Bitewe n’ikibazo cy’amikoro adahagije mu kipe ya Rayon Sports, bishobora kuyikururira kuzakina na Police FC ku munsi w’Igikundiro uzwi nka “Rayon Day.” Kuko yon ta by’imirengera...
Kuri uyu wa wa Gatandatu tariki 29 Nyakanga 2023, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ibiciro by’umikino w’Igikombe kiruta ibindi uzahuza APR FC na Rayon Sports ku wa 12...
Ku kigo cy’ishuri cya ESIR cyo mu karere ka Musanze, umukandida wigenga witwa Mujawamariya Edith yafatanwe telefone ari mu Cyumba cy’ibizamini arimo areba ibibazo n’ibisubizo by’Ikizamini cya...
Umutoza wa Rayon Sports, Yamen Zelfani,yavuze ko nubwo APR FC ari ikipe ikomeye itagakwiye gufatwa nk’aho ariwe mukeba wabo wenyine kuko ngo ari ikipe nk’izindi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Rurembo Akagari ka Nyagisozi mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze habereye impanuka...
Ikipe ya APR FC ikomeje kwerekana ko ntawe uzayihagarika kongera gutwara shampiyona kuko yatsindiye Etoile de l’Est iwayo mu gihe Kiyovu Sports yanyagiwe na Bugesera...
Umutoza wa Police FC, Vincent Mashami arambiwe imyitwarire mibi y’umukinnyi we wo hagati, Muhadjiri Hakizimana ariyo mpamvu atamukinishije ku mukino uheruka.
Umuhanzi uri mubangezweho muri iyi minsi Uwiringiyimana Lewis wamenyekanye ku izina rya Papa Cyangwe , akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga nyuma y’amafoto yasangije abamukurikira...
Perezida wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yabwiye Perezida wa Kiyovu Sports Association, Ndorimana Jean François Régis ‘Général’, ko nta n’ubushobozi bwatunga ikipe y’akagari...
Uwitonze Sonia Rolland, uri mu Rwanda mu bikorwa byo gufata amashusho ya Filime yitwa “Entre Deux”, akomeje kuryoherwa n’ibihe ari kugirira mu Karere ka Burera cyane cyane ku Kiyaga cya...
Umwe mu bayobozi b’abafana ba Rayon Sports yasabye abo basangiye gukunda iyi kipe ko bakwirengagiza agahinda batewe n’umukino wa Al Hilal Benghazi watumye batagera mu matsinda ya CAF...
Ikipe ya APR FC yatuye umujinya Musanze FC iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa kane wa shampiyona,wabereye kuri Kigali Pelé Stadium,kuri uyu wa 06 Ukwakira...
Ahagana saa kumi n’ebyiri na 50 zo kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Ukwakira 2023, imodoka itwara ibicuruzwa BRALIRWA yafashwe n’inkongi y’umuriro igeze rwagati mu Mujyi wa Musanze hafi y’isoko rya...
Umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports,Mohamed Wade, yahishuye urutonde rw’abakinnyi 21azakoresha kuri iki cyumweru ahangana na Musanze FC batarimo 3 basanzwe babanza mu...
Ikipe y’Amagaju FC yo mu karere ka Nyamagabe ikomeje gukanga buri wese nyuma y’aho itsinze Gasogi United igitego 1-0 igafata umwanya wa kabiri muri shampiyona.
Umutoza Mukuru wa APR FC, Thierry Froger,yatangaje ko abizi neza ko Rayon Sports izabagora ariko biteguye kwihagararaho cyane ko ngo iyi kipe ishobora kuzirara kuko ariyo iheruka...
Umukecuru witwa Nyiransababera Xavera wo mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero, ari gusembera mu baturanyi, nyuma y’uko ubutaka bwe bwubatsemo n’inzu yari atuyemo butejwe cyamunara ku...
Uwitwa Ntegerejimana Christophe w’imyaka 37 yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin w’imyaka 32, mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, bakoranaga mu kigo cya Karisoke Research...