Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabwe kugaragaza ibimenyetso ku byo ashinja uwo yasimbuye Barack Obama byo kumwumviriza kuri telefone.
Umusenateri ukomoka mu ishyaka...
Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN
Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga...
Umukino wa ruhago ku isi ni umwe mu mikino ikomeye ndetse ikunzwe cyane na benshi kuko usanga abayikina barabaye abakire bo ku rwego rwo hejuru.
Ntago ari amakipe yose akize kuko ayo ku...
Nyuma yo kwerekeza mu ikipe ya Chelsea aguzwe muri Marseille kuri miliyoni 33 z’ama-pound (£33m), umubiligi Michy Batshuayi yafashije iyi kipe y’i Londres kwegukana igikombe cya shampiyona y’u...
Vincent Biruta, Perezida wa PSD
Kuri uyu wa gatandatu ishyaka PSD, Ishyaka rivuga ko riharanira demukarasi n’imibereho myiza ya Rubanda ryakoresheje kongere yo kwizihiza imyaka 26 rimaze ndetse...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Massimiliano Allegri utoza ikipe ya Juventus yongerewe amasezerano agera muri 2020 nyuma yo gutsindwa na Real Madrid ibitego 4-1 ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wabaye ku Cyumweru...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite...
Ikipe ya Barcelona yongeye gutangaza ko yifuza bikomeye umusore philippe Coutinho aho iyi kipe yo muri Espagne yiteguye gutanga amafaranga yose Liverpool ishaka kugira ngo ibone uyu musore ukina...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
Urubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...