Abanyabigwib’ikipe ya Arsenal FC, Robert Pires, Ray Parlour na David Seaman,bari mu ruzinduko mu Rwanda ndetse amafoto ya mbere bayafotowe bageze mu karere ka Rusizi aho bagiye gusura Pariki ya...
Amakuru akomeje gucicikana mu bitangazamakuru byo mu Burundi, atangaza ko hari abasirikare b’u Burundi bagera kuri makumyabiri bose bitabye Imana harimo abarohamye mu ruzi rwa Rusizi nkuko...
Umugore wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi uherutse gupfusha umugabo we yiyahuye, yanze ko bamushyingura hataraboneka umugozi yimanitsemo ngo bakamushyingurane ngo kuko ari ko bisanzwe...
Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka hagati y’akarere ka Rusizi mu Rwanda n’umujyi wa Bukavu muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baravuga ko umwuka mubi uri hagati y’ibihugu...
Umugabo witwa Sibobugingo Athanase wari ucumbitse mu Mudugudu wa Giheke,Akagari ka Wimana mu Murenge wa Giheke mu Karere ka Rusizi yamize inyama imuheza umwuha iramuhitana.
Nkuko bitangazwa na...
Kuva mu mpera za Werurwe kugeza tariki ya 3 Gicurasi 2023, mu isambu ya Kiliziya ya Mibilizi hari hamaze kuboneka imibiri 1064 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka...
Mu gitondo cyo kuri uyu 16 Gicurasi ahagana saa kumi nebyiri za mugitondo nibwo inzu 3 zifatanye ziherereye mu mudugudu wa Burunga, mu kagari ka Gihundwe mu Murenge wa Kamembe ho mu karere ka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 15/01/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nahayo Vincent na...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 30-31/12/2019 guhera saa tatu za mu gitondo (09h00) azagurisha mu cyamunara imitungo itimukanwa ya Yankurije...
Umugabo witwa Harerimana wishe umugore we Uwingeneye Anésia, mu ijoro ryo ku wa 16 Nzeri 2019, ahagana saa tatu z’ijoro, amukubise ishoka mu mutwe yasinziriye,yakatiwe igifungo cya...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 30/9/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) na saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha bwa mbere muri cyamunara umutungo...
Umunyeshuli witwa Kwizera Patrick wigaga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye mu kigo cyitwa GS Murira yakubiswe n’umwarimu we inkoni ku kuboko amuvuna igufwa amuhoro gutsindwa umwitozo wo mu...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 21/8/2019 azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya mbere umutungo utimukanwa wa Nzeyimana Theoneste na Nyandwi Marie...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 20/03/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 06/3/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Ndagijimana Jean Nepomuscene na Munezero Kidogi...
Ikipe ya APR FC yakoze ibyo benshi mu bakunzi bayo bari bayitezeho itsindira Espoir FC ku kibuga cyayo igitego 1-0 naho AS Kigali inganya na Police FC ibitego 2-2 mu mukino washyushye mu gice cya...
Umubyeyi witwa Mukashyaka Louise utuye mu Mudugudu wa Nyabihanga mu Kagari ka Karenge mu Murenge wa Rwimbogo w’akarere ka Rusizi arasaba abagira neza kumufasha umwana we akavugwa kuko yamize...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa kamembe yataye muri yombi Rukerabayo Elias w’imyaka 48 kuri uyu wa gatatu taliki ya 24 Mutarama nyuma yo kumufatana amafaranga y’u...
Umugabo witwa Twagirayesu w’imyaka 34 wo mu karere ka Rusizi, avuga ko guhera mu mwaka 2014 yatangiye kujya akorana n’imyuka y’ikuzimu.Uyu mugabo avuga ko yajyanywe n’umwe mu baririmbyi basanzwe...
“Natwaye ijana n’itanu(yashakaga kuvuga 150Rwf), noneho mama aranginje arankwika” Imvugo y’umwana agerageza kumvikanisha uko byagenze kugirango umubyeyi we amutwike.Ni mu Kagari ka Nyange, Umurenge...