Kuri uyu wa gatanu tariki 28 Gashyantare 2020 ikipe y’igihugu amavubi izakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu cya Congo Brazzaville mu gukomeza gutegura imikino ya CHAN ya 2020. Ibiciro byagiye...
Uwahoze ari umutoza w’Amavubi, Jonathan McKinstry,usigaye ari umutoza wa Uganda yatangaje ko nta kipe azi neza nk’u Rwanda ariyo mpamvu umukino wa mbere bazahurira muri CHAN 2020 uzaba ari...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020, nibwo mu mujyi wa Yaounde muri Cameroon harashyirwa mu matsinda ibihugu 16 byabonye itike yo kwitabira CHAN 2020 izabera muri iki gihugu kuwa 04...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Meddie Kagere ukinira ikipe ya Simba yo muri Tanzania, ari ku rutonde rw’abakinnyi 20 bahatanira igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu marushanwa ya CAF (CAF Champions League na CAF Confederation...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko igikombe cya Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu byabo [CHAN] kizaba kuva kuwa 4 Mata kugeza kuwa 25, aho bizahurirana n’igihe u...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Berlin mu Budage, aho yitabiriye inama y’ishoramari izwi nka Compact with Africa (CwA), ihuza bimwe mu...
Rurangirwa Wilson uzwi nka Salongo, ukomoka mu Karere ka Bugesera benshi bakaba bamuziho kugira imbaraga zidasanzwe ahabwa n’abakurambere, kuri iyi ncuro yicaye ku gataro kazamuka mu kirere, abari...
Shawn Corey Carter, Umuraperi w’umunyabigwi mu muziki wa Amerika ndetse no ku Isi muri rusange , mu ndirimbo nshya ya Beyonce (umugore we) hari aho yaririmbye ko umugabo we ashobora kuba afite...
Ikipe y’igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rya F hamwe na Cameroun, u Rwanda Cap Vert na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2021 kizabera muri...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Nyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri...
Abakuru b’ibihugu 5 bemereye perezida wa RDC,Felix Tshisekedi ko bazitabira umuhango wo gushyingura se Etienne Tshisekedi wabaye umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta zose zategetse Republika ya...
Umugabo witwa Cristiano Braga ukomoka mu gihugu cya Brazil yatangaje ko atishimira ko abantu bamwita Yesu bitewe n’umusatsi muremure yateretse bidasanzwe.
Ikipe y’igihugu ya Tanzania ibaye igihugu cya kane gituranye n’u Rwanda gikatishije itike y’igikombe cya Afurika kizabera mu Misiri mu mpeshyi y’uyu mwaka, nyuma yo kunyagira Imisambi ya Uganda...
Ikipe ya Mukura VS yatsinze AS Kigali ibitego 2-1 iyisanze ku kibuga cyayo I Nyamirambo biyifasha gufata Rayon Sports iri ku mwanya wa kabiri yakoze amakosa kuwa Gatanu inganya na Bugesera FC...
Umunyarwanda witwa Jackson Musoni ari mu bantu baguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines, yahitanye abagera kuri 157 kuri iki cyumweru taliki ya 10 Werurwe...
Prix Decouvertes ni ibihembo bigenerwa umuhanzi w’umunyafurika uba wahize abandi mu irushanwa ritegurwa na radiyo y’abafaransa .Aho kuri iyi nshuro umuhanzi Buravan ari umwe mu bahanzi nyarwanda...
Arsène Wenger yabaye umutoza wa George Weah mu ikipe ya Paris Saint-Germain mu myaka ya 1990
Arsène Wenger wahoze ari umutoza w’ikipe ya Arsenal, byitezwe ko azashimirwa na Perezida George Weah wa...