Ku isaha ya saa 15:30’ hano i Kigali mu Rwanda ndetse na Lusaka muri Zambia, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Gashyantare 2017, nibwo ikipe ya APR FC iri bube imanuka mu kibuga ikina na Zanaco...
Nyuma y’Icyumweru kimwe abakobwa 15 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2017 bari iwabo mu miryango, kuri ubu tariki ya 12 Gashyantare 2017 berekeje mu mwiherero i Nyamata mu Karere ka Bugesera aho...
Abaturage bari hagati ya 200 na 215 kuva mu museso wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017, bakoraniye ku kicaro cy’Akarere ka Musanze aho bari gutakambira ubuyobozi ngo bubafashe...
Mu gihe amakuru avuga ko umuvandimwe wa Perezida wa Koreya Ruguru yiciwe muri Malaysia, Koreya ya Ruguru yirinze kugira icyo itangaza kuri uru rupfu, Koreya y’ Epfo ivuga ko uwishwe ari...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, abagore 35 bigishwa kudoda bigizwemo uruhare na Miss umuhoza Sharifa wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda 2016 basoje amasomo.
Iki...
Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
Uwera Dalila tariki 17 Ukuboza 1993 yatorewe kuba Miss Rwanda 1994 mu muhango wabereye kuri Hotel chez Lando i Remera, Uyu mubyeyi yibaza impamvu nawe atajya ahabwa umwanya muri aya marushanwa...
Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
Abasifuzi batatu bakomoka mu igihugu cya Cape Verde nibo bazayobora umukino ubanza wa 1/16 uzahuza Onze Createurs yo muri Mali na Rayon Sports yo mu Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF...
Uwera Dalila watowe tariki 17 Ukuboza 1993 kuba Miss Rwanda 1994, yamaze gutandukana byeruye n’umugabo we bari bamaranye imyaka 3 mu munyenga w’urukundo.
Gutora Nyampinga mu Rwanda byatangiye mu...
Mu urukerera rwo kuri uyu wa gatatu saa 1:45’ za mu gitondo nibwo biteganyijwe ko ikipe ya Rayon Sports ihaguruka mu Rwanda yerekeza muri Mali gukina na Onze Créateurs mu mikino nyafurika ya CAF...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damaècene yasabye ibihugu bya Afurika kujya bikoresha inyito nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi...
Mu murenge wa Kinazi w’ Akarere ka Ruhango amabandi yahengereye abantu basinziriye acukura butike ya Eduard Mutarambirwa, uzwi ku izina rya Musirikare, yiba ibikoresho birimo amakaziya, umunyu,...
Rimwe na rimwe abagabo benshi ntibajya bumvira abagore babo,bumva ko abagore nta kuri bagira ndetse abagabo bumva ko aribo bahora mu nzira nziza,ariko iyi nkuru yaba bakabwe igiye kukwereka ko...
Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho urupfu rw’ umugore bikekwa ko yishwe anigiwe mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru.
Umurambo wa Nyinawumuntu Josephine w’imyaka...
Ikipe ya Rayon Sports FC yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere yamaze gutwara yazagishyikirizwa ku mukino ifitanye na...