Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo yo kwitegura kurangiza umukino wa Super Cup wasubizwe kuwa Gatandatu taliki ya 24 Nzeri 2017 ugeze ku munota wa 63,ndetse abasore babiri...
Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys akaba umwe mu bavuga rikijyana muri iri tsinda yahishuye uko Safi yajyaga abazwa mbere y’uko arushinga, ngo yatunguwe n’ibyaherekeje ubukwe bwe na Judithe...
Umutoza Olivier Karekezi yamaze gutangaza ko we icyo yifuza ko FERWAFA yakora ari ugukurikiza amategeko y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA agenga ibijyanye n’igihe umukino wasubitswe...
Ikipe ya Benediction y’I Rubavu niyo yegukanye irushanwa rya Muhazi Challenge aho yanikiye abasore ba Les Amis Sportifs cyane ko umusore wayo Byukusenge Patrick ariwe wegukanye aka gace ku munsi...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakipe ahangana cyane ndetse ahuruza benshi araza gutana mu mitwe mu mukino wa Super Cup urabera I Rubavu kuri Stade Umuganda guhera ku I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba....
Umutoza wungirije w’ikipe ya Rayon Sports Ndikumana Hamad yatangaje ko bafitiye icyizere abakinnyi bayo ndetse ko bizeye neza ko bazitwara neza mu mukino uzabahuza na APR FC mu gikombe cya Super...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko yiteguye kwihorera kuri Rayon Sports yamutwaye igikombe cy’Amahoro mu buryo budafututse aho yarahiriye kuyigaranzura kuri uyu wa Gatandatu mu...
Ikipe ya Rayon Sports imaze kwegukana igikombe cya Feza Cup cyaberaga I rubavu aho imaze gutsinda ikipe ya Etincelles ibitego 2-0 ihita yegukana iki gikombe ihabwa akayabo ka miliyoni 2 n’ibihumbi...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 20 Nzeri 2017 nibwo hagaragaye uko umwambaro w’ikipe ya Rayon Sports w’umwaka w’imikino uzatangira ku Italiki ya 29 Nzeri uyu mwaka uzaba umeze aho hagaragayeho...
Ikipe ya Etincelles FC yamaze gusinyisha abakinnyi 10 yiteguye kwerekana ku mukino wa Rubavu Feza Bet izahuramo na Rayon Sports kuri uyu wa gatatu Taliki ya 20 Nzeri uyu mwaka umukino uzabera...
Umukinnyi Ombolenga Fitina wari umaze iminsi afite imvune yagarutse mu myitozo y’ikipe ya APR FC iri kwitegura ikipe ya Rayon Sports mu mukino wa Super Cup uzabera I Rubavu kuri Stade Umuganda ku...
Umukinnyi Rutanga Eric yatangaje ko nubwo batsinze APR FC mu gikombe cy’Agaciro Development Fund igitego 1-0,biteguye kongera gutsinda APR FC mu gikombe cya Super Cup giteganyijwe ku wa Gatandatu...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 19 Nzeri 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano na sosiyete nshya igiye gucuruza imikino y’amahirwe hano mu Rwanda ya Feza Bet yari iherutse gusinyana...
Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Esther Mbabazi, umunyarwandakazi wa mbere wabashije kuba umupilote w’indege z’ubucuruzi akanabigeraho akiri umwana muto, yatangaje kuri iki Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 ko yamaze gusezerana...
Umutoza w’ikipe ya AS Kigali Nshimiyimana Eric yatangaje ko kuba ikipe ye iri mu makipe yaguze abakinnyi benshi kandi bahenze bimutera igitutu cyo gukora uko ashoboye akazatwara igikombe cya...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tarimi ya 1 nzeri 2017 Perezida Kagame ari kumwe n’umuherwe Haward Buffet batashye ku mugaragaro umushinga ‘One Border Post La Corniche’ wuzuye mu karere ka...
U Rwanda rugiye gutaha Umushinga one stop border Post La Corniche uherereye ahazwi nka Grande Barrière ho mu karere ka Rubavu ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, imirimo yo...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Umukandida watanzwe n’ ishyaka FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka umunani mu mashyaka yemewe mu Rwanda, Paul Kagame yabwiye abatuye akarere ka Karongi mu ntara y’Iburengerazuba ko intambara...
Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi yabwiye abaturage ba Nyabihu ko bwaki ikwiye gucika uko byagenda kose. Yanavuze ko ubukene atari ikintu buri wese yakwiratana ahubwo ko bukwiye gucika...
Nubwo umukuru w’Igihugu Paul Kagame agaragara arinzwe ntibibuza abaturanyi be kugera iwe kandi bisanzuye mu mahoro.Umugore utuye ku rugabano rw’akarere ka Rwamagana na Kayonza ndetse n’umugabo...
Ku wa 11 Nyakanga uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke yafashe, inashyikiriza Akonkwa Adrien, Bisimwa na SK Akbaar Ali Mudasobwa ngendanwa ebyiri yafatanye abakekwaho kuzibiba....