Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye imbaga y’abanyarwanda nyamwinshi bazira uko bavutse, buri mwaka kuva tariki ya 7-14 Mata u Rwanda n’inshuti z’u Rwanda baba bibuka abanyarwanda bazize Jenoside...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye Paul Kagame gukomeza kuyobora u Rwanda kugeza muri 2034 mu kumusubiza Kagame yavuze ko ibyo byazasuzumwa hagendewe kubizava mu matora ateganyijwe muri...
Ingingo ya mbere y’aya masezerano y’amahoro yagiraga iti: "Harangijwe intambara hagati ya guverinoma ya repubulika y’u Rwanda na Front Patriotique Rwandais (FPR)". Impande zombi ibyo zemeje si byo...
Perezida Kagame yatangaje ko yishimiye icyizere abanyarwanda bakomeje kumugirira, ndetse ko azabakorera uko ashoboye, ashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Mu gihe u Rwanda ruri mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsu mu 1994 ntihakirengagizwa bamwe mu banyamakuru bafatwa nkabaharaniraga ukuri ndetse akaba ari nako...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe,Dr Pierre Damien Habumuremyi,wahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame,nyuma yo gufungwa azira gutanga sheke zitazigamiye, yasohotse muri Gereza yari amazemo amezi...
Amakuru yiriwe acicikana ku ku mbuga nkoranyambaga zo muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Cape Town,aravuga ko Komite nyobozi y’ishyaka RRM rya Nsabimana Callixte Sankara yateranye k,umunsi w’ejo...
Angeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa bari kumwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Mutarama 2021, abantu 4 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo uba 94 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 77 bose hamwe baba 8,460 mu bipimo...
Kuwa Kabiri tariki ya 15 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, yatangaje ko yatawe muri yombi yari azi agiye mu Burundi mu nama z’amatorero yatumiwemo...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hemejwe inkuru yari imaze iminsi ivugwa y’ifatwa rya Nsengimana Herman wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FLN, umwanya atamazeho kabiri nyuma yo gusimbura Nsabimana Callixte...