Ku ya 21 Nyakanga,nibwo abakunzi ba ruhago ku mugabane wa Afurika bazamenya umukinnyi mwiza kurusha abandi muri 2022, mu bihembo bya CAF Awards bizatangirwa muri Maroc. Muri uyu muhango, Umupira...
Perezida Kagame uri i Dakar muri Sénégal, kuri uyu wa kabiri yakiriwe ku meza ari kumwe n’abanyacyubahiro batandukanye mbere yo gutaha Stade ya Abdoulaye...
Nubwo yavuye mu matsinda idahabwa amahirwe na benshi,ikipe ya Misiri yatunguye Marocco yari ikanganye iyitsinda ibitego 2-1 muri 1/4 cy’Irangiza cy’igikombe cya Afurika mu mupira w’amaguru mu gihe...
Kompanyi yo mu Budage ya BioNTech yagiranye amasezerano na leta y’u Rwanda na leta ya Sénégal yo kubaka ikigo cya mbere muri Afurika gikora inkingo hifashishijwe ikoranabuhanga rya...
Rutahizamu wa Liverpool na Senegal, Sadio Mane, yongeye gukora iby’intwari nyuma yo gufungura ku mugaragaro ibitaro yatanze inkunga y’arenga ibihumbi 450 by’Amapawundi mu kubyubaka mu gace avukamo...
Umukinnyi Munyaneza Didier uri mu bihe byiza cyane,yakomereje ibirori byo kwegukana Tour du Senegal 2019 mu irushanwa rya Rwanda Cycling Cup ryabereye I Musanze mu gace karyo kahariwe kuzirikana...
Umunyamideri w’umunyarwandakazi Kate Bashabe yavuze ko iby’urukundo rumuvugwaho na Sadio Mane ari ukubeshya, mu gihe hari ibinyamakuru byo muri Senegal aho Sadio Mane avuka, byakwirakwije amashusho...
Uyu musore ukomoka muri Senegal yatangiye gukina Basketball mu myaka irindwi gusa ishize, ku burebure bwa metero 2,26 ashobora kuzaba ari we usumba abandi muri ’saison’ nshya ya NBA igiye...
Umunyezamu w’Umunya-Sénégal, Khadime Ndiaye,wakiniraga Guédiawaye FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri iki gihugu, yageze mu Rwanda, aho aje muri Rayon Sports.
Rutahizamu Sadio Mané akomeje kugaragaza ibikorwa bya kimuntu no kuzirikana bikomeye abamubaye hafi kuva mu bwana kugeza akuze aho kuri iyi nshuro yafashije inshuti ye magara, Désiré Segbé kubona...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Nyuma y’uko ikipe y’igihugu Amavubi inaniwe kwihagararaho mu masegonda ya nyuma y’umukino igatsindwa na Senegal igitego kimwe cyinjijwe na Sadio Mane kuri penaliti,mu mukino w’umunsi wa 2 wo mu...
Umukinnyi w’icyamamare muri Liverpool, Sadio Mane, yatangaje ko azakora ibyo abaturage ba Senegal bashaka igihe abanyamakuru bamubwiraga ko ’60 kugeza 70%’ bizeye ko agomba kuva muri iyi kipe....
Ikipe ya REG BBC yaraye itsinzwe umukino wa mbere mu mikino ya Basketball Africa League, iri gukinwa ku nshuro yayo ya 2 mu majonjora ari kubera muri Senegal.
Ikipe ya DUC BBC yari mu rugo,...
Hashize amasaha make Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, ageze mu Rwanda aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruri busige anagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Perezida Umaro Sissoco...
Ikipe ya REG Basketball Club ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League,yatangiye neza itsinda umukino wayo wa mbere kuri iki cyumweru ikipe ya AS Salé yo muri Maroc.
Muri...