skol
Kigali

Search: Riderman (192)

Ama G The Black yongeye akongeza umuriro hagati ye na P-Fla aho yanavuze ko nta mubyeyi wakwifuza...

Mu minsi yashize umuhanzi P Fla, yibasiye abaraperi bagenzi be Riderman na Amag The Black, avuga ko atari abaraperi ahubwo ko ari abacuruzi.P Fla yavuze ibi hashize iminsi mike Ama G The Black,...
22 July 2019 1684 0

Abahanzi bakomeye batumiwe gususurutsa abanyarwanda muri East Afriacan Party

Ku nshuro ya cumi igitaramo mbatura mugabo kizwi nka East African Party cyongeye gutegurirwa abanyarwanda hagamijwe kwifurizanya iminsi mikuru no gusoza umwaka neza, aho n’abahanzi bazatarama...
9 December 2017 523 0

AMAFOTO 60 ya Keza Joannah, Nyampinga w’Umuco 2015

Mu mwaka wa 2015 nibwo izina ry’uyu mukobwa ryagaragaye ku rutonde rw’abakobwa bahatanira ikamba ryo kuba Nyampinga w’u Rwanda, icyo gihe ari mu baserukiye intara y’amajyepfo. Bagwire ntiyabashije...
9 November 2017 5523 0

Asinah yiharaje imyambaro igaragaza bimwe mu bice by’ibanga-AMAFOTO

Umuhanzikazi mu njyana ya Dancehall, Mukasine Asinah wamamaye nka Asinah Erra yiharije kwifotoza no kwambara imyambaro ituma amabere agaragara mu buryo bworoheye buri wese, kuburyo hari ababihuza...
24 October 2017 5179 0

Kitoko, The Ben n’abandi 9 baratarama mu gitaramo cyo kwizihiza intsinzi ya Paul Kagame

Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
18 August 2017 580 0

Asinah yatangaje ko amafoto ashyira ahagaragara yambaye ubusa abikora abyishimiye(AMAFOTO)

Mukasine Asinah uzwi nka Asinah Era yatangaje ko imyambarire ikunze kumuranga kenshi ntivugweho rumwe na bose, kuri we ntacyo iba imutwaye ahubwo yikoma itangazamakuru kuba mu bambere bamunenga....
31 July 2017 2643 0

Miss Mutesi Jolly yatangaje abaraperi 2 akunda mu Rwanda n’indirimbo aharaye

Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2016,yatangaje ko akunda ibihangano by’abaraperi 2 barimo Bulldogg ndetse na Riderman.
27 October 2018 1824 0

IFOTO Y’UMUNSI: Umuraperi yateje impaka nyuma yo kugaragara ahetse umwana we

Umuraperi Riderman ari kugarukwaho cyane, nyuma yo kugaragara ahetse umwe mu bana be.
9 October 2023 1222 0

Udushya utamenye twaranze ubukwe bw’Umuhanzi Mico The Best wagabiwe inka n’ibyamamare bitandukanye

Nkiko Turatsinze Prosper benshi bazi nka Mico The Best,uri mu bahanzi batangiye umuziki mu mwaduko wawo akora injyana by’umwihariko ya Afrobeat, kuwa 26 Nzeri 2021 yasezeranye kubana akaramata na...
27 September 2021 3492 0

Judith wari umugore wa Safi Madiba yambitswe indi mpeta[AMAFOTO]

Hashize imyaka isaga itatu umuhanzi Safi Madiba asezeranye na Judith Niyonizera. Ku wa Gatandatu tariki 1 Ukwakira 2017 nibwo aba bombi bahamije isezerano bemeranya kubana akaramata bahamya ko...
2 October 2020 26518 0

Karigombe na Safi Madiba bakomoje ku mukobwa wakundanye n’umusore mucyaro akaza kugira amahirwe yo kukivamo akigira mu mujyi...

Umuraperi Siti True Karigombe usanzwe ufasha Riderman ku rubyiniro afatanyije na Safi Madiba bashyize hanze amashusho y’indirimbo bise UMUNYEREZO.
6 February 2020 2265 0

Mu mafoto reba abahanzi/kazi nyarwanda batandukanye n’abakunzi babo baramaze gutangaza ko bagiye gukora ubukwe n’abari...

Hari benshi mu bahanzi nyarwanda bagiye batandukana n’abakunzi babo, kimwe n’uko undi wese yatandukana n’uwo bakundana. Muri aba bose, hari ababaga bakundana bisanzwe batarafata icyemezo cyo kubana,...
8 May 2018 7406 0

Jessica umaze kugaragara cyane mu mashusho y’abahanzi nyarwanda batandukanye yavuze abahanzi bagiye bashaka ko...

Umukobwa umaze kugaragara cyane mu mashusho y’abahanzi batandukanye, Iradukunda Pacifique Gasaro Jessica, avuga ko hari abahanzi bashatse ko baryamana bari mu ifatwa ry’amashusho akabatera utwatsi...
15 June 2019 6998 0

M Izzo wari waraburiwe irengero mu ruhando rwa muzika nyarwanda agarukanye na Ama G The Black bakangurira abantu gukoresha...

