ku isi ari ho hantu umuntu ashobora kuremera urukundo nyarwo ubundi rukaryoha,igihe urukundo nyarwo ruzabaho abanyabyaha bazagabanuka,abahohoterwa...
11 May 2017 5272 0

Ubusambanyi ,gukorana na Satani nibindi byinshi nibyo abari ibyegera by’Intumwa Gitwaza yirukanye bakomeje...

Ubukene itorero Zion Temple rimazemo iminsi aho abakozi bamara amezi agera muri atanu badahembwa, gushinja Apotre Gitwaza ubusambanyi no gukorana na satani ni bimwe mu byaranze intambara imaze...
13 May 2017 18034 0

Nyaruguru: Abagabo batatu bakurikiranyweho urupfu rw’ umugore bikekwa ko yishwe anizwe

Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho urupfu rw’ umugore bikekwa ko yishwe anigiwe mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru. Umurambo wa Nyinawumuntu Josephine w’imyaka...
14 May 2017 1427 0

Batatu mubifuzaga kuba abadepite muri 2013, ubu ni ba Minisitiri undi ni Guverineri

Mu gihe mu Rwanda hitegurwa amatora y’ umukuru w’ igihugu azakurikirwa n’ amatora y’ abadepite mu nteko ishinga amategeko, batatu mu bifuzaga kuba abadepite mu matora yabaye muri 2013 magingo aya...
14 May 2017 7479 0

Rayon Sports yandikiye ibaruwa Ferwafa iyisaba guhabwa igikombe cya Shampiyona ku mukino bafitanye na mukeba wayo APR...

Ikipe ya Rayon Sports FC yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere yamaze gutwara yazagishyikirizwa ku mukino ifitanye na...
24 May 2017 1641 0

Ubuhamya bw’umugore wo mu Rwanda ukijijwe wagejeje ku myaka 30 akibenga abagabo ategereje uw’umugisha

Ubu ni ubuhamya bw’umugore wabonye umugabo nyuma y’imyaka 30 ategereje umugabo w’umugisha yari yarasabye Imana nk’uko abivuga. Yaratuganirije atwemerera ko twamutangira ubu buhamya kugira ngo n’undi...
26 April 2018 12161 0
0 | ... | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900