Umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga Rayon Sports n’Amagaju FC urangiye ikipe ya Rayon Sports inyagiye Amagaju ibitego bigera kuri 4-1 ikomeza gukomanga...
Umutoza w’ikipe y’Amagaju FC nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports ibitego 4-1 aratangaza ko ari ibitego iyi kipe yatsinze itavunikiye kuko ari bo babibihereye.
Hari mu mukino w’umunsi wa 22 wa...
Urutonde rw’imirimo igera ku icumi itera abayikora guhora banezerewe. Ibi byagezweho nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cya kaminuza ya Chicago muri Leta Zunze ubumwe...
U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
Kugeza ubu umubare munini w’abatuye isi ntibahuza na bamwe mu bigisha bo muri iki gihe bikaba akabarore iyo bigeze mu gutura no guturisha aho usanga bamwe bakemanga ,uburyo bikorwamo, Bishop...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...
Uwizeyimana Bernadette, umubyeyi warokotse jenoside yakorewe abatutsi utuye mu mudugudu w’ Ituze Akagari ka Mpera mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi yatewe icyuma mu mutwe n’ umuntu...
Urukiko rwa gisirikare rwategetse ko urubanza rwa Maj Dr Aimable Rugomwa na mukuru we Nsanzimfura Mamelto, rusubikwa ku nshuro ya gatatu, rukazasubukurwa ku ya 09 Gicurasi 2017.
Maj Dr Aimable...
Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi yahagaritse ibikorwa by’amasengesho mu nyubako za Leta byakorwaga na bamwe mu bakozi ba Leta.
Mu ibaruwa no 393/03.0, Minisitiri w’Intebe Anastase...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye.
Ibi byabaye...
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
Mu murenge wa Kinazi w’ Akarere ka Ruhango amabandi yahengereye abantu basinziriye acukura butike ya Eduard Mutarambirwa, uzwi ku izina rya Musirikare, yiba ibikoresho birimo amakaziya, umunyu,...
Ubwo yasesekaraga muri Uganda ku wa 13 werurwe 2017, abanya Uganda benshi ntibari bazi ikimugenza nyamara yagenzwaga n’imishinga myinshi ijyanye n’umurimo we wa buri munsi wo gukora muzika. Karim...
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza muri iyi Weekend aho haba hakinwa imikino y’umunsi wa 23.
Kuri uyu wa Gatandatu harakinwa imikino igera kuri 5, ni mu gihe...
Ikipe ya Police FC inyagiye ikipe ya Pepiniere ibitego 4 kuri 1 iguma ku mwanya wa Gatatu inyuma ya APR FC ya Kabiri yatsinze Sunrise.
Umukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 11 babanza mu kibuga ku mukino wa CAF Confederation Cup ubanza bafitanye na Rivers United.
Ni umukino uteganyijwe ku isaha...
Umuhanzi Paul Van Haver [Stromae] yasohoye amashusho y’indirimbo yayoboye ihuriwemo n’abahanzi bakomeye barimo n’umuraperi Nicki Minaj uri mu bafite izina rizwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo y’ igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Mata 2017.
Sayinzoga yitabye...
Umuhanzi Mani Martin kuri ubu urigukora Album ndetse yise Afro akomeje gukora indirimbo zizaba zigize indi album ye, muri izo ndirimbo akaba yashyize kumugaragaro imwe murizo yitwa Rubanda.
Nk’...
Umuhanzi Nyarwanda ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys uzwi ku izina rya Nizzo biravugwa ko ngo yaba yaramaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaze igihe kitari gito mu buryohe bw’urukundo nkuko...