Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent,amaze guhamagara abakinnyi 27 bo kumufasha guhangana na Centrafrique mu mukino wa 5 wo mu itsinda H mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe...
Ikipe ya Patriots na APR WBBC zihagarariye u Rwanda mu mikino y’akarere ka gatanu muri Afurika (Zone v) mu mukino wa Basketball,zitwaye neza ku mikino ya kabiri zakinnye muri iri rushanwa aho...
Icyegeranyo cy’ihuriro mpuzamahanga mu bukungu kiragaragaza ko u Rwanda rwazamutseho umwanya umwe ku mugabane wa Afrika mu bigihugu bihagaze neza mu bukungu (Global Competitiveness Report...
Idris Sultan wamenyekanye ubwo yari mu irushanwa rya Big Brother Africa mu mwaka wa 2014, yasobanuye uburyo yahuye n’ibizazane nyuma y’uko ashwanye n’umukunzi we Miss wema sepetu, ngo yemeye...
Umukinnyi Mico Justin ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Police FC yatangaje ko ameze neza ku buryo mu kwezi gutaha ashobora kuzagaruka mu kibuga kugira ngo afashe ikipe ya Police FC mu...
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Umuhanzikazi wigeze kukanyuzaho mu gihugu cya Tanzania no mu karere duherereyemo muri rusange Ray C yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali ari kumwe n’umuhanzikazi nyarwanda Marina, byari udushya...
Vincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza iby’ ubutaka u Rwanda rwahawe na Kenya Umunyakenya akabizamo ubu bukaba buri mu manza.
Mu myaka wa...
Umukinnyi Bizimana Djihad uherutse kujya gukora igeregezwa mu ikipe ya Fortuna Dusserdolf yo mu Budage yatangaje ko kuba yaratinze kwerekeza muri iki gihugu aribyo byatumye atabasha gushimwa ni...
Urikiko rwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wa New Hampshire wanze ubujurire bw’umunyarwandakazi, Beatrice Munyenyezi, wari warakatiwe igihano cyo gufungwa imyaka 10.
Ubujurire bwe...
Umukinnyi Ombolenga Fitina yatangaje ko impamvu yahisemo APR FC ifite byinshi ayibonamo ndetse kuba izasohokera u Rwanda biri mu byatumye uyu musore hitamo kuyibera myugariro mu gihe cy’imyaka 2....
Umutoza Seninga yatangaje ko yizeye ko umwe muri bakinnyi yaguze uyu mwaka azanikira abandi agatsinda ibitego byinshi mu mwaka w’imikino utaha.
Ikipe ya Police FC yatakaje rutahizamu Usengimana...
Ku munsi wo ku Cyumweru mu Karere ka Rombo mu Ntara ya Kilimanjaro mu burengerazuba bwa Tanzania ,ubwo abapasiteri bo mu rusengero Shalom bari bari kubatiza, mu mugezi babatirizagamo hajemo...
Amakipe 2 yari ahagarariye u Rwanda ariyo Rwanda Revenue Authority (RRA VC) mu bagore na APR VC mu bagabo niyo yegukanye ibikombe mu irushanwa ngarukamwaka ribera i Kampala rya NSSF KAVC...
Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yamaze gufata irembo ry’umunyarwandaazi bagiye kubana akaramata. Amakuru Umuryango.rw, ufite n’uko ku wa kabiri w’iki cyumweru abasaza...
Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b’ ibihugu batandukanye bakiriwe ku kibuga cy’ indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w’ u Rwanda Paul...
Inama nkuru y’ amashuri makuru na Kaminuza HEC yatangaje ko igiye gufunga burundu kaminuza ebyiri zigenga zombi zakorera mu mugi wa Kigali.
HEC yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama ubwo...
Biravugwa ko Ikipe ya APR FC ishobora gusinyisha umukinnyi Rukundo Denis myugariro w’ikipe ya KCCA yo muri Uganda ibonamo ubushobozi bwo gusimbura Rusheshangoga Michel uherutse kuyivamo yerekeza...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Umutoza Antoine Hey w’ikipe y’igihugu Amavubi aracakirana na Uganda uyu munsi saa Cyenda aratangaza ko Atari buze guha agahenge ikipe ya Uganda kuko araza kuyataka kuva umupira utangiye kugeza...
Umukinnyi Bizimana Djihad aratangaza ko yishimiye kuba yaragiriwe icyizere cyo kuba kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi iri kwitegura umukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino ya...