Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yandikiye SC Kiyovu Sports iyimenyesha ko ibihano yari yarafatiwe byo kutandikisha abakinnyi kubera kutishyura Shaiboub na John Mano byakuwemo...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona cya 2022-2023 , byahaye amahirwe ikipe ya Rayon Sports kuzahagarira u Rwanda muri ya CAF Confederation Cup 2023-24.
Bimenyerewe ko...
Ihuriro LAMUKA ririmo abanyapolitiki bakomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nka Martin Fayulu, ryanenze Perezida Antoine Felix Tshisekedi,wizeye ko ingabo z’Umuryago wa Afurika...
Ku mukino wa 7 atoza ikipe y’igihugu Amavubi, umutoza Carlos Alós Ferrer birangiye abonye intsinzi ye ya mbere yari amaze igihe ashakisha.
Mu mukino wa gicuti wasojwe n’imvururu hagati mu bakinnyi...
Minisiteri ya Siporo yabeshyuje amakuru avuga ko hari amakipe y’igihugu y’u Rwanda yananiwe kwitabira amarushanwa kubera amikoro.
Mu itangazo yageneye Abanyamakuru,MINISPORTS yavuze ko ibyavuzwe...
Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda mu mukino wa Basketball yasezerewe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya Basketball kizabera muri Aziya mu mwaka wa 2023 nyuma yo gutsindwa na Tunisia, mu...
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly , uri gutegura irushanwa rya Miss East Africa rizahuriramo ibihugu 16 yavuze by’inshi ku mbogamizi zinyuranye ari guhura na zo muri uru rugendo yatangiye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nyakanga 2020, habonetse abarwayi bashya 21 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3, 737 byafashwe mu masaha 24 ashize,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,Tariki ya 12 Gicurasi 2020, hifashishijwe ikoranabuhanga, abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bahuriye mu nama yiga ku cyorezo cya...
Abashoferi bose batwara amakamyo yinjira muri Uganda kuva ubu ntibazemererwa gutwara abantu mu modoka zabo no gucumbika muri za hoteli cyangwa inzu z’abantu, ni ingamba nshya zo kurwanya...
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu...