Umuhanzi Diamond wari umaze iminsi igera kuri itatu mu Rwanda yasoje urugendo rwe kuri uyu wa mbere, mu ijoro ryo kuri iki cyumweru akaba yakiriye ku meza bamwe mu bahanzi bakorera umuziki mu...
Butera Knowless yari umwe mu bahanzi batoranyijwe mu gitaramo cyo gusoza Tour du Rwanda cyabereye kuri Tapi Rouge I Nyamirambo mu mujyi wa Kiagli kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2017 aho yabyinishije...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Jay Polly ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda ibi kandi akaba abihuriyeho na King James nawe ufite izina ritari rito mu ruhando rwa muzika Nyarwanda.
Jay Polly ni...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Umuhanzi Muneza Christopher umaze kwigarurira imitima ya benshi wamenyekanye nka Christopher yanyuzwe no kureba amaso ku maso umukino wahuje Paris St Germain na...
Abagize umuryango wa Dj Miller bafatanyije n’inshuti bateguye igitaramo cyo kwizihiza u buzima bwe nyuma y’imyaka ibiri yitabye Imana ndetse babihuza no kwizihiza isabukury ye...
Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...
Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Kanama 2022, kwa Yanga mu rugo hatangijwe ikiriyo cyo kumuha icyubahiro no kumwibuka mu gihe hagitegerejwe ko umubiri we ugezwa mu Rwanda agashyingurwa mu...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
Iyi ndirimbo yitwa Wibeshya’ Bwiza yakoranye na Mico The Best igiye hanze nyuma yo gusohora izindi nka Available na Yiwe na Mi Amor yakoranye na Riderman.
Bwiza umaze igihe gito cyane yinjiye mu...
Ku munsi w’ejo tariki ya 5 nibwo hasahakaye amashuho ku mbuga nkoranya mbaga ya Asinah Erra wigeze gukundana na Riderman ari kumwe n’umuhanzi Alto bari mu bihe byiza , maze benshi bahita...
Umuraperi Munyurangabo Steven uzwi cyane mu muziki nka Siti True Karigombe yashyize hanze indirimbo "Ipikipiki"yakoranye na Hope Irakoze,yabaye iya mbere ku zizajya kuri Album ye ateganya...
Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki ubwo ufite indi nkuru uzabara. Ibaze umwana wawe nazakubaza...
Abahanzi barimo Eddy Kezo na Ykee Benda bakomeye mu gihugu cya Uganda na Harmonize wo muri Tanzania batangaje ko bishimiye umuhanzi Bruce Melodie, ugiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10...
Igitaramo cy’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina mu muziki mu gihe kimyaka 10 , yatangaje abahanzi batandukanye bazakibonekamo ndetse n’abamwe mu byamamare...
Kanoheli Christmas Ruth wafashe izina rya muzika rya Chrisy Neat, ni umwe mu bakobwa barangije amasomo mu ishuri rya muzika rya Nyundo, kuri ubu akaba yinjiye mu byo gutunganya indirimbo...
Umukunzi wa Jay Polly uba i Nairobi muri Kenya,Kessy Kayonga,yatangaje ko atarabasha kwakira urupfu rw’uyu muhanzi bari bamaze imyaka 2 bari mu rukundo.
Jay Polly, umuhanzi uzwi cyane mu Rwanda...
Nyuma y’uko Jay Polly yitabye Imana mu masaha macye ashize , amagambo yuzuyemo agahinda, urwibutso rwe no kumwifuriza kuruhukira aheza, ni yo yiganje ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi n’abandi...
Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yatabarutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane azize uburwayi mu bitaro bya Muhima aho amakuru avuga ko yahitanwe n’ibiyobyabwenge...
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina rya Queen Cha yatangaje ko Producer Element umaze kubaka izina muri muzika Nyarwanda ari umuhanga cyane mu...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
Nyakwigendera Karuranga Virgile wamenyekanye nka Dj Miller yibutswe mu buryo budasanzwe mu kiganiro cyaciye ku Isibo Tv cyatangiwemo ibihembo bya The Choice Awards 2020 ku cyumweru gishize tariki...
Judithe Niyonizera, umugore wa Safi Madiba yatangiye kugirana ibiganiro byihariye n’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzaniya, Diamond Platnumz aho we avuga ko ari business atifuje gutangaza iyo ari yo...