skol
Kigali

Search: Rwanda (20788)

Rayon Sports inyagiye Amagaju FC ikomeza gukomanga ishaka igikombe

Umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga Rayon Sports n’Amagaju FC urangiye ikipe ya Rayon Sports inyagiye Amagaju ibitego bigera kuri 4-1 ikomeza gukomanga...
5 April 2017 3105 0

Rwamagana na Gatsibo: Abarezi 12 bakurikiranyweho kurigisa mudasobwa zigenewe abanyeshuri

Nibura abayobozi b’ibigo by’amashuri 12 n’abarimu bamaze gufatwa mu Ntara y’Iburasirazuba nyuma y’iperereza rya Polisi ku ibura rya mudasobwa za gahunda ya”Mudasobwa imwe buri mwana”. Umuvugizi wa...
6 April 2017 481 0

"Rayon Sports yatsinze ibitego itavunikiye nitwe twabibihereye." Umutoza Pablo

Umutoza w’ikipe y’Amagaju FC nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports ibitego 4-1 aratangaza ko ari ibitego iyi kipe yatsinze itavunikiye kuko ari bo babibihereye. Hari mu mukino w’umunsi wa 22 wa...
6 April 2017 2698 0

Reba urutonde rw’imirimo igera ku 10 ya mbere itera umunezero

Urutonde rw’imirimo igera ku icumi itera abayikora guhora banezerewe. Ibi byagezweho nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cya kaminuza ya Chicago muri Leta Zunze ubumwe...
6 April 2017 8327 0

FIFA Ranking: Amavubi amanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde rwa FIFA

U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
6 April 2017 1467 0

Bishop Rugagi yadukanye uburyo bushya bwo kwaka amaturo abakiristu bahamya ko ari ubujura

Kugeza ubu umubare munini w’abatuye isi ntibahuza na bamwe mu bigisha bo muri iki gihe bikaba akabarore iyo bigeze mu gutura no guturisha aho usanga bamwe bakemanga ,uburyo bikorwamo, Bishop...
6 April 2017 7348 0

Ubuhamya bwa Calorina w’imyaka 101 y’amavuko, avugako yabonye abateguye Jenoside bavuka, barakura,bica abana be 10 we...

Nyirangegera Carolina ufite myaka 101 y’amavuko, avuga ko yakuriye mu bihe byaranzwe n’ubugome, itotezwa n’ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi, ibi bihe bikaba byaraganishije kuri Jenoside yamutwaye...
7 April 2017 3006 0

Nyarugenge: Akarere katangirije i Mageragere icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 23 jenoside yakorewe abatutsi:...

Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...
7 April 2017 696 0

Kwibuka 23: Urutonde rwa bamwe mu bakinnyi n’abanyamuryango ba Rayon Sports bazize Jenoside yakorewe...

Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yatwaye ubuzima bwa bantu barenga miliyoni, abana, abakuze, abakecuru n’abasaza. Yageze no mu mikino ihitana ubuzima bw’abakunzi b’ imikino batabarika, aha...
8 April 2017 3001 0

Gisimba yakoresheje amayeri menshi arokora 400 biganjemo abana

Damas Mutezintare uzwi cyane ku izi rya Gisimba, yareze abana barenga 500 mu kigo cye, ariko muri Jenoside mu mayeri akomeye, ubwitange, ubutwari no gufashwa n’Imana yanarokoye abantu barenga 400...
10 April 2017 3637 0

Rusizi: Uwarakotse Jenoside yakubiswe ikintu mu mutwe ararusimbuka

Uwizeyimana Bernadette, umubyeyi warokotse jenoside yakorewe abatutsi utuye mu mudugudu w’ Ituze Akagari ka Mpera mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi yatewe icyuma mu mutwe n’ umuntu...
10 April 2017 2573 0

Kwibuka23: Hamwe mu hantu habereye ubwicanyi bukomeye tariki 10 Mata 1994

Abatutsi barenga 7564 biciwe ku Kiliziya gatorika i Gahanga, muri komini Kanombe, abarenga 2522 bicirwa I Karembure, muri Gahanga. Ibitero byabishe byabaga biyobowe n’uwungirije Burugumestri muri...
10 April 2017 1979 0

Urukiko rwategeko ko urubanza rwa Maj. Rugomwa rwongera gusubikwa

Urukiko rwa gisirikare rwategetse ko urubanza rwa Maj Dr Aimable Rugomwa na mukuru we Nsanzimfura Mamelto, rusubikwa ku nshuro ya gatatu, rukazasubukurwa ku ya 09 Gicurasi 2017. Maj Dr Aimable...
11 April 2017 1055 0

Minisitiri w’ intebe Murekezi yahagaritse ibikorwa by’ amasengesho ahakorerwa akazi ka Leta

Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi yahagaritse ibikorwa by’amasengesho mu nyubako za Leta byakorwaga na bamwe mu bakozi ba Leta. Mu ibaruwa no 393/03.0, Minisitiri w’Intebe Anastase...
12 April 2017 1906 0

Bimwe mu byaranze tariki 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
12 April 2017 2838 0

Kicukiro : Uwacitse ku icumu rya Jenoside yishwe n’ abantu babanje guteragura ibyuma umuzamu w’ igipangu

Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye. Ibi byabaye...
13 April 2017 5798 0

Kwibuka23: Tariki 13 Mata 1994, Abatutsi bari barahungiye ahantu hatandukanye bagabweho ibitero

Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
13 April 2017 579 0

Ruhango: Batanu bakurikiranyweho gucukura butike bakiba ibicuruzwa birimo umunyu n’ ifu y’ ubunyobwa

Mu murenge wa Kinazi w’ Akarere ka Ruhango amabandi yahengereye abantu basinziriye acukura butike ya Eduard Mutarambirwa, uzwi ku izina rya Musirikare, yiba ibikoresho birimo amakaziya, umunyu,...
14 April 2017 1159 0

Umuhanzi w’icyamamare muri muzika ku isi French Montana yifashishije abana babyinira Eddy Kenzo mu mashusho y’indirimbo ye...

Ubwo yasesekaraga muri Uganda ku wa 13 werurwe 2017, abanya Uganda benshi ntibari bazi ikimugenza nyamara yagenzwaga n’imishinga myinshi ijyanye n’umurimo we wa buri munsi wo gukora muzika. Karim...
15 April 2017 2244 0

Shampiyona irakomeza, imikino yose iteganyijwe muri iyi weekend

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza muri iyi Weekend aho haba hakinwa imikino y’umunsi wa 23. Kuri uyu wa Gatandatu harakinwa imikino igera kuri 5, ni mu gihe...
15 April 2017 852 0

Police FC inyagiye Pepiniere, APR FC bigoranye yikura Nyagatare kigabo

Ikipe ya Police FC inyagiye ikipe ya Pepiniere ibitego 4 kuri 1 iguma ku mwanya wa Gatatu inyuma ya APR FC ya Kabiri yatsinze Sunrise. Umukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu...
15 April 2017 1448 0

Umwangavu yiciye mugenzi we mu modoka umurambo awuta ku nkengero z’ umuhanda

Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 16 yishe arasiye mu modoka umwangavu mugenzi we abifashijwemo n’ umugabo w’ imyaka 22, umurambo bawurambika ku nkengero z’ umuhanda ahitwa Orlando muri Leta ya Frolide....
16 April 2017 3848 0

Rivers vs Rayon Sports: Savio muri ba myugariro babanzamo, Djabel yagarutse nawe muri 11

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 11 babanza mu kibuga ku mukino wa CAF Confederation Cup ubanza bafitanye na Rivers United. Ni umukino uteganyijwe ku isaha...
16 April 2017 1670 0

Emmy na Pricillah bashyize ahagaragara Indirimbo bakoranye "Wabaga he!" [Yumve!]

Umuhanzi Emmy uri muri Leta z’unze ubumwe z’Amerika wamenyekanye muri muzika hano mu Rwanda mundirimbo nka Nyumva, Ntunsige, Ntari umuntu, Ibyo bavuga ndetse n’izindi , abinyujije k’urubuga rwe rwa...
16 April 2017 654 0

Reba Amashusho y’indirimbo y’abahanzi barimo na Nick Minaji yayobowe na Stromae

Umuhanzi Paul Van Haver [Stromae] yasohoye amashusho y’indirimbo yayoboye ihuriwemo n’abahanzi bakomeye barimo n’umuraperi Nicki Minaj uri mu bafite izina rizwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
16 April 2017 1243 0

Sayinzoga Jean wayoboraga Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare...

Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo y’ igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Mata 2017. Sayinzoga yitabye...
16 April 2017 3734 0

Mani Martin yashyize ahagaragara indirimbo ye nshya “Rubanda”

Umuhanzi Mani Martin kuri ubu urigukora Album ndetse yise Afro akomeje gukora indirimbo zizaba zigize indi album ye, muri izo ndirimbo akaba yashyize kumugaragaro imwe murizo yitwa Rubanda. Nk’...
17 April 2017 882 0

Icyo Nizzo avuga k’ugutandukana n’umukunzi we Yvette bamaranye igihe kitari gito

Umuhanzi Nyarwanda ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys uzwi ku izina rya Nizzo biravugwa ko ngo yaba yaramaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaze igihe kitari gito mu buryohe bw’urukundo nkuko...
17 April 2017 5706 0

Abana 52 babana n’ ababyeyi babo muri Gereza ya Muhanga babayeho bate?

Muri Gereza ya Muhanga habamo abana 52 ariko badafatwa nk’imfungwa ahubwo bahabeshejwe n’uburenganzira bahabwa n’amategeko bwo kurerwa n’ababyeyi babo igihe bakiri bato. Kuva mu 2011, abana...
19 April 2017 2252 0

Mu mafoto reba abakinnyi b’ikinamico urunana mubihe bigiye bitandukanye(AMAFOTO)

Urunana ni imwe mu mikino y’amakinamico akunzwe cyane hano mu Rwanda ndetse no mubihugu byo mubiyaga bigari, uyu mukino abenshi bemezako bakuramo inyigisho zubaka benshi mubuzima bwabo bwari...
20 April 2017 57468 0
0 | ... | 20490 | 20520 | 20550 | 20580 | 20610 | 20640 | 20670 | 20700 | 20730 | 20760