Mu minsi yashize umuhanzi P Fla, yibasiye abaraperi bagenzi be Riderman na Amag The Black, avuga ko atari abaraperi ahubwo ko ari abacuruzi.P Fla yavuze ibi hashize iminsi mike Ama G The Black,...
Mu mwaka wa 2015 nibwo izina ry’uyu mukobwa ryagaragaye ku rutonde rw’abakobwa bahatanira ikamba ryo kuba Nyampinga w’u Rwanda, icyo gihe ari mu baserukiye intara y’amajyepfo. Bagwire ntiyabashije...
Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
Mukasine Asinah uzwi nka Asinah Era yatangaje ko imyambarire ikunze kumuranga kenshi ntivugweho rumwe na bose, kuri we ntacyo iba imutwaye ahubwo yikoma itangazamakuru kuba mu bambere bamunenga....
Umukobwa umaze kugaragara cyane mu mashusho y’abahanzi batandukanye, Iradukunda Pacifique Gasaro Jessica, avuga ko hari abahanzi bashatse ko baryamana bari mu ifatwa ry’amashusho akabatera utwatsi...
Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe...
Abahanzi bo mu Rwanda bavugisha ukuri kurusha abandi ni Am G The Black , Safi Madiba , Tom Close , Riderman.
U Rwanda rumaze kugwiza abahanzi benshi mu gihe bamwe muribo bakunze kurwanga no...
Mucyo Nicolas [Producer Nicolas], umugabo uzwi mu gutunganya indirimbo mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imikoranire na Ishusho Company Ltd ihagarariwe na Muyoboke Alex nka Producer uhoraho...
Queen Cha amazina ye nyakuri ni Mugemana Yvonne. Ni mwene Mugemana Charles na Nyiraneza Adeline. Yavutse ku itariki ya 5 Kamena 1991, avuka mu cyahoze ari Perefegitura Gitarama, ubu atuye...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
Mu bihembo byo guhemba bimwe mu byamamare byitwaye neza mu marushanwa ya ‘Kiss Summer Awards’ mu matsinda atandukanye byegukanywe na Bob Pro ,The Ben ndetse na Urban Boys...
Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...