Umuyobozi w’inyeshyamba muri Sudani y’Epfo, Gen. Gabriel Tanginye, byatangajwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuwa Gatatu tariki ya 04 Mutarama uyu mwaka.
Kuwa Gatanu tariki...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo kuri uyu wa gatanu berekeza muri Afurika y’Epfo gukina umukino ubanza wa CAF Confederation Cup na Al salaam Wau....
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Porogaramu ya ONU yita ku biribwa PAM, yavuze kuri uyu wa kane ko ikeneye byihutirwa miliyoni 162 n’ibihumbi 400 by’amadolari yo gufasha guverinema ya Cadi kwita kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 300...
Abagize inteko ishinga amategeko b’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EALA, barasabira Sudani y’Epfo, u Burundi na Repubulika ya demukarasi ya Congo ibihano kubera ko bitatanze umusanzu...
Rayon Sports yaraye yerekeje mu gihugu cya Sudani gukina umukino wo kwishyura wo mu ijonjora ryibanze ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League idafite abatoza bayo 2, barimo uwongerera...
Ibintu byahinduye isura mu gihugu cya Sudan kuko minisitiri w’ingabo Awad Ibn Auf wari mu bahiritse ku butegetsi Omar al Bashir nawe yegujwe n’abaturage ku munsi w’ejo taliki ya 12 Mata 2019,nyuma...
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yazamuye mu ntera umugore we, Mary Ayen amugira Generale Major nk’uko bitangazwa n’gisirikare cy’igihugu.Kandi hari n’abandi bagore babiri aribo Brig. Nyankiir na...
Kuri uyu wa kane tariki 26 Nyakanga 2018 mu ishuli rikuru rya polisi y’u Rwanda (National Police College) riherereye mu karere ka Musanze hosojwe amasomo yari amaze umwaka ahabwa abapolisi bakuru...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umupolisikazi uheruka kwicwa na coronavirus yitwa Mbabazi Enid akaba yari mu butumwa bwo kugarura amahoro i Malakal muri Sudani...
Uyu munsi i Paris, Perezida Kagame yifatanije n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma baturutse muri Afurika ndetse n’abayobozi b’ibigo by’imari mu nama mpuzamahanga kuri Sudani. Perezida Kagame kandi...
Leta ya gisirikare y’inzibacyuho muri Sudani yatangaje ko abagabo babiri bavukana n’uwahoze ari umukuru w’igihugu uherutse gukurwa ku butegetsi, Omar al-Bashir, batawe muri...
Mu gihugu cya Sudan hari kuvugwa inkuru ibabaje y’abantu 22 barasiwe mu myigaragambyo yo kwamagana leta yazamuye igiciro cy’umugati bigatuma uribwa n’ufite ikofi iremereye...
Igitangazamakuru cya leta ya Sudani y’epfo, cyatangaje ko Perezida Salva Kiir yatanze imbabazi rusange ku nyeshyamba zirimo n’uwo bahanganye Riek Machar.
Juba muri Sudani y’Epfo, Pasiteri Abraham Chol uyoboye itorero rya Cush International Church yatawe muri yombi abanje kwambikwa ubusa ku karubanda, azira guteranyiriza abayoboke be ku rusengero no...
Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko ingabo zayo zo mu mutwe udasanzwe (special forces) zishe Bilal al-Sudani muri Somalia hamwe n’abandi 10 bakoranaga na we.
Yishwe nyuma y’uko ingabo...