Abaturage 182 bari batuye Mudugudu wa Kangondo ya mbere mu Kagari ka Nyarutarama mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, batangiye kwimurwa kubera ko amazu yabo ari mu manegeka ashobora...
Taliki 17/2/2020 nibwo Kizito Mihigo byavuzwe ko yiyahuriye muri kasho ya Polisi I Remera, uru rupfu ruba iherezo ry’ibibazo by’imanza, igifungo no guhangayika yari amazemo imyaka 6 nyuma yo...
Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika uri mu kigero cy’imyaka 23 yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i...
Jolie Claire, ni umukobwa w’imyaka 29 ufite inzu I Remera mu gace ka Nyarutarama aho yari asanzwe akoreramo ubucuruzi bwo gucumbikira abagenzi. Ni inzu igeretse gatatu ifite ibyumba 10 abagenzi...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire , yifatiye ku gahanga abashumba b’amatorero bihangije ku kwigisha abakirisitu inyigisho z’ubuntu,...
Umukozi wo mu rugo wari uzwi ku izina rimwe rya Jeannette wakoraga mu rugo rwa Uwineza Jeannette ruherereye mu mudugudu wa Gihogere, mu Kagari ka Nyabisindu, mu Murenge wa Remera yasanzwe...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire , yavuze ukuntu mu myaka yashize ubwo yayoboraga Cathedrale ya Kigali, iherereye mu gace ka Biryogo kazwiho...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Antoine Rutayisire anenga cyane uburyo ababyeyi muri iki gihe batanga uburere budahwitse ku bana babo, ashimangira ko aribyo bituma...
Imikino y’irushanwa ry’Agaciro Football Tournament igiye kuba ku ncuro yaryo ya kane iteganyijwe gutangira kuri uyu wa gatanu, izakinirwa kuri Stade Amahoro i...
Ikipe ya Rayon Sports itahabwaga amahirwe,ikoze ibitangaza itsinda ikipe ya TP Mazembe mu mukino wa mbere wo mu itsinda A rya CECAFA Kagame Cup wabereye kuri stade Amahoro I...
Umuhanzi Eric Senderi , ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunze kugira ibyo twakwita udukoryo cyane iyo ari ku rubyiniro asetsa abatari bake. hari ku munsi wo kwibohora tariki 4Nyakanga 2019 ku...
Imbere y’abakunzi bayo bari mu byishimo byinshi kuri stade Amahoro I Remera,Rayon Sports yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu gice cya mbere,yuzuza imikino 19 yikurikiranya idatsindwa ndetse...
Umuhinde witwa Prijith yasanzwe mu nzu y’uwitwa Gervais Ntaganda utuye mu mudugudu wa Kinunga, Akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera yapfuye aho bivugwa ko yiyahuye, amanutse muri...
harabura iminota mike ngo rwambikane hagati ya Rayon Sports na Police FC mu mukino ugiye kubera kuri Stade Amahoro i Remera, ni umukino uvuze byinshi muri shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda...
Umufundi wakoreraga akazi ke k’ubwubatsi mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, yaguye mu musarane wa metero 20,arapfa ubwo yari agiye gukuramo telefoni.
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 29 Werurwe 2019,umusore uzwi nka Gatete yapfiriye mu gitaramo cya Silent Disco cyabereye ku gasongero k’inyubako ya Remera Corner mu mujyi wa...
Umugabo witwa Uwimana bakunda kwita Mukiga ucururiza i Remera mu Giporoso yatemye intoki mugenzi witwa Rafiki,kuri uyu wa kane tariki ya 7 Gashyantare 2019 arangije yifungirana mu nzu kugira...
AMAKURU MURI MUZIKA Jay Polly mu mushinga w’ amashusho y’indirimbo ye “Umusaraba wa Joshua” AMAFOTO
ByRemera GaetanPosted on January 29, 2019 COMMENTS
Jay Polly ukunze kwiyita Kabaka, numwe mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 03 Ukuboza, abahanzi, abashumba inshuti ndetse n’abanyamuryango b’umuhanzi nyakwigendera Gakunzi Jonathan babyukiye mu muhango wo gusezera kuri uyu muhanzi...
Umushumba wa Paruwasi ya Remera mu itorero ry’Abangirikani, Rev Dr Antoine Rutayisire yanenze abantu bibasiye Apôtre Dr Paul Gitwaza kuko yavuze ko mu Rwanda no muri Afurika nta muhanuzi umuruta...
Ubuyobozi bw’ikigega Agaciro Development Fund bwatangaje ko guhera kuwa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018 kugeza tariki ya 30 Nzeli 2018, kuri sitade Amahoro i Remera hazaba hakinirwa imikino ngaruka...
Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo muri Centre y’ubucuruzi ya Kabuga ahitwa mu Gahoromani hakomeje kuboneka imibiri myinshi y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru yatanzwe muri...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rimaze kwemeza ko umukino wagombaga guhuza Espoir FC na APR FC I Rusizi wimuriwe kuri stade Amahoro I Remera ibintu bitashimishije abakunzi ba ruhago mu...
Abakozi ba Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa 21 Kamena 2018 bibutse abazize Jenoside bo mu karere ka Huye mu Murenge wa karama ahahoze hitwa Komine Runyinya bashyikiriza Meya w’Akarere ka Huye...
Umubyeyi bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2018 yasize umwana ku muhanda hafi ya rond Point I Remera ku Kisimenti ahita yinjira muri...