Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yagize umuhungu we Maj Gen Muhozi Kainerugaba, umujyanama wa Perezida mu bya gisirikare.
Ni mugihe umufasha wa Perezida Museveni, Janet Kataaha Museveni ari...
Abadepite n’abasenateri batoreye Mohamed Abdullahi Mohamed "Farmajo" wahoze ari Minisitiri w’Intebe kuba Perezida w’icyo gihugu.
Yatowe mu matora yabaye uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 8...
John Ntaganda Semafara, umuyobozi wa Meteo Rwanda
Byitezwe ko mu mezi atatu ari imbere mu bice bitandukanye by’ u Rwanda hazagwa imvura nyinshi mu bice byinshi, iyi mvura ngo ishobora guteza...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2017, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasinye itegeko rivuguruye ryo gukumira abimukira igihugu cya Iraq gikurwa mu bihugu byari...
Ku wa kabiri tariki ya 07 Werurwe 2017, mu masaha ya saa kumi n’ebyiri n’iminota cumi n’itanu z’umugoroba, Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yitabye Telefone ya Perezida wa Leta zunze ubumwe za...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball Moise Mutokambali yizeye nta gushidikanya ko azahesha u Rwanda itike yo kujya muri Congo Brazaville mu imikino nyafurika ya AfroBasket.
Kuri uyu...
Umucamanza wo muri Leta ya Hawaii yaraye ahagaritse itegeko rivuguruye rya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ryo rireba abimukira n’ impunzi mugihe kuri uyuwa 16 Werurwe 2017...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Bisanzwe bizwi ko umugabane wa Afurika uza ku isonga mu kugira abakobwa baza ku isonga mu kugira ubwiza ntagereranya. Kuri iyi nshuro rero twabazaniye ibihugu 10 biza ku isonga mu kugira abakobwa...
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Abaganga mu gucukumbura ibyabaye mu mateka ya kera babonye ibimenyetso byerekana ko mu burengerazuba bwa Ethiopia higeze kuba umugi ukaza kwibagirana.
Abo bahanga bavuga ko uwo mugi wabayeho mu...
Ibitero bibiri byagabwe n’intagondwa zo mu mutwe wa Kisilamu Al Shabab byahitanye abapolisi icyenda. Ibi bitero byagabwe muri Kenya, mu duce twa Mandera na Daadab ahegereye umupaka wa Somalia....