Kuva muri Mutarama kugeza mu UKubuza uyu mwaka wa 2020 hari abagiye bitaba Imana benshi kandi batandukanye urupfu rwabo rushegesha imitima ya bamwe mu batuye isi tutibagiwe n’abahitanywe n’ikii...
Perezida wa WCB, Diamond Platnumz, yatangaje ko gahunda zirimo gukorwa kugira ngo umuhanzi we Raymond Shaban Mwakyusa uzwi nka Rayvanny afungure record label...
Urutonde rw’impunzi z’Abarundi ziri mu kambi ya Mahama mu Rwanda zishaka guhunguka rukomeje kwiyongera, kuko Radio Ijwi ry’amerika ritangaza ko ubu bamaze kurenga...
’Imiyoboro irimo ubusa niyo itera urusaku rwinshi ’ Iki cyari igisubizo cya Tanasha Donna nyuma yuko Ray C amusabye kurega umunyamakuru wa radio yo muri tanzania witwa Mwijaku wavuze ko ari we...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa WCB, Naseeb Abdul Juma uzwi ku izina rya Diamond Platnumz yashyize ahagaragara umunyamuryango mushya muri Label ya WCB Wasafi, umuhanzikazi witwa...
Umukobwa wakoresheje muri Video ya Jeje ivugwa cyane ko yaba iri mu byateje amacakubiri hagati ya Diamond Platnumz na Tanasha Donna avuga ko adakunda icyamamare Diamond ... "Ariko ku rukundo,...
Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka Meddy, yamaze gutangaza ku mugaragaro ko mu minsi mike abakunzi b’Umuziki baraba bamaze kubona indirimbo ye n’icyamamare muri Tanzania...
Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Umuhanzikazi wo muri Tanzania uzwi kuizina rya Lulu Diva yemeje ko akunda Charles Njagua Kanyi uzwi ku izina rya Jaguar mu muziki akaba ari n’umunyapolitike ukomeye muri Kenya ndetse ngo hagati...
Mu gihugu cya Tanzaniya imodoka ya gisirikare yari ivuye mu birori by’imyaka 54 Tanganyika na Tanzaniya byihuje yagoganye n’imodoka ya gipolisi abasirikare babiri bahita bitaba Imana.
Hari kuri...
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika iharanira demukarsi Nyuma yo guha Perezida Joseph Kabila iminsi 45 ngo abe yavuye ku butegetsi, Colonel John Tshibangu wihaye ipeti rya général yatawe muri...
Ntabanganyimana Jean de Dieu wamamaye nka Jay Rwanda mu bamurika imideli yongeye kwegukana iki gihembo nyuma y’uko kuwa 02 Ukuboza 2017 agizwe Rudasumbwa w’Afurika mu basore baturutse impande zose...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
Nibura abantu 24 baburiwe irengero nyuma yo kurohama k’ubwato M / V Maman Benita mu kiyaga cya Tanganyika mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 7 Mata, ku nkombe za Kalemie....
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Uyu munsi i Dar Es Salaam hari huzuye uruvunganzoka rw’abafana ba Yanga Africans bari bitabiriye umuhango wo kumurika igikombe cya shampiyona cya 28, Yanga SC iherutse kwegukana.
Ku munsi w’ejo...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...