Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB, kirasaba Abanyarwanda kuba maso no gutangira amakuru ku gihe mu gihe baba babonye ibihore bidasanzwe bisa n’ inzige kubera ko izi nzige zatangiye gusatira...
Kuri iyi si hariamadini atandukanye ndetse anatandukanye mu buryo bw’imyemerere ku buryo usanga hari na bamwe barenganya bagenzi babo babaziza kuba badahuje imyemerer imwe n’iyabo. Ubushakashatsi...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Icyogajuru cyiswe ETRSS-1 cya Ethiopia cyazamutse mu isanzure ku isaha ya saa 05:21 z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukuboza gihagurukiye mu Bushinwa ndetse ni nacyo cya mbere iki...
Ingabire Habibah wamamaye ku mbuga nkoranyambaga ubwo yitabiraga amarushanwa y’ubwiza ntamuhire arimo irya Miss Rwanda 2017 na Miss Supranational World 2017,yashyize hanze amafoto agaragaza inda...
Ku nshuro ya mbere ikinyamakuru The Time cyatangaje urutonde rw’abantu ijana bari guhindura ahazaza h’ubukungu, imyidagaduro, imikino, politiki, siyansi, ubuzima...
General Major Jean Bosco Kazura, yazamuwe mu ntera agirwa General, agirwa umugaba mukuru w’ingabo za RDF kuva kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2019, asimbuye Gen. Patrick Nyamvumba wagizwe Minisitiri...
Boeing yizeye ko indege zayo za 737 Max ziza kubona uburenganzira bwo kongera kuguruka vuba aha, imwe mu mpanuka zayo yabaye mu kwezi kwa gatatu mubo yahitanye harimo Umunyarwanda, umuryango we...
Ikipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania Taifa Stars, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yaje gukina umukino wa gicuti ugomba kuyihuza n’ikipe y’igihugu Amavubi.
Umutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 27 azifashisha mu mukino wa gicuti azakina na Tanzania kuwa Mbere taliki ya 14 Ukwakira 2019 barimo Jacques Tuyisenge...
Mu ijoro ryakeye abandi bimukira 123 bagejejwe i Kigali mu Rwanda bavuye muri Libya aho bari bafungiye nyuma yo kubuzwa gukomeza bagana iburayi bambutse...
Umukobwa witwa Anok Yai ni Umunyamidelikazi ukorera akazi ke muri Leta Zunzu ubumwe z’Amerika aho kuri afatwa nk’umugore mwiza ku isi ndetse unahenze mu...
Uyu musore ukomoka muri Senegal yatangiye gukina Basketball mu myaka irindwi gusa ishize, ku burebure bwa metero 2,26 ashobora kuzaba ari we usumba abandi muri ’saison’ nshya ya NBA igiye...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Nzeri 2019, Gen Mudacumura Syvestre wayoboraga abarwanyi ba FDLR yiciwe mu gitero gikomeye yagabweho n’abarwanyi ba FARDC bari bamaze iminsi...
Irambona Eric wageze muri Rayon Sports mu mwaka wa 2012/2013,yavuze ko rutahizamu w’umunya – Ghana, Michael Sarpong iyo ari mu kibuga,aba yizeye ko isaha n’isaha bari bubone...
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gusezererwa na Al Hilal muri CAF Champions League batageze muri ¼ nk’intego bari bihaye, Rayon Sports ubu intego ni ukwegukana buri gikombe cyose gikinirwa mu Rwanda...
Harabura amasaha make ngo Rayon Sports icakirane na Al Hilal mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu ijonjora rya kabiri ryo kwinjira mu matsinda ya CAF Champions...
Rutahizamu Sarpong Micheal ukunzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago by’umwihariko abafana ba Rayon Sports akinira,yatangaje ko mu gihe kingana n’umwaka amaze mu Rwanda ba myugariro babiri yakunze ari...
Umunyezamu wa mbere wa Rayon Sports,Kimenyi Yves yatangaje ko yatunguwe n’agahimbazamusyi gahanitse bemerewe n’ubuyobozi kugira ngo bibatere akanyabugabo ko gusezerera ikipe ya Al Hilal muri CAF...
Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho yamaze gutandukana na Rayon Sports ndetse agiye kwisubirira iwabo muri Brazil nyuma yo kwimwa amasezerano kandi...