Umuhanzi Nyarwanda M Izzo wamenyekaniye muri Label yarizwi nk’ibisumizi nyuma ikaza gusenyuka nawe akamera nk’ucecetseho,kuri ubu agarukanye indirimbo yafatanyijemo n’umuraperi Ama G bise Credit...
15 March 2019 1254 0

Mu mafoto reba urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abagabo babo[AMAFOTO]

Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru.
16 September 2018 11567 0

Buri muntu aba afite urukweto rwe buriya urwanjye rwarabonetse –Asinah

Asinah avuga ko amaze amezi atandatu abonye undi musore bakundana nyuma y’imyaka 3 ari wenyine, gusa ngo byabaye inzira ndende kuko yamaze igihe kinini ataramwiyumvamo. Gusa kuri ubu yabonye...
13 August 2018 2650 0

Dore urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abakunzi/abagabo babo[AMAFOTO]

Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe...
28 April 2018 8908 0

Urutonde rw’ abahanzi nyarwanda bavugisha ukuri kurusha abandi

Abahanzi bo mu Rwanda bavugisha ukuri kurusha abandi ni Am G The Black , Safi Madiba , Tom Close , Riderman. U Rwanda rumaze kugwiza abahanzi benshi mu gihe bamwe muribo bakunze kurwanga no...
21 March 2018 11461 0

Barababaye bigaragarira rubanda!Dore abasitari 5 bakatiwe mu rurukundo [AMAFOTO]

Abenshi mu byamamare nyarwanda bakunze gushyira ku karubanda ubuzima bwabo, bakoresheje imbugankoranyambaga aho usanga imibereho yabo yaba ari uy’urukundo ndetse n’ubuzima busanzwe imenywa...
18 July 2023 9454 0

Umugore wa Mico The Best yakorewe ibirori ‘Baby Shower ‘byo kwitegura imfura yabo[Amafoto]

Umukunzi w’umuhanzi Mico The Best uzwi mu jyana ya b’injyana ya Afrobeat yakorewe ibirori byo kwitegura Imfura yabo bizwi ku izina rya Baby Shower.
11 December 2021 2575 0

Producer Mucyo Nicolas yakiriwe muri studio nshya iyobowe na Muyoboke Alex

Mucyo Nicolas [Producer Nicolas], umugabo uzwi mu gutunganya indirimbo mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imikoranire na Ishusho Company Ltd ihagarariwe na Muyoboke Alex nka Producer uhoraho...
10 August 2021 398 0

Bamwe mu byamamare nyaRwanda bahaye ubutumwa ababyeyi babo ku munsi w’umubyeyi w’umugore [AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo ku Cyumweru tariki 09 Gicurasi 2021 nibwo wari umunsi Mpuzamahanga w’umubyeyi w’umugore(Mother’s Day), usanzwe wizihizwa buri mwaka ku cyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa Gicurasi , dore...
10 May 2021 1289 0

Umuhanzikazi nyarwanda QueenCha mu rukundo n’umusore badateganya kubana

Queen Cha amazina ye nyakuri ni Mugemana Yvonne. Ni mwene Mugemana Charles na Nyiraneza Adeline. Yavutse ku itariki ya 5 Kamena 1991, avuka mu cyahoze ari Perefegitura Gitarama, ubu atuye...
31 July 2019 5625 0

Umuraperi M-Izzo agiye gukora ubukwe na Clarisse

Mbituyimana Eric wamenyekanyen nka M-Izzo muri muzika nyarwanda ari mu myiteguro y’ubukwe bwe n’umukobwa witwa Clarisse buteganyijwe muri Nzeri uyu mwaka.
15 July 2019 2968 0

Abahanzi bari bwitabire igitaramo cyo kwibohora hari ubutumwa burebure bagiye bagenera abakunzi babo n’abanyarwanda muri...

Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
4 July 2019 1072 0

Bull Dogg ngo azemerera abafana be bamukore ku gitsina cye nakora igitaramo

Nyuma yuko Buravan atanze indabo ku bafana be ,Bulldogg yavuze ko we bazamukora ku gitsina cye.
5 December 2018 1019 0

Humble Jizzo yasabye anakwa Blauman ibirori byagaragayemo abanyamahanga bakenyeye imikenyero [AMAFOTO]

Humble Jizzo yasabye anakwa umukunzi we Blauman umuhango waranzwe n’imitako ya Kinyarwanda aho abanyamahanga bambaye imikenyero.
24 November 2018 2793 0

Bob Pro ,Urban Boys na The Ben nibo batsindiye ibihembo bya ‘Kiss Summer Awards’

Mu bihembo byo guhemba bimwe mu byamamare byitwaye neza mu marushanwa ya ‘Kiss Summer Awards’ mu matsinda atandukanye byegukanywe na Bob Pro ,The Ben ndetse na Urban Boys...
1 October 2018 887 0

Bob Pro yahaye urwamenyo itsinda rya Dream Boys ryashishuye injyana na Beat by’indirimbo y’umuhanzi wo muri Tanzania uko...

Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...
27 August 2018 1911 0

Umuhanzi Mr P yashimishije Benshi mu gihe Sauti Sol batahanye ubutumwa bazaganiriza Perezida wa Kenya...

Mu gitaramo cyo kwizihirwa cyateguwe n’umuherwe ukomoka muri Sudani, Mo Ibrahim, yashakaga gusigira urwibutso abanyamahanga n’Abanyarwanda bitabiriye ‘Mo Ibrahim Weekend’ Mr P yashimishije abantu mu...
30 April 2018 665 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180